Browsing Category
Mu Mahanga
Rwongeye kwambikana muri DRC, Leta iri kwifashisha indege z’intambara
Umutwe wa M23 uratangaza kko FARDC ifatanije n'indi mitwe nka FDLRC, Mai Mai bagabye ibitero ku birindiro by'uwo mutwe hifashishijwe indege zikomeye z'intambara.
Nyuma y'iminsi mike gusa akarere kagaragaramo ituze, kuri ubu ingabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Leta yashyize hanze amazina y’abaguye mu mpanuka y’indege yaguye muri…
Byamaze kumenyekana ko abantu 19 aribo baguye mu mpanuka y’indege ya Precision Air yo muri Tanzania, yaguye mu kiyaga cya Victoria mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki 6 Ugushyingo 2022.
Leta ya Tanzaniya yamaze gushyira ahagaragara!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku myaka 80 y’amavuko, Perezida Obiam Nguema yagaragaje inyota yo kongera kuyobora igihugu
Perezida Teodoro Obiang Nguema Mbasogo umaze imyaka 43 ku butegetsi muri Guinée Equatoriale kuwa kane yatangije ibikorwa byo kwiyamamariza manda ya gatandatu.
Obiang Nguema w’imyaka 80 yagiye ku butegetsi mu 1979 asimbuye!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nshobora cyane kongera kubikora” Trump yaciye amarenga ko ashobora kongera kwiyamamaza
Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika yaciye amarenga akomeye ko ashobora kongera kwiyamamariza kujya muri White House.
Yabwiye imbaga y’abantu ahitwa Sioux City, muri leta ya Iowa ati “nshobora cyane, cyane, cyane kubikora!-->!-->!-->!-->!-->…
“Inzira y’ibiganiro yaranze, igikurikiraho ubu ni intambara ku Rwanda” Perezida…
Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo yahamagariye urubyiruko rw’iki gihugu “kwinjira mu gisirikare ku bwinshi” kuko “intambara abaturanyi badushojeho isaba ibitambo bya buri umwe muri twe”.
Mu ijambo yagejeje ku gihugu mu ijoro!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage batwitse imodoka ya MONUSCO bayishinja gutwara abarwanyi ba M23.
Abaturage bo mu gace ka Kanyaruchinya hafi y’umujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bariye karungu batwika imodoka y’Ingabo za Loni zishinzwe kubungabunga amahoro (Monusco) bakeka ko itwaye inyeshyamba za M23.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Davido yapfushije umwana we w’uruhinja nyuma yo kugwa muri pisine.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2022, ku mbuga nkorambaga habyukiye amakuru abika Ifeanyi David Adeleke, umwana w’umuhungu wa Davido wari umaze iminsi mike yizihije isabukuru y’imyaka itatu y’amavuko.
Aya makuru mabi aje!-->!-->!-->!-->!-->…
U Buhinde: Abagera ku 130 baguye mu mpanuka
Abantu bagera ku 130 nibo bamaze gutangazwa ko baguye mu mpanuka y’ikiraro cyasenyutse mu Buhinde, naho abagera ku 132 barakomereka, kikaba cyarasenyutse ku cyumweru tariki 31 Ukwakira 2022, mu gace ka Gujarat.
Icyo kiraro ubusanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Somalia: Abagera ku 100 baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi.
Abantu 100 barimo umunyamakuru n’umupolisi baburiye ubuzima mu gitero cy’ubwiyahuze cyagabwe mu murwa mukuru Mogadishu muri Somalia, aho imodoka ebyiri zaturikirijwemo ibisasu n’ibyihebe.
Ni igitero cyemejwe na Perezida wa Somalia,!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrika y’Epfo: Perezida Ramaphoza umaze iminsi aregwa ubujura yasabwe kwegura ku buyobozi
Minisitiri w’Ubukerarugendo muri Afurika y’Epfo, Lindiwe Sisulu yavuze ko byaba byiza Perezida w’iki gihugu, Cyril Ramaphosa yeguye haba ku mwanya wo kuyobora igihugu n’uwo mu ishyaka rya ANC kubera ibyaha bya ruswa akekwaho.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Santrafurika: Ingabo z’u Rwanda zakoze umuganda zinavura abaturage
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) zakoze umuganda ndetse zitanga ubuvuzi ku baturage.
Ku wa Gatanu tariki 28 Ukwakira 2022, Ingabo z’u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika yasabye u Rwanda kureka gukomeza gutera inkunga umutwe wa M23
Leta zunze ubumwe za Amerika zongeye kwihanangiriza u Rwanda zirusaba guhagarika ubufasha ubwo aribwo bwose ruha umutwe wa M23 umaze igihe mu mirwano na FARDC.
Mu cyumweru gishize nibwo imirwano hagati y'umutwe wa M23 n'ingabo za!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani: Umugore aratabarizwa mbere yo guterwa amabuye ngo apfe.
Ibikorwa byo kurengera umugore ukomoka muri Sudan, wahanishijwe kwicwa atewe amabuye kugeza apfuye nyuma yo guhamywa icyaha cy’ubusambanyi biri gukomwa mu nkokora n’uko nta nzego zibishinzwe ziri mu gihugu.
Hashize umwaka Sudani!-->!-->!-->!-->!-->…
“Uburyo bwonyine bwo kwitura mama, ni ukuba perezida wa Uganda, kandi nzamuba”…
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yifuza kuba perezida w’icyo gihugu, nk’uburyo bwamufasha kwitura nyina.
Ni amagambo ashyize ahabona nyuma y’iminsi myinshi yandika cyane ubutumwa kuri politiki!-->!-->!-->…
Nigeria: Polisi iri guhiga bukware umugabo uherutse kuvuna umwana we akaboko amuziza kumubuza…
Polisi n'abayobozi bo muri Leta ya Imo muri Nigeria bari gushakisha hasi no hejuru umugabo wavunnye akaboko k’umwana we w’uruhinja rw’amezi abiri, amuziza ko yamubujije amahwemo yogusinzira
BBC dukesha iyi nkuru yavuze ko uwo!-->!-->!-->!-->!-->…