Browsing Category
Umutekano
Kigali: Bwana Charles na Nadine bafatiwe mu cyuho bagiye kugurisha ubutaka butari ubwabo.
Umugabo witwa Charles na Nadine bafatiwe mu cyuho ubwo bari bagiye kugurisha ubutaka butari ubwabo kuri miliyoni 70 z'Amanyarwanda.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu aribo CHARLES!-->!-->!-->!-->!-->…
Undi mukobwa wiyitaga umupolisi akabeshya abantu ko azabaha perimi yatawe muri yombi.
Ku cyumweru, tariki ya 17 Mata, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abaturage yafashe uwitwa Dusabemariya Grace ufite imyaka 35 y’amavuko ukurikiranweho kuba yaratse uwitwa Majyambere Silas, amafaranga y’u Rwanda agera kuri miliyoni ebyiri!-->!-->!-->…
Nteziryayo yafatanywe igifunyika cy’amafranga yari yibye muri banki anyuze mu gisenge…
Kuwa mbere tariki ya 18 Mata, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyamagabe yafashe abagabo batatu bakurikiranweho gucura umugambi no kugerageza kwiba Banki y’abaturage (BPR) ishami rya Musange riherereye mu murenge wa Musange, akagari ka!-->!-->!-->…
Muhanga: Abajura bitwaje intwaro gakondo bakomerekeje abanyerondo batandatu
Abanyerondo bagera kuri batandatu bakomerekejwe n’abajura bitwaje intwaro gakondo zirimo imihini n’imihoro, ubwo babategaga bakabakubita.
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Nyarutovu mu Kagari ka Ruli mu Murenge wa Nyamabuye, hagati ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abantu bitwaje imihini n’ibyuma bateye abanyerondo bakomeretsamo batandatu
Abantu bitwaje ibibando n'imihini bateye abanyerondo babakomeretsamo abagera kuri batandatu mu mirwano yahoshejwe n'abashinzwe umutekano.
Ahagana saa tatu z'ijoro zo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 16 Mata 2022, mu Karere ka Muhanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasbo: babri batawe muri yombi nyuma yo gutemagura umugore
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho gutemesha umuhoro umugore witwa w’imyaka 28 bakamukomeretsa bikomeye.
Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 3 Mata 2022, mu Murenge wa Jabana, Akagari!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Hari abaturage bavuga ko babangamiwe n’itsinda ry’abagore ribambura utwabo ku…
Mu gasentera ka Kabaya ko mu Kagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, haravugwa itsinda ry’abakobwa ritega abahisi n’abagenzi rikabambura, bamwe mu babivugwaho barabihakana icyakora bakemera ko baba ku muhanda.
!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ibitero kuri Ukraine bizakomeza, nta gahunda yo kubihagarika” Putin
Perezida wa Ukraine Vladmir Putin yaraye atangaje ko ibitero by'igihugu cye kuri Ukraine bizakomeza kugeza Uburusiya bugeze ku ntego zayo nziza.
Perezida w'Uburusiya Vladmir Putin yaraye atangaje ko igihugu kizakomeza umugambi wayo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Polisi yafashe abajura batoboraga inzu z’abaturage
Ku wa gatanu tariki ya 08 Mata, Polisi ikorera mu karere ka Rulindo yafashe abajura batatu batoboye inzu y’umuturage utaramenyekana amazina biba ibikoresho bitandukanye birimo , Decoderi ya canal +, iminzani 2, Indangururamajwi,!-->!-->!-->…
Russia-Ukraine: Abagera kuri 39 bapfiriye kuri station ya gariyamoshi
Abantu 39 nibo bimaze kumenyekana ko bahitanywe n'igisasu cyatewe aho bategera gari ya moshi mu gihugu cya Ukraine.
Guverineri wa Pavlov Kyrylenko yavuze ko Abantu bagera kuri 39 bapfuye mu gihe abarenga 100 barakomereka mu gitero!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Babiri baraye bakomerekejwe na grenade yatewe mu rugo kwa Twagira
Abantu babiri baraye bakomerekejwe n'igisasu cya grenade cyatewe mu rugo rw'umugabo witwa Twagira.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane taliki ya 7 Mata 2022 ubwo mu gihugu hari hatangijwe icyumweru cy'icyunamo, mu Karere ka Kicukiro,!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Ndayisenga wakomerekeje mugenzi we amuziza ko ari umututsi yatawe muri yombi
Polisi yataye muri yombi umuturage wo mu Murenge wa Rushaki mu Karere ka Gicumbi ukekwaho gukubita no gukomeretsa umuturage uvuga ko yakuze atotezwa n’umuryango w’uwamukubise umuziza kuba ari Umututsi ndetse imiryango yabo ikaba!-->!-->!-->…
Gisagara: Umugabo w’umwinjira yakubise agafuni umwana w’umugore we amujugunya mu…
Mu Karere ka Gisagara, mu murenge wa Mukindo ho mu Kagari ka Bukiza, haravugwa inkuru y'umugabo w'umwinjira wakubise agafuni umwana w'umugore yari yinjiye maze amujugunya mu musarani.
Ibi byabaye kuri uyu wa kane taliki ya 7 Mata!-->!-->!-->!-->!-->…
MUHANGA: Yafatanwe amasashe arenga ibihumbi 376 n’ibindi bicuruzwa bya magendu
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 06 Mata, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Muhanga yafashe umugabo witwa Habimana Juvens w’imyaka 30 afite amasashe atemewe 376200, iminzani 33, n’isukari ya magendu ibiro 7 izwi nka Sukari Guru.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Hafashwe ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge bifite agaciro karenga miliyoni 39
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Mata, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Urwego rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) n’izindi nzego beretse itangazamakuru bimwe mu bicuruzwa bitandukanye birimo ibitujuje ubuziranenge, ibyarengeje igihe,!-->!-->!-->…