Browsing Category
Politike
U Burusiya bwavuze ko NATO ihembera ’intambara y’intwaro kirimbuzi ibintu bishobora kuba bibi!
Dmitry Medvedev wigeze kuva Perezida w’u Burusiya hagati ya 2008 na 2012, yatangaje ko ibikorwa by’u Burayi na Amerika byo guha intwaro Ukraine, gutoza abasirikare bayo ndetse no gukorera imyitozo hafi y’u Burusiya ari ikibazo gikomeye!-->…
Bitunguranye Turikiya yitandukanyije na Suede na Finiland kubusabe bwo gushaka kwinjira muri NATO
Perezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdoğan, yagaragaje impungenge ku busabe bwa Suède na Finiland bishaka kujya muri NATO, avuga ko atabifiteho igitekerezo cyiza nyuma y’urugamba u Burusiya bwashoje kuri Ukraine kubera nayo gushaka kujya!-->…
Amashyaka 9 atavuga rumwe na Leta y’u Rwanda yasabye LONI kotsa igitutu Leta ikemera ibiganiro
Amwe mu mashyaka 9 atavuga rumwe na Leta y'u Rwanda yandikiye umuryango w'abibumbye iwusaba kotsa igitu leta ngo yemere igirane imishykirano nayo.
Amashyaka icyenda (9) y'Abanyarwanda avuga ko atavuga rumwe n'ubutegetsi bw'u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Muhoozi Kainerugaba yahamagajwe n’urukiko ngo yisobanure
Urukiko rwahamagaje umuhungu wa Perezida Museveni ngo atange ibisobanuro ku birego bitandukanye.
Urukiko rwubahiriza itegekonshinga mu gihugu cya Uganda rwahamagaje umugaba mukuru w'ingabo zirwanira ku butaka muri icyo gihugu Gen.!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore wa Perezida Biden yagiriye uruzinduko muri Ukraine
Umugore wa Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika (USA) Jill Biden, yagiriye uruzinduko muri Ukraine yibasiwe n’ibitero yagabweho n’u Burusiya, ahura na mugenzi we wa Ukraine Olena Volodymyrivna Zelenska ku Cyumweru taliki ya!-->!-->!-->…
Zambia: Leta yahakanye ko icyo gihugu gigiye gucumbikira ingabo z’amahanga
Perezida Hakainde Hichilema yatangaje ko nta birindiro by’ingabo z’ikindi gihugu biri ku butaka bwa Zambia, bitandukanye n’ibikomeje kugarukwaho n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi.
Mu butumwa yanyujije kuri Twitter kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
“Gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda irahari, ntakizayikoma mu nkokora” Boris…
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson, yashimangiye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira mu Bwongereza mu buryo bunyuranyije n’amategeko nta kizayibuza kuba kandi vuba, nubwo hari imbogamizi mu by’amategeko!-->!-->!-->…
“Nta ngano iyo ariyo yose y’igitutu yakora hano” Paul Kagame
Uko umuntu agenda anyura mu bikomeye ni ko asobanukirwa ko akenshi ibyago ahura na byo bishingira ku kumvira abagerageza kumwumvisha uwo ari we ndetse n’uwo akwiye kuba we, yirengagije uwo yumva ari we n’uwo ashaka kuba we.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Igihugu cya Mali kirashinja Ubufaransa kutata igihugu cyabo
Mali yashinje igisirikare cy’Ubufaransa “gutata” nyuma yuko gikoresheje indege nto itarimo umupilote – izwi nka drone – mu gufata amashusho, asa nk’ayerekana abasirikare bahamba imirambo hafi y’ikigo cya gisirikare Ubufaransa buherutse!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yavuze icyo asubiza abamusaba kurekura Rusesebagina
Tariki 4 Mata 2022 nibwo urukiko rw’ubujurire rwasomye imyanzuro yarwo ku byaha bishinjwa Rusesabagina Paul na bagenzi be 20 rubahamya ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba.
Kuva Paul Rusesabagina yagezwa mu Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Hon. Evode yise abarwanya gahunda yo kuzana abimukira Abasinzi basindiye mu isoko.
Senateri Evode Uwizeyimana avuga ko abakomeje kwamagana amasezerano y’u Rwanda n’u Bwongereza ajyanye no kubungabunga ubuzima bw’abimukira, bidashobora gukoma mu nkokora uyu mugambi kuko wumvikanyweho n’Ibihugu ubwabyo kandi bibifitiye!-->!-->!-->…
Umunyamabanga mukuru wa LONI Guterres arahura na Putin
Umunyamabanga mukuru wa ONU Antonio Guterres biteganyijwe ko none kuwa mbere nimugoroba ahura na Perezida Vladimir Putin i Moscow ariko ibyitezwe kuva mu nama yabo ni bicye nyuma y'ibiganiro byinshi byananiranye.
Hitezwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi bashya batanu
Perezida Paul Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi b'ibihugu bitanu guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.
Nyuma yo kuva mu birori by'isabukuru by'umuhungu wa Museveni mu gihugu cya Uganda, uyu munsi kuwa mbere nyuma ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yashimiye Macron nyuma yo gutsindira indi manda
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yifatanyije na Perezida Emmanuel Macron wongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa kwishimira intsinzi yegukanye nyuma yo kongera kwigaranzura Madamu Le Pen bari bahanganye.
Mu butumwa!-->!-->!-->!-->!-->…
umudepite mu Rwanda yamaganye igikorwa cyo kohereza impunzi n’abimukira mu Rwanda
Dr Frank HABINEZA uyobora ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi bw'u Rwanda, yamaganye amasezerano aherutse gushyirwaho umukono hagati y'u Rwanda n'Ubwongereza, agamije kuzana impunzi n'abimukira bari mu Bwongereza.
Nyuma yaho igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…