Browsing Category
Umutekano
Nyanza: Umupolisi n’abanyerondo bari bagiye gusaka inzoga z’ibikwangali bakubiswe…
Kuri iki cyumweru gishize umupolisi n'abanyerondo babiri bari bagiye gusaka inzoga z'ibikwagali basagariwe n'abaturage barabakubita bikomeye.
Ku cyumweru taliki ya 7 Kanama 2022, mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Busasamana ho mu!-->!-->!-->…
DRC: Abitwaje ibirwanisho bateye gereza babohoza abagororwa barenga 800
Abarwanyi bivugwa ko ari bo mu mutwe wa ADF bateye gereza ya Kakwangura i Butembo muri Kivu y’Amajyaruguru, babohoza abagororwa bagera kuri 874 .
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Kanama 2022 muri Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo!-->!-->!-->…
Ingabo z’u Burundi zifatanije n’imbonerakure zigaruriye agace ka Birimba muri DR Congo
Ingabo z'u Burundi ziravugwa ku butaka bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aho zishobora kuba zamaze kwigarurira agace ka Birimba kari indiri z'abarwanya ubutegetsi bw'u Burundi zizwi nka RED TABARA.
Ingabo z'igihugu!-->!-->!-->…
Undi musirikare wa DRC yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda akurikiranye intama abana baragiye ngo…
Umusirikare wo mu ngabo za Repulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda nyuma yo kubukandagiraho ubwo yirukankanaga abana ashaka kubambura intama bari baragiye.
Uyu musirikare yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda ku!-->!-->!-->…
Mozambique: RDF yagize uruhare mu kubohora abagera kuri 600 bari barafashwe bugwate
Kuva muri Mata uyu mwaka, inzego z’umutekano z’u Rwanda zifatanyije n’Ingabo za Mozambique hamwe n’iza SADC, zimaze gusenya ibirindiro by’ibyihebe mu bice bya Catupa mu Karere ka Macomia, kamwe mu tugize Intara ya Cabo Delgado.
!-->!-->!-->…
Nyanza: Hari abaturage basaba ubuyobozi kubakiza urugomo bakorerwa n’abiyita ABAZUKE
Hari abaturage bo mu Karere ka Nyanza bavuga ko babangamiwe bikomeye n'insoresore ziyita Abazuke zibakorera urugomo rukabambura utwabo nyuma yo kubata ku munigo.
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyanza cyane cyane mu mujyi barasaba!-->!-->!-->…
Rubavu: Gitifu ushinjwa gukuramo amenyo umukobwa wanze ko baryamana yisobanuye avuga ko ari kuzira…
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kanzenze w’akarere ka Rubavu uvugwaho gukubita no gukomeretsa umukobwa ukora mu kabare avuga ko ari akagambane yagiriwe n’umukozi bakorana ushaka kumusebya mu itangazamakuru.
None ku cyumweru!-->!-->!-->…
DRC: Hari abasirikare bagaragaye mu bikorwa byo gusahura ibikoresho bya MONUSCO
Ku munsi wa kabiri w'imyigaragambyo igamije kwamagana MONUSCO muri Repubulika uharanira demokarasi ya Congo, abasirikare nabo bagaragaye bari mu bikorwa byo gusahura.
Guhera ku munsi w'ejo hashize taliki ya 25 Nyakanga 2022 mu mujyi wa!-->!-->!-->…
RWAMAGANA: Bwana Anaclet ukekwaho gukwirakwiza amafaranga y’amahimbano yatawe muri yombi
Polisi y'u Rwanda, kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Nyakanga, yafashe uwitwa Habirora Anaclet w’imyaka 30, wafatanwe amafaranga y’ u Rwanda, ibihumbi mirongo inani na bibiri (82.000) by’amahimbano afatirwa mu karere ka Rwamagana, mu!-->…
“Niduterwa tuzitabara” Willy Ngoma umuvugizi wa M23
Umuvugizi w'umutwe wa M23 yatangaje ko nibaramuka batewe nabo bazirwanaho kuko n'ubundi batiteze kuva mu birindiro byabo no mu duce bafashe.
Umuvugizi w'umutwe w'inyeshyamba wa M23 avuga ko witeguye kwirwanaho mu gihe waba ugabweho!-->!-->!-->!-->!-->…
Bane bafatanywe amasashe asaga 73,000 atemewe mu Rwanda
Ku Gatanu taliki ya 8 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda mu Turere twa Nyabihu na Burera, yafashe abantu bane bacuruza amasashe atemewe gukoreshwa mu Rwanda, bose hamwe bafatanywe amasashe ibihumbi 73.
Abafashwe ni Munyaneza Benon, Izabayo!-->!-->!-->…
Japan: Tetsuya Yamagami wishe uwahoze ari minisitiri w’intebe yasobanuye icyabimuteye
Nyuma yo kuraswa amasasu abiri mu gituza akajyanwa kwa muganga, byarangiye Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe apfuye. Uwamurashe ni umugabo w’imyaka 41, amazina ye ni Tetsuya Yamagami.
Yabwiye Polisi ko ubwo Shinzo Abe yari!-->!-->!-->…
DRC: Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 n’ingabo za Leta FARDC
Nyuma y'iminsi ibiri gusa ba Perezida Kagame na Felix Tshisekedi bahuriye i Luanda, biravugwa ko imirwano hagati y'umutwe wa M23 na FARDC yongeye kubura.
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo avuga ko imirwano!-->!-->!-->…
Nigeria: Gereza yari irinzwe cyane yatewe abagororwa 900 baratoroka
Ku wa Gatatu tariki 6 Nyakanga 2022, Abayobozi bo muri Nigeria batangaje ko imfungwa zigera hafi kuri 900, zatorotse gereza ubundi irinzwe cyane iherereye mu Mujyi wa Abuja, ubwo yagabwagaho igitero n’inyeshyamba zigendera ku mahame!-->…
AU yasabye Ethiopia na Sudan kugana inzira y’ibiganiro bakareka kurwana
Umukuru w’akanama k’umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU/UA) yasabye ko habaho kwifata, ituze n’ibiganiro, mu gihe ubushyamirane bwo ku mupaka hagati ya Ethiopia na Sudan buri guteza inkeke yuko bushobora gufata indi ntera.
Mu itangazo,!-->!-->!-->…