Browsing Category
Politike
Uganda: Ministri Col (rtd) Charles Engola yarashwe n’uwari umuzamu we amushinja kutamuhemba.
Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y'umurimo mu gihugu cya Uganda yarashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri araswa n'uwari umuzamu we nawe ahita yirasa arapfa
Mu gihugu cya Uganda haravugwa urupfu rwa Col (rtd) Charles Okello!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamabanga mukuru wa Loni Guteres yitezwe i Bujumbura kuri uyu wa gatandatu
Umnyamabanga mukuru wa Loni Bwana Guterres kuri uyu wa gatandatu byitezwe ko azitabira inama iganira ku mutekano muri DRC
Ibiro by’Umunyamabanga mukuru wa ONU byatangaje ko kuwa gatandatu azitabira inama “yo ku rwego rwo hejuru”!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Perezida Evariste yakiriye intumwa z’u Rwanda zamuzaniye ubutumwa bwa Kagame
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakiriye Intumwa z’u Rwanda ziyobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh!-->…
Joe Biden yatangaje ko azongera kwiyamamariza kuyobora icyo gihugu umwaka utaha
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yatangaje ko azongera kwiyamamariza kuyobora icyo gihugu cy'igihangange muri manda ye ya kabiri mu matora y'umwaka utaha
Prezida Joe Biden wa Leta Zunze ubumwe za Amerika yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhungu w’umuvugizi wa Putin yavuze ko yigeze gukorera Wagner muri Ukraine
Umuhungu wa Dmitry Peskov, umuvugizi w’ibiro Kremlin bya perezida w’Uburusiya, yatangaje ko yakoreye Wagner Group muri Ukraine mu gihe cy’amezi hafi atandatu.
Nikolai Peskov yagize ati: “Zari inshingano zanjye…Sinashoboraga kwicara!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Biravugwa ko Alain Guillaume Bunyoni yaba amaze guhungira muri Tanzaniya
Amakuru aturuka mu gihugu cy'abaturanyi aravuga ko Gen. Alain Guillaume Bunyoni wigeze kuba minisitiri w'intebe yaba amaze guhungira mu gihugu cya Tanzaniya.
Hari amakuru aturuka mu gihugu cy'Uburundi avuga ko General Alain!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Hongeye gututumba umwuka utameze neza hagati ya guverinoma na Guillaume Bunyoni
Mu gihugu cy'u Burundi haravugwa umwuka utameze neza hagati ya Bwana Guillaume Bunyoni na Leta y'i Burundi imushinja kubika amamiliyari mu nzu.
Mu Burundi hongeye kuvugwa umwuka utari mwiza hagati ya guverinoma y'icyo gihugu na!-->!-->!-->!-->!-->…
“Buri gihugu cya Afurika gifite ingorane” Perezida Paul Kagame
Uretse n’ibihugu bya Afurika, nta gihugu na kimwe ku Isi kidafite ibibazo cyihariye cyangwa gisangiye n’ibindi, uhereye ku izamuka ry’imyenda, ubukene, kubura ingufu, intambara, ukageza ku ngaruka z’imihindagurikire y’ibihe n’ibindi!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Guinea-Bissau
Perezida Paul Kagame yageze mu gihugu cya Guinea-Bissau mu ruzinduko rw'akazi, aho yakiriwe na mugenzi we w'iki gihugu Umaro Sissoco Embaló.
Abayobozi bombi babanje kugirana ibiganiro byabereye mu muhezo mbere y'uko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umujyi wa Kigali wemeye kwishyurira ubukode ababaga mu Mudugudu wo ’Kwa Dubai’
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bwahisemo gukodeshereza ukwezi kumwe abakodeshaga mu macumbi (apartment) yo mu nzu zirindwi zigeretse zo mu Mudugudu ugezweho wiswe “Urukumbuzi Real Estate”, nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko!-->!-->!-->…
Rwanda-Benin: U Rwanda rushobora kohereza ingabo muri Benin kurwanya iterabwoba
Ibihugu bya Benin n'u Rwanda bishobora kugera ku bwumvikane bushingiye ku mutekano aho ingabo z'u Rwanda zishobora kujya muri Benin zigafatikanya n'ingabo z'icyo gihugu guhashya imitwe y'iterabwoba.
Perezida Patrice Talon wa Benin!-->!-->!-->!-->!-->…
Jack Teixeira uvugwaho kwiba no gushyira hanze amabanga akomeye ya USA ni muntu ki
Umusore w’imyaka 21 wo mu ishami rya 'reserve force' ry'igisirikare cyo mu kirere cya Amerika yatawe muri yombi kandi uyu munsi kuwa gatanu aragezwa imbere y’urukiko rw’i Boston ashinjwa kumena amabanga y’ubutasi bwa gisirikare yateranyije!-->…
DRC: Perezida Tshisekedi yongeye gushimangira ko igihugu cye kidateze kuganira na M23
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yavuze ko igihugu cye na Leta ayobora bidateze kugirana ibiganiro n'umutwe wa M23 ko ahubwo uwo mutwe ugomba gushyira intwaro hasi vuba na bwangu.
Perezida wa Repubulika iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 irashinja FARDC n’inyeshyamba gufata aho ivuye ‘bagasahura bakica rubanda’
Inyeshyamba za M23 zatangaje ko ibice zari zarafashe ubu zirimo kurekura bimwe biri kujyamo ingabo za leta n’imitwe y’inyeshyamba yindi maze bakica abasivile bakanabasahura.
Itangazo ry’umuvugizi wa M23 rivuga ko bamaze kuva mu duce!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda ntibazemera ubacamo ibice, barabihaze- Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagaragaje ko Abanyarwanda badashobora kongera kwemera icyo ari cyo cyose cyagerageza kubacamo ibice kuko bazi icyo amacakubiri abyara, yibutsa ababigerageza ko batazigera bongera kugera!-->!-->!-->…