Browsing Category
Umutekano
Abarwanyi bane b’umutwe wa FDLR baguye mu mirwano yabahuje n’ingabo za FARDC
Inyeshyamba z’umutwe w’iterabwoba wa FDLR zigizwe ahanini n’abasize bahekuye u Rwanda mu 1994, zatakaje ingabo enye ndetse n’undi mu-ofisiye wazo afatwa mpiri, mu mirwano ikomeje guca ibintu hagati y’ingabo za Repubulika Iharanira ya!-->!-->!-->…
Gatsibo: Umusore Yagize umujinya ahishura uburyo se yishe umuntu amutaba ku mbuga z’urugo mu…
Aya ni amakuru yamenyekanye ku munsi w'ejo ku wa kane mu Karere ka Gatsibo mu murenge wa Kageyo aho umusore utatangarijwe amazina yerekeje ku biro by'ubugenzacyaha RIB muri uwo murenge ajya kurega ise umubyara kuba yarishe umuntu mu!-->!-->!-->…
Gicumbi: Abagabo 2 bakekwaho guhohotera abakobwa batawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gicumbi yatangaje ko rimaze gufata abagabo babiri aribo Bwana Niyomugisha Issa na Ufitinema Jacques, aba bagabo bombi barakekwaho icyaha cyo guhohotera abakobwa babiri bo mu Karere ka Gicumbi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Abadepite 2 bashinjwa guteza imvururu mu baturage batawe muri yombi
Polisi ya Kenya yataye muri yombi abagize Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite babiri kubera uruhare bakekwaho mu mvururu zabaye ku wa 4 Ukwakira hagati y’abashyigikiye Perezida w’iki gihugu, Uhuru Kenyatta na Visi Perezida,!-->!-->!-->…
U Rwanda rwamurikiye ingabo z’akarere abarwanyi 19 ba RED Tabara bafatiwe muri Nyungwe
Ingabo z’u Rwanda zamurikiye itsinda ry’ingabo rishinzwe kugenzura imipaka mu karere, (The Expanded Joint Verification Mechanism, EJVM), abarwanyi 19 ba RED Tabara, bafatiwe mu Rwanda ku wa 29 Nzeri, mu ishyamba rya Nyungwe.
Ingabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyeshuri wo muri ULK yafatanywe miliyoni 13 z’amafranga y’amahimbano
Polisi y’u Rwanda ikomeje ibikorwa byo gufata abakora amafaranga y’amahimbano bakanayakwirakwiza. by’umwihariko hashize iminsi mu Karere ka Rubavu hafatirwa abantu bakora bakanakwirakwiza amafaranga y’amahimbano, ari na bo batanze!-->!-->!-->…
Polisi yasubukuye gahunda y’ubukangurambaga ya #Gerayo Amahoro# nyuma y’igihe…
Umuyobozi wungirije mu ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Teddy Ruyenzi.
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Nzeri nibwo abapolisi bo mu ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu baguye mu kantu ubwo Umuyapani Takahiro yemeraga urukiko ko yishe abantu 9 bahuriye kuri…
Umugabo wo mu Buyapani yemereye urukiko ko yishe abantu icyenda amaze guhurira na bo kuri Twitter, muri uru rubanza rwatumye igihugu kigwa mu kantu.
Takahiro Shiraishi, wahimbwe izina ry'"umwicanyi wo kuri Twitter", yatawe muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Bwana mbonigaba yakubiswe bikomeye n’abanyerondo banamwambura amafranga
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rufunze abanyerondo babiri bo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, kubera icyaha bakurikiranyweho cyo gukubita no gukomeretse umugabo witwa Mbonigaba François bakamugira intere kuri ubu akaba!-->!-->!-->…
Kayonza: Polisi yagaruje ibiro birenga 110 by’amabuye y’agaciro byari byibwe
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano zikorera mu karere ka Kayonza bagaruje ibiro birenga 110 by’amabuye y’agaciro aherutse kwibwa mu kirombe cy’amabuye y’agaciro giherereye mu murenge wa Ruramira, Akagari ka!-->!-->!-->…
Akarere ka Nyagatare karashinjwa kwishyura akayabo ka miliyoni 9 zitari mu masezerano
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare bwemereye Komisiyo y’Abadepite ishinzwe imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC) ko bwishyuye miriyoni 9 z’amafaranga y’u Rwanda zirenga ku yemejwe mu masezerano bwagiranye na rwiyemezamirimo!-->!-->!-->…
Kayonza: Yatawe muri yombi nyuma yo gukubita umugabo we majagu mu mutwe amuziza kumuca inyuma
Umugore ufite imyaka 40 y’amavuko utuye mu Murenge wa Kabare mu Karere ka Kayonza, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha akurikiranyweho gukubita umugabo we majagu mu mutwe akamukomeretsa, bapfa gucana inyuma n’imitungo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr Pascal uyobora ibitaro bya Muhima yijeje gukosora amakosa yatumye bihomba asaga miliyoni 100
Kuri uyu wa Mbere tariki 28 Nzeri 2020 Komisiyo y’Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’umutungo by’igihugu (PAC) yatumije ibitaro bya Muhima kugira ngo yisobanure ku bihombo yateje Leta.
Ku ikubitiro raporo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Umwaka urashize bishyura 1000 cya buri kwezi cy’irondo ariko ntibabone abanyerondo.
Bamwe mu baturage b’Umudugudu wa Nyarubuye, Akagari ka Rukomo II, mu Murenge wa Rukomo, bavuga ko barembejwe n’abajura biba amatungo n’imyaka mu mazu, nyamara buri kwezi bishyura amafaranga y’abarara irondo ry’umwuga.
Umuturage!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Igisirikare kimaze iminsi gitana mu mitwe n’inyeshyamba za RED Tabara.
Hari amakuru amaze iminsi akwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga aravuga ko guhera kuwa Gatandatu gukomeza no kuri iki Cyumweru, itariki 27 Nzeri, hakomeje kuvugwa imirwano ihuza Ingabo z’u Burundi n’abantu bitwaje intwaro, ikaba!-->!-->!-->…