Browsing Category
Ubuzima
Abashakaga kwiga no gukora mu bihugu byateye imbere bashyizwe igorora
Ikigo kizobereyemu gushakira ishuri n'akazi Abanyarwanda mu bihugu bikize kandi byateye imbere, cyatanze aandi mahirwe adasanzwe ku babyifuza.
Ikigo United Scholars Center kimaze kwandika izina rikomeye mu mitima y'Abanyarwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Cyuma Hassan yavuze ko akarengane amazemo imyaka 3 kamuteye kutabona neza
Bwana Cyuma Hassan yongeye kugaragara imbere y'urukiko asaba ko urubanza rwe rusubikwa kuko atabonye uko asoma dosiye ye anakomoza ku karengane amazemo imyaka itatu muri gereza.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Mutarama 2023, Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hari abaturage bamaze iminsi bimwa service kubera ko bavuganye n’itangazamakuru
(Photo archive)
Bamwe mu baturage bo mu Kagali ka Nyanza mu mujyi wa Nyanza baravuga ko hari serivisi bimwa kubera ko baganiriye n'itangazamakuru.
Hari abaturage batuye mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana, mu kagali ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Umujyi wa Kigali washyizeho amabwiriza agenga abanyura mu nzira zagenewe siporo
Umujyi wa Kigali washyizeho amabwiriza agenga abagenda mu nzira zagenewe siporo zikikiye ibibuga bya Kigali Golf Nyarutarama ku ruhande rwa Kacyiru, aho umuntu ugenda muri izo nzira atemerewe gucira hasi no kwitwaza inkoni cyangwa!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umusore w’imyaka 20 yishwe atewe ibyuma
Umwana w'umusore uri mu kigero cy'imyaka 20 y'amavuko wari utuye mu Karere ka Kamonyi yishwe atewe ibyuma n'abagizi ba nabi.
Mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Runda, haravugwa inkuru y'umwana w'umusore witwa Kwibuka Emmanuel!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Umugabo w’imyaka 54 yashatse umwana w’imyaka 4
Umugabo w’imyaka 54 ukomoka mu gace ka Bayelsa gakungahaye cyane kuri peteroli yashatse umwana w’imyaka 4 kugira ngo arokore ubuzima bwe.
Ubukwe bwa bano bombi bwabaye ku wa 26 Ukuboza 2023, gusa ababyeyi b’uyu mukobwa bavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umufasha wa Gen. Mubarakah Muganga yanyomoje abavuga ko yahunze u Rwanda
Abiyita ko barwanya u Rwanda bakomeje gushaka icyatuma abantu bahugira ku binyoma birirwa bahimba bagamije kuyobya ab’imitima yoroshye, by’umwihariko abakunze gukoresha imbuga nkoranyambaga.
Mu bikwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abakuru b’imidugudu bahawe amagare mu rwego rwo kuborohereza gutanga serivisi.
Abakuru b'imidugudu bahawe amagare mu rwego rwo kubafasha kugera kumuturage mu gihe we yazaga abagana kugira ngo bamukemurire ikibazo ugasanga akerewe guhabwa service yashakaga ku gihe.
Aya magare bayahawe kuri uyu wa gatanu ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umusaza w’imyaka 64 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 10
Umusaza uri mu kigero cy'imyaka 64 akurikiranyweho gusambanya umwana w'umukobwa w'imyaka 10.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu taliki ya 5 Mutarama 2023 mu Karere ka Nyarugenge, mu murenge wa Nyamirambo, mu kagali ka Biryogo!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa KIYOVU SC yasabye FERWAFA kumuha igihe akiga ku kirego yarezwemo na Juvenal
Perezida w’Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Hean Francois Regis ’Général’, yasabye Akanama ka Komisiyo y’Imyitwarire muri FERWAFA iminsi 10 yo kwiga ku kirego cyo guharabika no kwangisha undi rubanda, yarezwemo na Mvukiyehe!-->!-->!-->…
Uganda: Steven Kabuye uvugira Abatinganyi yatezwe n’abagizi ba nabi bamutera icyuma mu nda
Umwe mu bagabo bazwiho kuvugira no guharanira uburenganzira bw'ababana bahuje ibitsina mu gihugu cya Uganda yatezwe n'abagizi ba nabi bamutera icyuma mu nda.
Bwana Kabuye Steven uzwi cyane mu gihugu cya Uganda mu baharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
COVID 19 yongeye ibyura umugara muri Amerika
Ikigo cy’Abanyamerika gishinzwe Gukumira no kwita ku ndwara z’Ibyorezo, CDC cyatangaje ko abarwayi bajya mu bitaro kubera icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 16.7% ndetse hamwe bahita bategekwa kwambara agapfukamunwa.
Iki cyorezo!-->!-->!-->!-->!-->…
Japan: Ku munsi w’ubunani, abantu bishwe n’umutingito
Igihugu cy’ubuyapani kiratangaza ko ku munsi w’ejo habaye umutingito ufite ubukana bwa 7.6, ugakurikirwa n’indi m ishyitsi myinshi maze abagera kuri 48 bahasiga ubuzima.
Ubuyobozi bwa Ishikawa aho umutingito watangiriye,!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: abana 7 bishwe bahawe uburozi bazira kwiba inkoko zari kuribwa ku bunani
Mu Ntara ya Kagera muri Tanzania haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’abana barindwi bagaburiwe uburozi burabahitana bikozwe n’abo mu muryango umwe bavugaga ko abo bana babibye inkoko bari kuzarya ku bunani.
Ikinyamakuru Tuko News nicyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore abasirikare b’abagore bafite ipeti rya Colonel mu Rwanda
Impera z’uyu mwaka zabaye iz’umunezero ku basirikare bato, ba suzofisiye n’abofisiye bazamuwe mu ntera, barimo n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Mubaraka Muganga wahawe ipeti rya Jenerali (Gen.) avuye ku rya Liyetona Jenerali (Lt.!-->!-->!-->…