Browsing Category
Politike
Intumwa ya Togo yasabye Abanyarwanda gukunda Igihugu n’abayobozi
Mu butumwa bweruye kandi butomoye bwanditswe mu rurimi rw’Ikinyarwanda, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Togo Robert Dussey yasabye Abanyarwanda gukunda Igihugu cyabo n’abayobozi bacyo, by’umwihariko ashimira abayobozi urugero rwiza!-->!-->!-->…
Umwe mu bayobozi bakuru mu Rwanda yavuze icyo yifurizaga indege ya FARDC iherutse kuraswaho
Mussa Fazil Harerimana umwe mu bayobozi bakomeye mu nteko ishinga amategeko, arasanga indege y'intambara iherutse kuraswaho mu Rwanda yari ikwiye gushwanyagurizwa mu kirere cy'u Rwanda.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 24 Mutarama!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yoherereje ubutumwa Sassou-N’Guesso wa Congo Brazzzavile
Ibiro bya perezida wa Congo Brazzaville byatangaje ko Perezida Denis Sassou-N’Guesso kuwa gatatu yakiriye minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Vincent Biruta azanye ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame.
Ibikubiye muri ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenyatta yasabye impande zongeye gushyamirana muri Congo kubahiriza amaserazerano ya Nairobi
Umuhuza wo gushaka amahoro washyizweho n’umuryango w’ibihugu bya Africa y’iburasirazuba yatangaje ko “ahangayikishijwe cyane” no kongera kumera nabi kw’ibintu mu ntara ya Kivu ya ruguru muri DR Congo.
Uhuru Kenyatta, yavuze ibyo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC yamaganye iraswa ry’indege yayo ivuga ko ari igikorwa cy’ubushotoranyi.
Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yatangaje ko indege yabo iherutse kuraswa n'igisirikare cy'u Rwanda ari igikorwa cy'ubushotoranyi kuko yarasiwe mu kirere cya Congo.
Nyuma y'aho Leta y'u Rwanda itangaje ko yarashe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika yemeje ko intwaro zari muri Koreya y’Amajyepfo zimurirwa muri Ukraine zikayifasha…
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko kigomba kwimurira intwaro zacyo zari mu birindiro byazo muri Koreya y'Amajyepfo zikajya gufasha Ukraine guhangara Uburusiya.
Reuters dukesha iyi nkuru yavuze ko kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nta ntambara tuzatangiza, ariko nituyishorwamo tuzayirwana nta kundi”: Alain Mkurarinda
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, avuga ko u Rwanda rutazigera rushaka gutera Igihugu icyo ari cyo cyose gituranyi, kuko gahunda Igihugu kirimo ari iy’iterambere.
Mukuralinda yabigarutseho ku wa Kane!-->!-->!-->!-->!-->…
Umudepite yasabye Guverinoma ya RDC kujya mu mishyikirano na M23
Umudepite wo ku rwego rw’igihugu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gracien Iracan, yatanze ibitekerezo ku cyakorwa na Guverinoma y’icyo gihugu mu kugarura amahoro mu burasirazuba, harimo no kuganira n’umutwe wa M23.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Maroc yasabye umwuzukuru wa Mandela gusaba imbabazi ku magambo aherutse kuvuga
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Maroc ryandikiye impuzamashyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Afrika CAF ko ryategeka umwuzukuru wa Mandela agasaba imbabazi nyuma y'amagambo aherutse kuvugira ku kibuga
Ishyirahamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yavuye mu bindi bice yari yarafashe muri Rutshuru
Umutwe wa M23 kuri iki cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2023, yavuye muri tumwe mu duce yagenzuraga muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya Ruguru.
Okapi yatangaje ko uko kuva muri Rutshuru byatangiriye mu Burasirazuba bw’agace!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen Jean Bosco Kazura ari mu ruzinduko muri Pologne
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura, hamwe n’itsinda ayoboye bari mu ruzinduko rw’akazi muri Pologne, kuva tariki 9 Mutarama 2022.
Amakuru yatangajwe n’igisirikare cy’u Rwanda avuga ko Gen Jean Bosco Kazura!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwanyomoje abagoretse ijambo rya Perezida Kagame ku mpunzi z’Abanyekongo
Guverinoma y’u Rwanda yateye utwatsi ibinyoma bikomeje gukwirakwizwa mu bitangazamakuru byo mu Karere n’ibyo ku rwego mpuzamahanga byagoretse ijambo rya Perezida wa Repubulika Paul Kagame, bimubeshyera ko yavuze ko agiye kwirukana!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Prof Kennedy G. wari uhagarariye Tanzaniya muri LONI yirukanywe kubera ruswa
Perezida wa Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzania Samia Suluhu Hassan yirukanye ku mirimo Prof Kennedy G. Gastorn wari Ambasaderi wa Tanzania mu Muryango w’Abibumbye (Loni), nyuma yo kuvugwaho icyaha cya ruswa.
Umwanzuro wo kwirukana!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nta wundi mucunguzi Congo itegereje usibye umugabo wanjye” Umugore wa Kabila
Mu butumwa yageneye imbaga nyamwinshi y’Abanyekongo, muri iyi minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, umugore w’uwahoze ayobora Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo, Marie Olive Lembe yatangaje ko iki Gihugu kiri mu makuba akomeye kandi!-->!-->!-->…
Abakongomani b’abahezanguni barashinja perezida w’u Burundi gukorera mu kwaha kwa Kagame
Nyuma y'aho perezida Evariste Ndayishimiye avuze ko Congo itazi neza abo M23 aribo mu by'ukuri, byatumye uyu muyobozi yibasirwa bikomeye na bamwe mu bakongomani b'abahenzanguni ndetse bamwe bakamushinja gukorera mu kwaha kwa Kagame.
!-->!-->!-->!-->!-->…