Browsing Category
Umutekano
NKUBITO Emmanuel wamuburaga rubanda abeshya ko ari umusirikare yatawe muri yombi
Polisi ikorera mu karere ka Kayonza mu murenge wa Mukarange mu kagari ka Kayonza ku makuru yatanzwe n’abaturage, abapolisi bafashe Nkubito Emmanuel w’imyaka 22 ukomoka mu karere ka Gatsibo, uyu yafashwe arimo kugenda afata abaturage!-->!-->!-->…
Ngoma: Bwana Evariste yarasiwe mu kabare arapfa nyuma yo gushaka kurwanya polisi.
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Ngoma yarashe umusore witwa Nsengiyumva Evariste wari utuye mu Murenge wa Zaza wafatiwe mu kabari n’abandi bantu bari kunywa inzoga barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 ndetse n’ayo gutaha!-->!-->!-->…
Rubavu: Abantu batatu bakurikiranyweho ibyaha byo gukubita no gukomeretsa batawe muri yombi
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu yatangaje ko yataye abagabo batatu aribo Habimana Jean Pierre, Ndayisabimana Pierre na Hakizimana Jean bo mu karere ka Rubavu, mu murenge wa Kanama. Bakurikiranyweho gukubita no gukomeretsa!-->!-->!-->…
Nyagatare: Umushoferi yafatanywe ibiro 350 by’amabuye y’agaciro ya magendu.
Ku mugoroba wa tariki ya 19 Kanama Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Matimba yafashe uwitwa Twerekane Dieudonne w’imyaka 33. Yari apakiye amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa gasegereti ibiro 350, yari mu!-->!-->!-->…
Muhanga: Abajura bapfumuye ibiro by’umurenge bibamo byinshi harimo na mudasobwa Enye
Mu rukerera rwo kuri uyu wa kane tariki 20 Kanama 2020 ahagana saa cyenda z’ijoro, abajura bapfumuye ibiro by’Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga biba mudasobwa enye ndetse n’ikarito yari irimo imiti yo kuvura inka zo muri gahunda!-->!-->!-->…
Ngoma: NIYONSABA wakoraga irondo ry’umwuga yaraye atewe icyuma arapfa
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Kanama 2020 ,mu Mudugudu wa Cyeru mu Kagari ka Kigabiro mu Murenge wa Murama mu Karere ka Ngoma, Uwitwa Niyonsaba Jean d’Amour wakoraga irondo ry’umwuga yatewe icyuma n’umusore w’imyaka 17!-->!-->!-->…
Rwanda: Abagabo baza ku isonga mu kwica abo bashakanye.
Imibare igaragazwa n'Urwego rw'igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB yerekana ko muri 2019 abagabo 49 ari bo bishe abagore babo na ho abagore 14 na bo bica abagabo.
Abahanga mu birebana no gukumira no guhosha amakimbirane bemeza ko ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamirambo: Imibiri isaga 100 y’abishwe muri Genocide niyo imaze kuboneka mu rugo…
Imibiri isaga ijana y'abishwe muri genoside yakorewe abatutsi muri 1994 niyo imaze kuboneka mu byobo bibiri biri mu rugo rw'uwitwa Francois Simbizi i Nyamirambo.
Mu gihe cy’iminsi ibiri habonetse ibyobo bibiri byajugunywemo imibiri!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi Bwana TUYISENGE wagurishaga imiti itemewe mu Rwanda
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda ruramenyesha ko rwataye muri yombi umugabo wagurishaga imiti y'isuku itemewe gukorera mu Rwanda
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwafashe Bwana Tuyisenge Jean Claude!-->!-->!-->!-->!-->…
Bujumbura: Igisasu cya Grenade cyaturikanye abana batatu barapfa abandi barakomereka
Igisasu cyo mu bwoko bwa grenade kishe abana batatu abandi benshi barakomereka ubwo abo bana bariho bareba tereviziyo
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki ya 13 Kanama mu mugi wa Bujumbura igisasu cyo mu bwoko bwa grenade cyatewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umuyobozi w’ishuri na mwarimu bakurikiranyweho kwiba ibikoresho by’ubwubatsi
Umwarimu n'umuyobozi w'urwunge rw'amashuri rwa mukarange ruherereye mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza batawe muri yombi bakurikiranyweho kwiba ibikoresho byo kubakisha ibyumba by'amashuri ku kigo babereye abayobozi.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare ba Uganda baregwa guha amakuru u Rwanda bashobora kuzahanishwa ‘urupfu’
Itsinda ry’abasirikare n’abapolisi barindwi (7) bo muri Uganda bakurikiranyweho guha amakuru y’ibanga inzego z’ubutasi z’u Rwanda, batangiye kuburana mu gihe itegeko ry’igisirikare cya Uganda giteganya igihano gikomeye kirimo n’urupfu.!-->!-->!-->…
Bwana Dominique yarashwe arapfa ubwo yageragezaga gucika inzego z’umutekano
Polisi y’u Rwanda ivuga ko yarashe umugabo witwa Dominique Ndahimana wari ushatse kuyitoroka ahita apfa, Yari afungiye i Ndera mu Karere ka Gasabo, ngo barashwe batorotse abarinzi. Yarasanywe na mugenzi we witwa Jean Claude!-->!-->!-->…
Rusizi: 24 baraye batawe muri yombi bari mu masengesho mu mashyuza
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu iki cyumweru tariki ya 9 Kanama Polisi ikorera mu karere ka Rusizi mu murenge wa Nyakabuye mu kagari ka Mashyuza Polisi yahafatiye abantu 24 barimo gusenga binyuranyijwe!-->!-->!-->…
Bwana Célestin washakiraga isoko abakobwa bagakoreshwa ubusambanyi yeretswe itangazamakuru
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere RIB yeretse itangazamakuru umugabo witwa Celestin ukurikiranyweho icyaha cyo gusahakira isoko abana b'abakobwa bakajya mu busambanyi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Kanama Urwego!-->!-->!-->!-->!-->…