Browsing Category
Umutekano
Kirehe: Nosenti wakwirakwizaga inoti z’impimbano yatawe muri yombi
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Kirehe yataye muri Yombi umugabo witwa Innocent bivugwa ko yakwirakwizaga inoti mpimbano.
Mu bikorwa biherutse gukorwa na Polisi y'u Rwanda mu Karere ka Kirehe ku wa gatatu, tariki ya 27 Mata,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Yatawe muri yombi azira gukwirakwiza ingengabitekerezo ya jenoside
Mu mudugudu wa Kimiyumbu mu Kagari ka Nyabinyenga, mu Murenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza, haravugwa umugabo watawe muri yombi akekwaho kuvuga amagambo y’ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Kuri Station ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Suede yohereje MICO ukekwaho uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 27 Mata 2022 nibwo Jean Paul Micomyiza uzwi nka Mico yagejejwe ku kibuga mpuzamahanga cya Kigali avuye muri Suède.
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bukaba bumukurikiranyeho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Karasira Aimable ugiye kumara umwaka afunze, arashinja Leta kumukorera iyicarubozo
Bwana Karasira Aimable uvuga ko ari impirimbanyi y'uburenganzira bwa muntu n'umunyapolitiki, aravuga ko we na bagenzi be bafungiwe ahantu habi kandi ko bakorerwa iyicarubozo.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 25 Mata 2022 nibwo hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadate yahamijwe icyaha akatirwa igifungo cy’imyaka itanu
Wa muyobozi w'umusigiti (Imam) uherutse kwica ingurube ayiziza ko yanyuze hafi y'umusigiti yahamijwe icyaha akatirwa igifungo cy'imyaka itanu.
Ku italiki ya 12 Gashyantare uno mwaka wa 2022 nibwo umuyobozi w'umusigiti (Omam) wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Umugabo yicishije agafuni umugore we wari utwite amuziza ibihumbi 10
Umugabo wo mu Karere ka Huye yatawe muri yombi nyuma kwica umugore wari utwite, akamwica akoresheje agafuni yamutikuye mu mutwe, bikavugwa ko yamujijije amafranga ibihumbi 10.
Mu karere ka Huye, mu murenge wa Kigoma, mu Kagali ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: abajura bibye mudasobwa z’ikigo cy’ishuri mu buryo budasobanutse
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu abajura bikinze ijoro basenya idirishya maze biba mudasobwa 32 z'ikigo cy'ishuri
Mu ijoro ryo kuwa gatandatu taliki ya 23 Mata 2022, mu Karere ka Huye, mu Murenge wa Ruhashya, abantu kugeza ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Yafatiwe mu cyuho ari kwiba mu nzu y’inyama yakoresheje urufunguzo rw’urucurano
Polisi y'u Rwanda yavuze ko yamaze gufata no guta muri yombi umugabo witwa Tuyisenge nyuma yaho yinjiye muri boucherie akoresheje urufunguzo rw'urucurano akiba amafranga.
Kuri uyu wa gatandatu w'icyumweru gishize hari taliki ya 23!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Mwalimu Kanani yafatiwe mu cyuho ari kugurisha ibitabo by’ishuri
Umwalimu witwa Kanani Vincent benshi bita Papa Cyangwe yafatiwe mu cyuho ari kugurisha ibitabo byo ku kigo asanzwe yigishamo.(Photo: Igihe.com)
Ku wa gatanu w'icyumweru gishize taliki ya 22 Mata 2022, mu Karere ka Karongi urwego!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Bwana Charles na Nadine bafatiwe mu cyuho bagiye kugurisha ubutaka butari ubwabo.
Umugabo witwa Charles na Nadine bafatiwe mu cyuho ubwo bari bagiye kugurisha ubutaka butari ubwabo kuri miliyoni 70 z'Amanyarwanda.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu aribo CHARLES!-->!-->!-->!-->!-->…
Undi mukobwa wiyitaga umupolisi akabeshya abantu ko azabaha perimi yatawe muri yombi.
Ku cyumweru, tariki ya 17 Mata, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’abaturage yafashe uwitwa Dusabemariya Grace ufite imyaka 35 y’amavuko ukurikiranweho kuba yaratse uwitwa Majyambere Silas, amafaranga y’u Rwanda agera kuri miliyoni ebyiri!-->!-->!-->…
Nteziryayo yafatanywe igifunyika cy’amafranga yari yibye muri banki anyuze mu gisenge…
Kuwa mbere tariki ya 18 Mata, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyamagabe yafashe abagabo batatu bakurikiranweho gucura umugambi no kugerageza kwiba Banki y’abaturage (BPR) ishami rya Musange riherereye mu murenge wa Musange, akagari ka!-->!-->!-->…
Muhanga: Abajura bitwaje intwaro gakondo bakomerekeje abanyerondo batandatu
Abanyerondo bagera kuri batandatu bakomerekejwe n’abajura bitwaje intwaro gakondo zirimo imihini n’imihoro, ubwo babategaga bakabakubita.
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Nyarutovu mu Kagari ka Ruli mu Murenge wa Nyamabuye, hagati ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abantu bitwaje imihini n’ibyuma bateye abanyerondo bakomeretsamo batandatu
Abantu bitwaje ibibando n'imihini bateye abanyerondo babakomeretsamo abagera kuri batandatu mu mirwano yahoshejwe n'abashinzwe umutekano.
Ahagana saa tatu z'ijoro zo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 16 Mata 2022, mu Karere ka Muhanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasbo: babri batawe muri yombi nyuma yo gutemagura umugore
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho gutemesha umuhoro umugore witwa w’imyaka 28 bakamukomeretsa bikomeye.
Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa 3 Mata 2022, mu Murenge wa Jabana, Akagari!-->!-->!-->!-->!-->…