Browsing Category
Umutekano
Kamonyi: Bwana Ntigurirwa arahigishwa uruhindu nyuma yo kwicisha umugore isuka.
Umugabo witwa Ntigurirwa Daniel wo mu Murenge wa Kayenzi mu Karere ka Kamonyi, ari gushakishwa n’ubugenzacyaha kubera icyaha akekwaho cyo kwica umugore we amukubise isuka mu mutwe.
Uwo mugabo w’imyaka 42 y’amavuko yari asanzwe abana!-->!-->!-->!-->!-->…
Umujura yateshejwe kwiba yirutse akubita umutwe ku ibuye arapfa
Mu ijoro ryakeye abajura babiri bagiye kwiba ihene mu rugo rw’umuturage mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi, batema abanyerondo bari batabaye umwe muri bo arirukanka ari gucika yitura hasi arapfa.
Byabereye mu Mudugudu wa!-->!-->!-->…
Agahinda ku nshuti n’abavandimwe ba Igihozo Gentille umaze Icyumweru aburiwe irengero
Amarira avanzemo n’agahinda nibyo wakiranwa n’inshuti z’umukobwa witwa Gentille IGIHOZO bivugwa ko amaze iminsi igera kuri irindwi yaraburiwe irengero, bikavugwa ko yaba yarashimuswe n’abantu bataramenyekana, ndetse na terefono ye!-->!-->!-->…
Umugi wa Kigali watanze gasopo abafana bazica amabwiriza ya Gumamurugo bitwaje gufana Amavubi.
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali uri muri gahunda ya Guma mu Rugo, bwasabye abawutuye kuzubahiriza amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira ry’ubwandu bwa COVID-19 ubwo u Rwanda ruzaba rukina na Guinea ku Cyumweru, bubihanangiriza ko!-->!-->!-->…
Musanze: Yafatanywe urumogi mu rugo rwe avuga ko yahawe uburenganzira na RDB!
Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki 25 Mutarama 2021, inzego z’umutekano zataye muri yombi umugabo witwa MANIRIHO Desiré nyuma yo gusanga iwe mu rugo, hatewe ingemwe z’Urumogi zigera kuri 62 zari mu bihoho.
Uyu mugabo utuye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuganga n’umuforomo batawe muri yombi kubera gutanga ibyangombwa by’ibihimbano.
Urwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwafunze umuganga n’umuforomo batanga ibyangombwa bya muganga byemeza ko nta ndwara ababihawe barwaye kandi batapimwe, bikitirirwa ivuriro Sante pour Tous.
RIB ibinyujije!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusirikare w’u Rwanda yaguye mu mirwano mu butumwa bwa mahoro mu centra Africa
Umusirikare w’umunyarwanda uri mu butumwa bw’amahoro bwa UN muri Centrafrique yiciwe mu mirwano hagati y’inyeshyamba n’ingabo za leta zifatanyije n’iza UN hafi y’umurwa mukuru Bangui, nk’uko bitangazwa na MINUSCA.
Itangazo ry’umuvugizi!-->!-->!-->…
Nyuma y’ubwicanyi bwabereye i Rwamagana RIB yatangaje byinshi kuri ubwo bwicanyi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze umugabo witwa Semana Emmanuel ukurikiranyweho gutema uwitwa Rumanzi Egide muramu we waje kwitaba Imana ageze mu bitaro, ndetse ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje ko hari!-->…
Rwamagana: Bwana Emanuel yatawe muri yombi nyuma yo gutema abantu 2 umwe akahasiga ubuzima
Inkuru y’inshamugongo yabyutse kwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye n’iy’umuryango wo mu Mudugudu w’Umurinzi, Umurenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana wibasiwe na Semana Emmanuel watemaguye umusore!-->!-->!-->…
Rwamagana: Umugabo ukekwaho gutwikira mu nzu umugore we, nawe yishwe atemaguwe na muramu we.
Umugabo wo mu Karere ka Rwamagana, mu murenge wa Munyiginya ushinjwa gutwikira mu nzu umugore we bivugwa ko bari bamaze iminsi batumvikana nawe yishwe atemaguwe na basaza b'umugore.
Inkuru y'aya mahano yabaye mu ijoro ryakeye!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu bakomeje kwanga kwitaba Polisi barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 imyirondoro yabo…
Nkuko Isi yose ikomeje ku garizwa n’icyorezo cya Coronavirus Leta y’u Rwanda yashyizeho isaha yo kuba umuntu yageze murugo ari saa mbiri z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo mu buryo bwo gukumira ubwandu bwa Covid-19 gusa hari abatwara!-->…
CP Kabera – Ubu ni Guma mu karere
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yasabye abaturage batuye mu ntara zitandukanye kubahiriza amabwiriza mashya yashyizweho yo kwirinda Covid-19 aho yavuze ko bakwiriye kumva ko aribyo basabwa.
Mu kiganiro yagiranye na RBA,Umuvugizi wa!-->!-->!-->…
Nyagatare: Yatawe muri yombi azira gukubita umwana ngo yatije ibikoresho byo mu rugo!
Kuwa Gatandatu tariki ya 02 Mutarama 2021 Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare mu Muremge wa Mimuli mu Kagari ka Mahoro yafashe uwitwa Uwamahoro Evangeline w’imyaka 34 akurikiranweho guhana umwana we by’indengakamere.
!-->!-->!-->!-->!-->…
“FPR yazanye uburezi kuri bose ariko budafite ireme” Victoire Ingabire
Madame Ingabire Victoire arashima FPR yazanye gahunda y'uburezi kuri bose ariko akongera akanenga ireme rya ntaryo muri ubwo burezi bwa bose.
Mu kiganiro cyakozwe na Bwana Gatanazi cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: Uruhare!-->!-->!-->!-->!-->…
Niger: Inyeshyamba zishe abaturage barenga 50
Abarwanyi b’intagondwa zigendera ku mahame akaze y’Idini ya Islam bagabye igitero mu duce tubiri two muri Niger abarenga 50 bahasiga ubuzima.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 2 Mutarama 2021 umutwe w'abarwanyi!-->!-->!-->!-->!-->…