Browsing Category
Mu Mahanga
Nigeria-Kaduna: 168 bakomeje kuburirwa irengero mu gitero cyagabwe kuri gari ya moshi
Sosiyete ya leta ya Gari ya moshi muri Nigeria yatangaje ko abantu 168 bakomeje kuburirwa irengero, nyuma y’igitero cyagabwe kuri gari ya moshi barimo mu cyumweru gishize.
Ntiharamenyekana umubare w’abashimuswe basabirwa ingurane!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Barindwi baguye mu mpanuka ya Gari ya moshi
Abagera kuri barindwi baguye mu mpanuka ya Gari ya moshi yari itwaye ibicuruzwa mu burasirazuba bw’amajyepfo ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.
Iyi mpanuka yabereye mu cyaro cya Buyofwe mu ntara ya Lualaba, ubwo iyi Geri ya moshi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubumwe bw’Uburayi bwasabwe kwita ku mpunzi z’Abanyafurika kimwe nk’izo muri Ukraine
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi ,Filippo Grandi, yasabye Uburayi kugira ubuntu no guha ikaze abandi bimukira nk’uko bimeze ku mpunzi zo muri Ukraine, nyuma y’urupfu rw’abimukira b’Abanyafurika baguye!-->!-->!-->…
Kenya-Siaya: Abana bane barusimbutse ubwo Imodoka y’Ikigo cy’Ubugenzajyaha yagongaga Kiosk barimo
Abana bane basimbutse urupfu ubwo Kiosk barimo yagongwaga n’imodoka y’ikigo cy’ubugenzacyaha ikayangiza cyane, ku isoko rya Ndori mu gace ka Siaya muri Kenya.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gtandatu, imodoka isanzwe ari iy’ishami rya!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umumotari ukekwaho gufata ku ngufu umunyamahanga yatawe muri yombi
Urwego rushinzwe ubugenzajyaha muri Kenya(DCI) rwataye muri yombi umumotari ukurikiranweho icyaha cyo gufata ku ngufu umunyamahanga.
Umuyobozi wa DCI George Kinoti yavuze ko Protas Onsongo yatawe muri yombi mu gace ka Ngog kuwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine: Umunyamakuru Maks Levin Yishwe ari mu Kazi
Nyuma y'ibyumweru bibiri aburiwe irengero, Umunyaukraine Maks Levin wari umunyamakuru ufotora agakora n'ibiganiro by'amashusho, umurambo we wabonetse hafi y'umurwa mukuru wa Ukraine, Kyiv.
Ibi byatangajwe na Andriy Yermak umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 iravuga ko yabaye ihagaritse imirwano, Leta iti ahubwo twayishenye.
Umutwe w'inyeshyamba za M23 watangaje ko wabaye uhagaritse imirwano ndetse ukaba wasubiye mu birindiro byayo, mu gihe Leta yo ivuga ko ahubwo uwo mutwe wakubiswe inshuro ugahungira mu mashamba.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 1 Mata!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroun: Abaganga batanu batagira umupaka bari barashimuswe barekuwe
Abaganga batanu batagira umupaka bari barafashwe nk’imbohe mu gihe kirenga ukwezi nyuma yo gushwimutwa mu majyaruguru ya Cameroun barekuwe.
Iri tsinda ry’abaganga barekuriwe mu gihugu gituranyi cya Nigeria.
Aba bakozi barimo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
FARDC yatangaje ko yisubije uduce twose twari twafashwe na M23
Nyuma y'iminsi hari uduce tubiri two muri teritwari ya Rutshuru turi mu maboko y'umutwe w'inyeshyamba za M23, kuri ubu igisirikare cya DRC cyatangaje ko cyisubije utwo duce.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, ubuvugizi bw'igisirikare!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi bwagaragaje ko Putin akunzwe ku rugero rwa 83%
Hari ubushakashatsi bwakorewe mu Burusiya bwagaragaje ko Perezida Putin akunzwe n'abaturage ku ruhegero rwa 83% kuva yafata umwanzuro wo gutera igihugu cya Ukraine.
Nyuma yaho perezida vladimil Putin atangije ibitero bya gisirikare!-->!-->!-->!-->!-->…
Ninde warashe kajugujugu yahitanye abasirikare 8 ba MONUSCO muri DRC?
Nyuma y'aho ku munsi w'ejo indege ya kajugujugu ya Monusco irashwe igapfiramo abantu umunani, FARDC na M23 baritana bamwana.
Izi mpande zombi ziri mu mirwano muri teritwari ya Rutshuru zirashinjanya guhanura kajugujugu y'Umuryango!-->!-->!-->!-->!-->…
Afghanistan: Leta yabujije Abagore kugenda mu ndege badaherekejwe n’abagabo bafitanye isano
Abagore bo mu gihugu cy’Afghanistan (Afuganisitani) babujijwe gukora ingendo z’indenge zaba iz’imbere mu gihugu cyangwa hanze yacyo badaherekejwe n’abagabo bafitanye isano.
Kuva Abatalibani bagaruka ku butegetsi muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Intambara y’Uburusiya yatwaye Ukraine miliyari 564.9 z’amadorali-Minisitiri w’Ubukungu
Minisitiri w’Ubukungu wa Ukraine yatangaje ko intambara Uburusiya bwagabye ku gihugu cye imaze gutwara agera kuri miliyali 564.9 z’amadorali ya Amerika, biturutse ku isenyuka ry’ibikorwaremezo, gugarara kw’izamuka ry’ubukungu, n’izindi!-->!-->!-->…
Bourkina Faso: Imiryango itari iya Leta irigaragambya yamagana ibikorwa bya gisirikare by’Ubufaransa
Ihuriro ry’imiryango itegamiye kuri Leta muri Bourkina Faso rigizwe n’abanyamuryango barenga 72 bakoze imyigaragambyo isaba leta guhagarika ubufatanye mu bya gisirikare n’Ubufaransa.
Iri huriro ryahamagariye ubuyobozi bushya!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yubuye imirwano yigarurira uduce twa Chanzu na Runyoni
Abarwanyi ba ARC ishamikiye kuri M23 biravugwa ko bigaruriye uduce baherukwaga kwamburwa n’ingabo z’igihugu twa Chanzu na Runyoni.
Amakuru aturuka mu gace ka Bunagana avuga ko muri iki gitondo cyo kuwa Mbere tariki ya 28 Werurwe!-->!-->!-->!-->!-->…