Browsing Category
Umutekano
Gasabo: Yahaye umunyenga w’igare umunyerondo arangije araritorokana ntiyagaruka
Umuturage ari mu gahinda kenshi nyuma yo guha umunyenga umwe mu banyerondo b'umwuga maze araritorokana aragenda ntiyagaruka.
Umugabo witwa Mukunzi Martin utuye mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Jabana, akagari ka Kabuye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abarenga 100 bamaze kugwa mu mirwano hagati ya M23 na Leta
Mu gihe imirwano ikomeje gufata indi ntera muri Repubulika iharanira demokrasi ya Congo, biravugwa ko abasirikare ba Leta bagera ku ijana bamaze kuhasiga ubuzima.
Umunsi ubaye uwa kabiri imirwano ikomeye yongeye kubura muri!-->!-->!-->!-->!-->…
RDF irashinja FARDC kurasa ibisasu bya rokete mu Rwanda
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasabye itsinda ry’ingabo rishinzwe kugenzura imipaka mu karere (EJVM/The Expanded Joint Verification Mechanism) gukora iperereza ku bisasu byarashwe n’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya!-->!-->!-->…
Wa musirikare w’Uburusiya waburanishirizwaga muri Ukraine yakatiwe gufungwa burundu
Umusirikare w'Umurusiya wafatiwe ku rugamba n'ingabo za Ukraine yakatiwe n'inkiko zo muri icyo gihugu igihano cyo gufungwa burundu nyuma y'uko ahamijwe ibyaha byo mu ntambara.
Sgt Vadim Shishimarin wimyaka 21 y'amavuko wo mu ngabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugabo yaguye mu gico cy’abagizi ba nabi bamumenagura amaso
Ahagana saa yine z'ijoro zo kuri uyu wa gatandatu, mu Karere ka Gicumbi, mu murenge wa Gashaki, akagari ka Kamutora, mu mudugudu wa Kabuga, hari umugabo uri mu kigero cy'imyaka 35 yaguye mu gico cy'abagizi ba nabi kugeza ubu batari!-->!-->!-->…
Nyanza: Yatemye umugore we akaboko, akomeretsa n’umwana we bikomeye
Umugabo wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza, yakomerekeje umugore we bikomeye aho bivugwa ko yamuciye akaboko, akomeretsa umwana mu mutwe, ndetse atema mu mugongo inka yari iri mu rugo.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yahaye gasopo abamotari bakora bahisha pulake
Polisi y’u Rwanda yihanangirije abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bahisha ibirango bya moto bakoresha, bagamije kwica amategeko n’amabwiriza agenga imikoreshereze y'umuhanda, inabibutsa ko yashyize imbaraga mu bikorwa!-->!-->!-->…
Rwamagana: Gasangwa yafatanywe perimi y’indyogo
Kuri uyu wa Kane Tariki ya 12 Gicurasi, Polisi y'u Rwanda ishami rishinzwe gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga, ryafashe umugabo witwa Gasangwa Faustin w'imyaka 31, afite uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga!-->!-->!-->…
Ruhango: Babangamiwe n’abanyerondo babakubita bakabakuramo amenyo
Hari abaturage bavuga ko babangamiwe n'abanyerondo babangamiwe n'Abanyerondo babakubita bakabakuramo amenyo.
Hari abaturage bo mu Karere Ruhango, mu Murenge wa Ruhango ho mu Kagali ka Bunyogombe bavuga ko babangamiwe cyane!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Babiri batawe muri yombi bagerageza guha ruswa umupolisi
Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe gutanga Ibizamini by’impushya zo gutwara Ibinyabiziga, ryafatiye abagabo babiri mu Karere ka Rwamagana, barimo umukandida ku kizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga mu cyiciro cya ‘B’!-->!-->!-->…
Prince yitabye urukiko amenyeshwa ibyaha 3 ashinjwa
Kuri uyu wa Gatatu, Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid wateguraga amarushanwa y’ubwiza ya Nyampinga w’u Rwanda (Miss Rwanda), yagejejwe imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama mu Karere ka Kicukiro.
Uyu musore w’imyaka 36!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Umugabo w’imyaka 55 yiyemereye ko yasambanije umwana w’imyaka 7 ngo ni Amadayimoni…
Umugabo w’imyaka 55 y’amavuko wo mu Karere ka Huye ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka irindwi y’amavuko, yemera iki cyaha, akavuga ko yabitewe n’amadayimoni ndetse na Primus 2 yari amaze kunywa.
Ubushinjacyaha!-->!-->!-->!-->!-->…
Gitifu yatawe muri yombi, akekwaho gusambanya umwana w’umunyeshuri
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa kamwe mu Tugari two mu Murenge wa Minazi mu Karere ka Gakenke, ukekwaho gusambanya umwana w’umukobwa.
Uyu muyobozi witwa Bangankira!-->!-->!-->!-->!-->…
Pasitoro yakatiwe gufungwa burundu nyuma yo guhamwa icyaha cyo gusambanya abana b’impanga
Ku wa gatatu, tariki ya 4 Gicurasi, umucamanza Abiola Soladoye muri Leta ya Lagos, muri Nijeriya, yakatiye Pasiteri Michael Oliseh igifungo cya burundu azira gusambanya abakobwa b’impanga b’imyaka 12 b’umukunzi we.
Mu rubanza rwe,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Ari guhigwa bukware nyuma gusambanya umukobwa we
Inzego z'umutekano ziri guhiga bukware umugabo ukurikiranyweho gusambanya umwana we w'umukobwa.
Inzego z'umutekano mu mujyi wa Kigali ziri gushakisha umugabo uzwi ku izina rya Ibrahim KABERA wo mu mujyi wa Kigali mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…