Browsing Category
Umutekano
Sudan: Ibihugu bitandukanye byatangiye guhungisha aba diplomates bayo
Mu gihe intambara ikomeje kubica bigacika muri Sudan, ibihugu bitandukanye bikomeje gucyura aba diplomates babo ngo batazahitanwa n'intambara.
Urutonde rukomeje kwiyongera rw'ibihugu byahungishije abadiplomate n'abaturage babyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Texas: Abanyeshuri bari mu byishimo byo gusoza ay’isumbuye barashweho 9 barakomereka
Muri Leta ya Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abanyeshuri bari mu birori byo kwishimira kurangiza amashuri yisumbuye bagabweho igitero n’umuntu witwaje imbunda, akomeretsa icyenda.
Iki gitero cyagabwe kuri aba banyeshuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Yibye nyirabuja miliyoni 2, afatirwa i Kayonza amaze gukuramo arenga ibihumbi 500
Polisi y’u Rwanda yafashe umusore witwa Sinjyeniyo Claude, wafatiwe mu Karere ka Kayonza, nyuma yo kwiba amafaranga angana na Miliyoni 2Frw nyirabuja witwa Nyirakanani Antoinette, ukorera ubucuruzi mu Mujyi wa Kigali ahazwi nko muri!-->!-->!-->…
Kigali: Urubyiruko ruri hagati y’imyaka 20-30 nirwo ruri ku isonga mu bikorwa by’ubujura
Umuyobozi w'umujyi wa Kigali yavuze ku kibazo cy'ubujura kimaze iminsi kivugisha abanya Kigali, urubyiruko rurashyirwa mu majwi kuba arirwo rufatirwa muri ibyo bikorwa
Kuri uyu wa mbere taliki ya 17 Mata 2023 ubuyobozi bw'umjyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umukobwa w’imyaka 23 yatewe icyuma mu ijosi no mu nda ariko Imana ikinga akaboko
Mu ijoro ryo ku wa 11 Mata 2023 mu Mudugudu wa Itunda, Akagari ka RubiriziUmurenge wa Kanombe mu Mujyi wa Kigali, umuntu ukekwaho kuba ari umujura wari witwaje intwaro gakondo yinjiye mu rugo rwa Ayabagabo Christophe na Mpiriwe Monica,!-->!-->!-->…
Bugesera: Abantu babiri bikekwaho kuba bari abajura baraye barashwe barapfa
Abagabo babiri bikekwa ko bari bavuye kwiba baraye barashwe barapfa ubwo basabwaga guhagarara bakanga ahubwo bakagerageza kurwanya inzego z'umutekano.
Mu murenge wa Mayange ho mu Karere ka Bugesera haravugwa urupfu rw'abagabo bagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Wa musore uherutse kwiyemerera ko yishe wa mwalimu nawe yarashwe arapfa
Dusabe Albert w’imyaka 28 wari ukurikiranyweho kwica umwarimu wa Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare, Dr. Muhirwe Karoro Charles, yarasiwe mu Murenge wa Cyeza, Akagari ka Kivumu, Umudugudu wa Musengo ahita apfa, nyuma yo kurwanya!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umwe mu bakekwaho kwica umumotari bakamwambura moto yafashwe
Nyuma y'aho kuri uyu wa Gatandatu Tariki ya 08 Mata 2023, hazindutse havugwa inkuru y’umumotari w’imyaka 23, wishwe urupfu rw'agashinyaguro ategewe mu gashyamba ubwo yaratashye akamanikwa ku giti mu Murenge wa Shangasha, mu Karere ka!-->!-->!-->…
Gicumbi: Amayobera ku rupfu rw’umusore wasanzwe ku gipangu cy’abandi yashizemo umwuka
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 08 Mata 2023, nibwo hamenyekanye amakuru y’urupfu rw’umunyeshuri witwa, Nshyikiyimana John w’imyaka 23 wigaga mu mwaka wa kabiri mu ishami ry’uburezi, muri Kaminuza ya UTAB, wasanzwe!-->!-->!-->…
Gicumbi: Abagizi ba nabi bishe umumotari basiga bamuziritse ku giti
Abagizi ba nabi bataramenyekana baraye bishe bunyamaswa umumotari basiga bamuziritse ku giti
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu taliki ya 7 Mata 2023 abagizi ba nabi bataramenyekana baraye bishe bunyamaswa umusore wakoraga akazi ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Ntibiringirwa Eric yaraye yicishije umuhoro mugenzi we amuziza umurima w’ibijumba
Umusore witwa Eric Ntibiringirwa yarashwe n'inzego z'umutekano nyuma y'uko yari amaze gutema mugenzi we bapfaga umurima w'ibijumba
Mu mudugudu wa Nyamise, Akagari ka Kabaliza, mu Murenge wa Rutunga, mu Karere ka Gasabo haravugwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye amakuru mashya y’uwicishije Dr Muhirwa Karoro
Hari amakuru mashya yagiye hanze avuga ku rupfu rwa Dr Muhirwa uherutse kwicwa mu buryo buteye ubwoba yicirwa mu Karere ka Muhanga
Mu minsi mike ishize nibwo hamenyekanye amakuru y'iyicwa rubozo ry'umwalimu Dr Muhirwa Karoro!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Umumotari yafatanywe Perimi y’inyiganano
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda (TRS), ku wa Kabiri taliki 28 Werurwe, yafatiye mu Karere ka Ngoma umusore w’imyaka 21, ukora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto wari ufite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga!-->!-->!-->…
DRC: M23 yisubije agace ka Mweso yari yarekuye nyuma ingabo za FARDC zikakisubiza
Umutwe wa M23 wigaruriye umujyi wa Mweso uri muri teritwari ya Masisi, nyuma gato yo kuwurekura ikawuha ingabo za EAC ariko Mai Mai na FDLR na Mai Mai bakawisubiza bigatuma abaturage baho batangira kwicwa.
Umuvugizi w’umutwe witwaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Amayobera kuri miliyoni zirenga 25 zibwe muri SACCO ya Karangazi
Miliyoni zirenga 25 nizo bimaze kumenyekana ko zibwe muri SACCO y'Umurenge wa Karangazi, kugeza ubu biracyari amayobera kuko nta rugi cyangwa idirishya byishwe ngo hagire uwinjiramo yibe.
Amakuru y'iyibwa y'amafaranga y'u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…