Browsing Category
Politike
“Ntawe twingingiye kohereza abimukira mu Rwanda” Perezida Kagame Paul
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda ntawe rwigeze rwingingira kurwoherereza abimukira, ahubwo ngo ni igitekerezo cyavutse mu gukemura ikibazo.
Ibi perezida Kagame Paul Yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri taliki ya 23!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama y’ubukungu muri Qatar
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yaraye ageze i Doha muri Qatar aho yitabiriye Inama ya Gatatu y’Ubukungu ya Qatar igaruka ku buryo ubukungu bw’Isi bwifashe n’impinduka zikenewe mu guharanira iterambere rirambye.
Iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
RBA yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa n’igisirikare cy’u Burundi
Umuyobozi wa RBA yagize icyo avuga nyuma y'aho umuvugizi wa gisirikare cy'u Burundi avuze ko icyo kigo cyatanze amakuru y'ibinyoma ashinja ingabo z'u Burundi ziri muri Congo kuba ifasha inyeshyamba.
Mu mpera z'icyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburundi burabeshyuza amakuru avuga ko butera inkunga umutwe wa FDLR Nyatura
Ingabo z’u Burundi zateye utwatsi ibikorwa byo gutoza no guha ubundi bufasha imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Kivu y’Amajyaruguru, irimo FDLR na Nyatura, zivuga ko ziri gushyira mu bikorwa ibikubiye mu butumwa zahawe bwo kugarura!-->!-->!-->…
Barack Obama ku rutonde rw’abagera kuri 500 bafatiwe ibihano
Uburusiya bwaraye bushyize hanze urutonde rw'abanyamerika bagera kuri 500 bafatiwe ibihano n'icyo gihugu kimaze igihe kitari gito mu ntambara muri Ukraine.
Uburusiya bwaraye butangaje ko nabwo bwafatiye ibihano Abanyamerika bagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’Intebe wa CAR yashimiye abapolisi b’u Rwanda bamurinda
Minisitiri w’Intebe wa Centrafrique, Félix Moloua, yashimiye abapolisi b’u Rwanda bo mu itsinda RWAPSU, ubwitange n’ubunyamwuga bagaragaje mu kazi bamaze umwaka bakora ko kumucungira umutekano.Ni mu muhango wari witabiriwe n’abandi!-->!-->!-->…
Dr. Frank Habineza aravuga ko yiteguye guhigika Perezida Kagame mu matora y’ubutaha
Umuyobozi w'ishyaka Green Party Dr Frank Habineza aravuga ko yiteguye guhangana n'umuryango RPF Inkotanyi kandi ko afite icyizere cyo guhigika Perezida Kagame ku buyobozi bw'igihugu.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 13 Gicurasi 2023,!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ibi biza tuzabitsinda nk’uko n’ibindi twabitsinze” Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo yari mu Karere ka Rubavu gusura abaturage baho nyuma y'ibyaga bagize yabahaye icyizere ko ibiza nabyo bizatsindwa nk'uko n'ibindi byatsinzwe.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 12 Gicurasi 2023, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
USA irashinja Afrika y’Epfo kohorereza imbunda Uburusiya
Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika muri Afrika y'epfo yavuze ko hari amakuru yizewe avuga ko Afrika y'Epfo yohereje imbunda n'amasasu Russia
Ambasaderi w'Amerika muri Afurika y'Epfo yashinje iki gihugu guha intwaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye intumwa za Djibouti
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yahuye n’intumwa zo muri Djibouti ziyobowe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahaga Mahmoudi Ali Youssouf, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Ismail Omar!-->!-->!-->…
USA: Urukiko rwahamije icyaha Donald Trump rumuca amande ya miliyoni 5$
Inteko y’abacamanza yahamije Donald Trump ko yakoreye ihohotera rishingiye ku gitsina umwanditsi w’ikinyamakuru, mu iguriro riri i New York mu myaka ya 1990.
Gusa Trump ntabwo yahamwe no gufata ku ngufu E Jean Carroll mu gice!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia-Ukraine: Putin yavuze ko ubutegetsi bwa Ukraine bumeze nk’ubw’Abanazi
Perezida w'u Burusiya Vladimir Putin, yavuze ko Ubutegetsi bwa Ukraine buteye nk'ubw'Abanazi batsinzwe mu Ntambara ya kabiri y'isi.
Ibi Perezida Vradimir Putin yabitangaje kuwa Mbere tariki 8 Gicurasi 2023 mu muhango wahariwe!-->!-->!-->!-->!-->…
“U Rwanda rwarafashije mu kugarura umutekano muri DRC”: Perezida Joao wa Angola
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko uruhare rw'u Rwanda mu kugarura amahoro muri Congo ari runini kandi rutakagombye!-->!-->!-->…
Icyoba ni cyose ku bayobozi b’Uturere nyuma y’uko uwari Meya wa Rubavu yegujwe
Nyuma y'aho njyanama y'Akarere ka Rubavu ifashe umwanzuro wo kweguza uwari umuyobozi wa nyobozi, Meya Kambogo, bamwe mu bayobozi b'Uturere batangiye gushya ubwoba ko ino nkundura ishobora gukomereza mu turere bayobora. (Photo:Igihe)
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Meya w’Akarere ka Rubavu yegujwe
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Kambogo Ildephonse, yahagaritswe mu mirimo n’Inama Njyanama, imushinja kutuzuza inshingano ze, harimo n’ibibazo birebana n’ibiza byahitanye benshi muri ako karere.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu!-->!-->!-->!-->!-->…