Browsing Category
Umutekano
Umunyamakuru wa ISANGO Star yatawe muri yombi nyuma y’aho abuze ubwishyu bw’inzoga…
Umunyamakuru Bujyakera Jean Paul uzwi nka Guterman yatawe muri yombi ashinjwa ibirimo kwaka icyo kunywa mu kabari akananirwa kwishyura ndetse no gukubita uwamwishyuzaga.
Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia-Ukraine: Ku nshuro ya mbere Ukraine n’Uburusiya byaguranye infungwa z’intambara
Ku nshuro ya mbere Uburusiya na Ukraine biri mu ntambara, ibyo bihugu byombi bayahanahanye imfungwa z'intambara.
Mu ijoro ryakeye, Ukraine n’Uburusiya byahererekanyije imfungwa mu buryo butari bwitezwe kandi bunini cyane kuva iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
NYARUGURU: Hafashwe amabaro atatu y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe mu buryo bwa Magendu
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, mu karere ka Nyaruguru kuri uyu wa Kabiri, tariki 20 Nzeri, yafashe amabaro 3 y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa Magendu n’abantu batatu bari bayikuye mu!-->!-->!-->…
Kigali: Indaya yakebesheje urwembe mugenzi wayo bapfa icupa ry’urwagwa rya 500frs
Abagore babiri batunzweno kwicuruza ’ndaya’ bo mu Kagari ka Munanira ya II mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, barwanye mu buryo bukomeye umwe akeba itama mugenzi we akoresheje urwembe bapfa ko yamunywereye ku icupa!-->!-->!-->…
Kigali: Bwana MFITUMUKIZA yaraye afatanywe 1,500$ y’amiganano
Polisi y'u Rwanda mu karere ka Nyarugenge yafatanye uwitwa Mfitumukiza Marcel ufite imyaka 55 y’amavuko, amadorali y’Amerika y’amiganano angana n’igihumbi na maganatanu (US $1,500) agizwe n’inoti 20 zirimo 10 z'ijana n’izindi 10 za!-->!-->!-->…
Kicukiro: Polisi yataye muri yombi umusore wahondaguye nyina hafi kumwica
Polisi y'u Rwanda yataye muri yombi umugabo w'imyaka 30 wahohoteye nyina umubyara akamukubita hafi kumwica
Polisi y'u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali akarere ka Kicukiro yatangaje ko yataye muri yombi umugabo witwa RUBAGUMYA!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye icyatumye RIB ita muri yombi umuhanzi Danny Nanone
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwemeye ko rwataye muri yombi Bwana Danny Nanone, ruvuga ko akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa.
Itabwa muri yombi rya Bwana Danny Ntakirutimana uzwi cyane muri ino mihanda nka!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abasirikare ba FARDC baguye mu gico cy’aba M23 bamburwa intwaro abandi bafatwa mpiri
Kuri iki Cyumweru tariki ya 18 Nzeri 2022, Umutwe wa M23 wateze igico imodoka ya FARDC yari itwaye itwaro izijyanye mu mujyi ku birindiro bya FARDC mu mujyi wa Rutshuru, abasirikare ba FARDC babonye ko M23 yabateze, bahise basohoka mu!-->!-->!-->…
Ruhango: Nyuma y’amezi 8 yose yihisha RIB yataye muri yombi Rutagengwa ukekwaho gutwika…
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha RIB ruratangaza ko rwafashe uwitwa Rutagengwa Alexis ukekwaho gutwika imodoka y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhango.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Dr. Murangira!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umumotari yasanzwe mu gashyamba yapfuye, moto ye ntawayitwaye
Umugabo uri mu Kigero cy’imyaka 35 wari usanzwe akora akazi ko gutwara abantu kuri Moto yasanzwe mu muhanda yapfuye, moto iri iruhande rwe. Bikekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi.
UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye amakuru ko byabereye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kimisagara: Bwana Issa yakubise umusumari mu mutwe mugenzi we kubera ko yanze kumusengerera
Umugabo witwa Issa yakubise mugenzi we umusumari mu mutwe nyuma y'uko uyu yanze kumusengerera inzoga ya 300frs.
Mu murenge wa Kimisagara mu Karere ka Gasabo ho mu mujyi wa Kigali, haravugwa inkuru y'umugabo witwa Issa watawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo w’imyaka 37 yatawe muri yombi, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana…
Umugabo w’imyaka 37 wo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Nyamirama, yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana w’umugore we ariko batabyaranye ufite imyaka 11.
Uyu mugabo yatawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Benin imaze igihe izengerezwa n’ibyihebe yasabye u Rwanda ubufasha bwo guhangana n’icyo…
Leta ya Benin yatangiye ibiganiro na Guverinoma y’u Rwanda, bigamije gusaba inkunga y’ibikoresho n’ubunararibonye mu guhangana n’ibyihebe bigendera ku matwara ya Kiyisilamu bimaze gushing ibirindiro mu majyaruguru y’Igihugu.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusirikare wa Angola warashe umucuruzi w’umukongomani nawe yarashwe arapfa.
Abasirikare ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo barashe Umusirikare wa Angola wari umaze kwica umunyekongo ucuruza magendu imbunda ye bayinjiza muri RDC.
Ni gikorwa cyabereye mu gace ka Cambinza kari hafi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Umukecuru Nyirabahutu aratabariza umusaza we avuga ko yaburiye muri Gereza ya Miyove
Umukecuru witwa Nyirabahutu aravuga ko iminsi igiye kuba itanu yarabuze umugabo we amuburira muri gereza ya Miyove.
Umukecuru witwa Niyirabahutu Belancille utuye mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Miyove, aravuga ko iminsi igiye kuba!-->!-->!-->!-->!-->…