Browsing Category
Umutekano
Gisagara: Umusore w’imyaka 20 yishe umugabo wa nyina akoresheje isuka yamukubise mu mutwe
Umusore w'imyaka 20 yaraye yishe umugabo wa nyina amuhonze isuka ku mutwe.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu ahagana saa kumi nimwe z'u mugoroba umusore uri mu kigero k'imyaka 20 y'amavuko wo mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Gitifu yatawe muri yombi kubera kunyereza Amabati yagenewe abatishoboye
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka RUSIZI yatangaje ko yataye muri yombi gitifu w'akagari kubera gukekwaho icyaha cyo kunyuruza amabati yari agenewe abatishoboye.
Binyujijwe ku rukuta rwayo rwa twitter, polisi y'igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali:Abantu 9 bafatiwe mu modoka yagombaga kuba irimo 4.
Police y’u Rwanda ifungiye kuri sitasiyo ya Kicukiro abantu icyenda bakora ubushoferi, bazira kubyiganira mu modoka muri ibi bihe byo kwirinda Covid-19, aho bisaba ko abantu birinda kwegerana.
Aba bashoferi bavuga ko bahagurutse i!-->!-->!-->!-->!-->…
NYANZA:Yaguwe gitumo ari gucukura inzu y’umukecuru ibamo ihene arakubitwa kugeza apfuye.
Umugabo wo mu kigero cy’imyaka 35 bitaga Kagofero yakubitiwe mu nzu, agiye kwiba ihene y’umukecuru w’imyaka 78, kugeza apfuye n’abanyerondo bafatanyije n’abaturage bo mu mudugudu wa Gatare, umurenge wa Muyira mu karere ka Nyanza.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
RUBAVU:Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana yibyariye w’imyaka 14!
Umugabo wo mu Karere ka Rubavu, umurenge wa Rubavu, akagari ka Gikombe, umudugudu wa Rebero, ari mu maboko y’urwego rw’ubugenzacyaha akurikiranyweho gusambanya umwana we.
Uyumugabo wafashwe biravugwako ashobora kuba yaramuteye INDA!
!-->!-->!-->!-->!-->…
RWANDA:Abagenzi bakoresha amaguru batambaye “AGAPFUKAMUNWA” bagiye gufungwa ndetse…
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera yaburiye abaturage bajya mu muhanda batambaye udupfukamunwa bitwaje ko nibafatwa baraganirizwa bagataha, ko bagiye kujya bahanwa.
CP Kabera yavuze ko mu bihano abo banyamaguru!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Pasteur Theoneste yaraye atewe ibyuma arapfa.
Abantu bataramenyekana baraye bishe bakoresheje ibyuma pasitoro Theoneste bamusanze muri butike
Pasitori wo mu itorero rya HOPE OF JESUS rikorera mu Karere ka Rwamagana witwa BAPFAKURERA Theoneste yaraye atewe ibyuma kugeza ashizemo!-->!-->!-->!-->!-->…
Suzan yishe umukunzi we nyuma yo kumusaba ko yoza amasahane yaririyeho undi akabyanga
Urukiko mu gihugu cya Kenya rukurikiranye umwana w'umukobwa ku cyaha cyo kwica umukunzi we nyuma yo kumusaba koza amasahane yari amaze kuriraho undi akabyanga.
Urukiko rwo mu gace ka Milimani mu gihugu cya Kenya kirimo gukurikirana!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: RIB yataye muri yombi abagore babiri bakurikiranyweho gufasha umukobwa gukuramo inda
Urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda rwataye muri yombi abantu batatu bakekwaho gufasha umukobwa gukuramo
Urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda RIB mu Karere ka Ngoma mu Murenge Sake rwataye muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare 5 ba RDF bakekwaho guhohotera abaturage batangiye kuburanishwa
Urukiko rwa gisirikare mu Rwanda rwatangiye kuburanisha abasirikare batanu bakekwaho guhohotera abaturage. (Photo Igihe.com)
Urukiko rwa gisirikare mu Rwanda rwatangiye rwatangiye kuri uyu wa mbere taliki ya 11 Gicurasi kuburanisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Abantu 2 barashwe ubwo bageragezaga kwinjiza ibiyobyabwenge mu Rwanda
Inzego z'umutekano mu Karere ka Rubavu zatangaje ko zaraye zirashe abantu babiri umugore n'umugabo ubwo bageragezaga kwinjira ku butaka bw'U Rwanda banyuze mu nzira zitemewe kandi bikoreye imifuko y'urumogi.
Abo bantu uko ari babiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa musore waraye witurikirijeho igisasu cya grenade ku Kimironko yamenyekanye
Polisi y'U Rwanda yamaze gushyira hanze amazina y'umusore waraye witurikirijeho igisasu cyo mu bwoko bwa grenade ku Kimironko
Ahagana saa kumi nebyiri z'u mugoroba nibwo umusore yinjiranye igisasu cyo mu bwoko bwa grenade muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kimironko: Umugabo utaramenyekana yiturikirijeho Grenade arapfa
Umugabo utaramenyekana yiturikirijeho igisasu cyo mu bwoko Bwa Grenade ahita arapfa.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane taliki ya 7 Gicurasi ahagana saa kumi n'ebyiri z'umugoroba mu murenge wa Kimironko ahazwi nko ku cyapa cyo kwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyaruguru:Umuyobozi ushinzwe ubuhinzi w’Umurenge yatawe muri yombi akekwaho kunyereza imbuto…
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buratangaza ko umuyobozi ushinzwe ubuhinzi mu murenge wa Ruheru akekwaho uburiganya ,aho yafataga ibyagenewe abaturage akabikoresha nabi,aho ishwagara,ifumbire n’imbuto y’ibirayi yafatatanyaga n’abacuruzi!-->…
Rusizi:Yishe ifumberi 2 muri Nyungwe atabwa muri yombi
Ku bufatanye n’abashinzwe kurinda Pariki ya Nyungwe, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 02 Gicurasi Polisi y’u Rwanda yafashe uwitwa Riberakurora Samson ufite imyaka 30. Yafatanwe inyamanswa ebyiri zo mu bwoko bw’ifumberi, yari amaze kuzica!-->…