Browsing Category
Ubuzima
Abagore bagiye koroherezwa gutunga telefone ngendanwa
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, avuga ko hagiye kujyaho uburyo bworohereza abagore gutunga telefone zigendanwa, hagamijwe kuzamura umubare w’abazikoresha no kubafasha gukoresha ikoranabuhanga.
Yabitangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Umukobwa w’imyaka 15 yakuyemo inda, umwana amushyingura mu murima
Umukobwa wo mu murenge wa Cyuve mu Karere ka Musanze uri mu kigero cy’imyaka 15 yakuyemo inda, umwana yari atwite amushyingura rwihishwa mu murima.
Ibi byabaye kuri uyu wa 8 Werurwe 2023 mu Mudugudu wa Rugeshi, Akagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwasabye ko igihano cya Idamange cyiyongera kikava ku myaka 15 y’igifungo ikaba…
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda burasabira Madamu Yvonne Idamange Iryamugwiza gufungwa imyaka 21 muri gereza no gutanga ihazabu ya miliyoni umunani z’amafaranga.
Buravuga ko umucamanza wa mbere yagaragaje ukubogama mu cyemezo yamufatiye.!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi yitabye Imana ku myaka 75 y’amavuko
Gen (Rtd) Marcel Gatsinzi wigeze kuba Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi, akaba yaguye mu bitaro byo mu gihugu cy’u Bubiligi aho yari amaze iminsi yivuriza, bikavugwa ko yitabye Imana ku wa Mbere tariki 6!-->!-->!-->…
Bwana Phenias yitabye Imana nyuma yo kunywa amacupa 2 ya nguvu yategewe.
Umugabo witwa Kalimunda Phenias w’imyaka 43 wari utuye mu murenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke yapfuye urupfu rutunguranye nyuma yo kunywa amacupa abiri ya Nguvu yari amaze gutegerwa na mugenzi we basangiraga mu kabari.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Sambwa na Kasereka abasirikare ba FARDC baherutse kurasirwa mu Rwanda bashykirijwe DRC
Kuri uyu wa Kabiri u Rwanda rwashyikirije Republika ya iharanira Demokarasi ya Kongo imirambo ibiri y’abasirikare bayo rubinyijije mu itsinda rishinzwe kugenzura ibibera ku mipaka mu karere k’ibiyaga bigari. Byabereye ku bitaro bya!-->!-->!-->…
Musanze: Umugore n’umugabo barwanye bagwira uruhinja rwabo rurapfa.
Umugore n'umugabo bo mu Karere ka Musanze biravugwa ko ubwo barimo barwana bagwiriye umwana wabo wari ufite amezi abiri gusa bimuviramo gupfa.
Umugabo witwa utuye mu kagali ka Twizerimana Innocent wo mu Kagari ka Kabeza mu Murenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Ishimwe Dieudonné (Prince Kid) na Miss Iradukunda Elsa basezeranye imbere y’amategeko
Iradukunda Elsa wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2017 kuri uyu wa Kane tariki ya 02 Werurwe 2023 yasezeranye mu mategeko na Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid.
Umuhango wo gusezerana wabereye mu Murenge wa Rusororo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Batengushywe n’umwanya akarere kabo kagize mu kwesa imihigo
Hari bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyanza batashimishijwe ndetse ko batengushywe n'umwanya ako karere kabo kagize mu kwesa imihigo mu mwaka w'i 2021-2022.
Ku munsi w'ejo kuwa kabiri taliki ya 28 Gashyantare 2023 ubwo hasozwaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Indaya yasububije amafaranga y’uwasambanyaga kubera gukoresha imiti yongera imbaraga
Umugore ukora umwugaw'uburaya yasohotse akoma induru mu cyumba yari arimo yishimishirizamo n'undi musore wamuguze ariko bikavugwa ko uyu musore yakoresheje umuti wongera imbaraga mu gutera akabariro uzwi nka viagra.
Mu murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Niyogisubizo Jeannette arakekwaho kubyara umwana akamujugunya mu musarane.
Mu Karere ka Ruhango haravugwa umukobwa witwa Niyogisubizo Jeannette wo mu Murenge wa Bweramana, Umudugudu wa Gakongoro ukekwaho kubyara umwana akamujugunya mu musarane, abatabaye bamukuramo yarangije kwitaba Imana.
Ayo makuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Umukobwa w’imyaka 17 yasanzwe mu nzu yapfuye
Umukobwa w’imyaka 17 wo mu Karere ka Ruhango yasanzwe mu cyumba cye aho yararaga yapfuye, hakaba hataramenyekana icyo yazize kuko ngo ku munsi wo ku wa 24 Gashyantare 2023, yiriwe ari muzima.
Umuryango w’uwo mukobwa witwa Niyigena!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 36, umubiri wa Thomas Sankara washyinguwe.
Leta ya Bourkinafaso yashyinguye ku mugaragaro umurambo wa Thomas Sankara n'abandi bicanywe hamwe yirengagiza ubusabe bw'umuryango we.
Muri Burkina Faso, imibiri ya Thomas Sankara na bagenzi be bicanywe mu 1987 yongeye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Abayobozi 3 b’ishuri barakekwaho gukwirakwiza ibihuha no gutera imvururu muri rubanda
Abayobozi batatu mu kigo cy’amashuri abanza cya Murambi mu Karere ka Rutsiro, batawe muri yombi kuwa Gatatu tariki 22 Gashyantare 2023, bakurikiranyweho ibyaha birimo guteza imvururu.
Abafunzwe ni Hitayezu Anatole w’imyaka 51 akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Nyamulinda wigeze kuyobora umujyi wa Kigali yahawe inshingano zikomeye muri Benin
Bwana Nyamulinda Pascal wigeze kuyobora umujyi wa Kigali mu myaka itanu ishize yagizwe umuyobozi w'ikigo gishinzwe indangamuntu mu gihugu cya Benin.
Perezida wa Bénin, Patrice Talon, yagize Umunyarwanda Pascal Nyamulinda, Umuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…