Browsing Category
Umutekano
Rutsiro: Bwana Mariko yatawe muri yombi nyuma yo kwicisha umugore we agafuni.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwataye muri yombi Bwana Marc nyuma y'uko yishe umugore we akoresheje agafuni.
Umugabo witwa Marc utuye mu Karere ka Rutsiro, mu Murenge wa Mushonyi, Akagari ka Kaguriro ari mu maboko!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yataye muri yombi abantu 7 bacuruzaga magendo utwuma dupima SIDA na covid-19.
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu barindwi bakekwaho gucuruza mu buryo butemewe ibikoresho bipima Covid-19, virusi itera SIDA n’imiti itandukanye.
Kuwa Gatanu tariki ya 19 Werurwe 2021, nibwo herekanywe aba bantu barimo n’abakoraga!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbwa: Umusekirite wa ISCO yarashe mugenzi we akaguru.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Werurwe 2021, umukozi ushinzwe gucunga umutekano wo muri Kompanyi ya ISCO, urinda ku biro by’Umurenge SACCO-Byumba mu Karere ka Gicumbi, yarashe mugenzi we aramukomeretsa bikabije.
Iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Bwana Ildefonse yaraye yishe umugore we amuciye ijosi.
Umugabo witwa Nsengimana Ildefonse akurikiranyweho kwica umugore we amuciye ijosi.
Umugabo uri mu kigero k'imyaka 44 y'amavuko yaraye yishe umugore we amuciye ijosi, Bwana Ildephonse NSENGIMANA utuye mu Mudugudu wa Gasiza, Akagari!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Polisi yataye muri yombi abagabo 4 bari bagiye guha umuturage amadorari y’amahimbano.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Kayenzi ku bufatanye n’izindi nzego n’abaturage ku wa Mbere tariki ya 15 Werurwe bafashe abantu bane bari bagiye kwambura umuturage bamushuka ko bagiye kumuhama amadolari!-->!-->!-->…
Rubavu: Bane bafatanywe ibiro 100 by’urumogi n’udupfunyika twarwo 5,000
Abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) bafatanyije n’abandi bapolisi bo mu Karere ka Rubavu ndetse n’abaturage, mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 14 Werurwe bafashe abasore 3 bafite!-->!-->!-->…
FLN Iravuga ko iherutse gutera ibirindiro bya RDF ndetse ibatwara bimwe mu bikoresho.
Ingabo za FLN ziravuga ko ziherutse gutera ibirindiro by'ingabo z'u Rwanda i Bweyeye ndetse ngo zikaba zarabambuye bimwe mu bikoresho.
Aya ni amakuru yatangajwe na Sous Liyetona Steven Irambona Tambula akaba ariwe muvugizi wa CNRD!-->!-->!-->!-->!-->…
Batanu mu bayobozi ba ADEPR bakurikiranyweho kuba mu mutwe w’iterabwoba.
Bamwe mu bayobozi b'itorero rya ADEPR barakekwaho gukorana n'imitwe y'iterabwoba.
Umuhoza Aurelie w’imyaka 39 uyu munsi ni umuyobozi ushinzwe ubukungu, imari n’imishinga muri ADEPR kuva muri 2017, we n’abandi bantu bane!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: RIB yataye muri yombi abayobozi b’ishuri 4 bahishiraga umwarimu ukekwaho gusambanya…
Abayobozi bane bo ku kigo cy'ishuri cya Ruyumba bari mu maboko ya RIB nyuma yo guhishira umwarimu uvugwaho gusambanya abanyeshuri.
Amuyobozi w'ikigo k'ishuri giherereye mu Ntara y'amajyepfo mu Karere ka Kamonyi cyitwa GS RUYUMBU ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Polisi yataye muri yombi abagabo 3 bakwirakwizaga urumogi mu baturage
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Kayonza mu mirenge ya Ndego na Nyamirama tariki ya 01 Werurwe yahafatiye abantu batatu barimo gukwirakwiza urumogi mu baturage. Mu Murenge wa Ndego hafatiwe Habarurema Jean Paul w'imyaka 19 na!-->!-->!-->…
Kuri uyu wa kane urukiko ruratangira kuburanisha Mme Indamange
Urwego rw’Ubucamanza mu Rwanda rwatangaje ko Idamange Iryamugwiza Yvonne azitaba Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo ruherereye mu Karere ka Gasabo, ku wa Kane tariki ya 4 Werurwe 2021 atangire kwiregura ku byaha bitandatu ashinjwa.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Uwitwa Daniel na Ndayiragije bafatanywe magendu bari bakuye muri RDC.
Ku wa Gatanu tariki ya 26 Gashyantare ahagana saa munani z’amanywa nibwo abapolisi bakorera mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana bafashe uwitwa Ukwigize Daniel w’imayaka 44 na Ndayiragije Milliam w’imyaka 28.
Bafatanywe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi:Umwarimu afunzwe azira gusambanya abanyeshuri
Akarere ka Kamonyi Umwarimu witwa Ntivuguruzwa Deogratias w’Imyaka 39 y’amavuko afungiye kuri station ya RIB ya Mugina, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana yigishaga.
Ntivuguruzwa wigishaga kuri Groupe Scolaire Ruyumba, yafunzwe!-->!-->!-->…
Kayonza: RIB yataye muri yombi abasore batatu bakekwaho kwica ise bamuziza amasambu.
Abasore batatu bo mu Murenge wa Mukarange mu Karere ka Kayonza batawe muri yombi bashyikirizwa Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB nyuma yo gukekwaho kwica se ubabyara bamuziza ko yanze kugurisha isambu ngo abahe amafaranga.
Batawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara: Polisi yafashe inamena litiro 840 y’inzoga yitwa Nyirantare.
Polisi y'u Rwanda ikorerera mu Karere ka Gisagara yafashe inamena litiro 840 y'inzoga itemewe izwi nka Nyirantare.
Ku wa Gatandatu tariki ya 13 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gisagara ku bufatanye!-->!-->!-->!-->!-->…