Browsing Category
Uncategorized
Xavi wakinnye muri FC Barcelone bamusanzemo Covid-19
Uyu mugabo wubatse ibigwi muri Espanye muri FC Barcelone. uyumukinnyi w'umunyabigwi mu mupira w’amaguru ukomoka muri Espagne wanakiniye ikipe y’igihugu yabo igihe kirekire ndetse n’ikipe ya FC Barcelona, Xavi Hernadez, kuri ubu ari mu kato!-->…
Koreya ya ruguru yongeye kubonekamo Covid-19 nyuma yuko yari yishimiye ko yayitsinze yabonetsemo…
Nyuma yuko kubona amakuru yo muri iki gihugu bitoroshye! hamenyekanye amakuru avugako habonetse umurwayi. Koreya ya ruguru yatangaje uwo ivuga ko ari umuntu wa mbere icyeka ko yanduye covid-19.
Igitangazamakuru KCNA cya leta ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza:Umushoferi ukekwaho gutwara Imodoka yasinze yagize impanuka yoroheje ahita afatwa na Police
Imodoka Imaze kugonga iyo yashakaga kunyuraho, zombi zahise zihagarara.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 25 Nyakanga 2020 I saa tatu zuzuye, nibwo mu mujyi wa Nyanza mu ntara y'amagepfo y'u Rwanda habereye impanuka yoroheje, imbere ya!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nta mpuhwe na nke tuzagirira APR FC mu kibuga” Sadate MUNYAKAZI
Bwana Sadate president wa Rayon Sport FC yavuze ko nta rwango ruri hagati ya APR n'ikipe ayobora, ariko ko atazigera agirira impuhwe na nkeya ikipe ya APR mu kibuga.
Uyu munsi kuwa kane, Bwana SADATE MUNYAKAZI prezida w'ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
#VisitRwanda# irakomeza kugaragara ku myambaro mishya Arsenal yamuritse izakoresha umwaka utaha
Arsenal yamuritse umwambaro mushya izakoresha mu mwaka utaha w'imikino ku kibuga cyayo wakozwe na Adidas iyambika ndetse ugaragaraho abafatanyabikorwa bayo barimo na Visit Rwanda.
Kuri uyu wa Gatanu ikipe ya Arsenal yamuritse!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze:Inzu yibasiwe n’umuriro ibiyirimo birakongoka, harakekwa batiri y’umurasire w’izuba…
Ku gicamunsi cyo kuwa gatandatu tariki 11 Nyakanga 2020 inkongi y’umuriro yatwitse inzu y’uwitwa Ndererimana Gaudence na Semanza Anathole batuye mu Mudugudu wa Kanama, Akagari ka Kabirizi mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze, ibyarimo!-->…
Dr Habumuremyi wahoze ari minisitiri w’intebe na Prof Karuranga wayoboraga kaminuza ya Kibungo…
Dr Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba minisitiri w'intebe na Prof Karuranga Egide wayoboraga kaminuza ya Kibungo, bamaze iminsi ibiri bafunzwe aho bakurikiranyweho ibyaha bakoze mu bihe binyuranye mu nyungu z'amashuri bari bayoboye
!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: yandikiye Minisiteri y’abakozi ba Leta n’inzego zishinzwe kurwanya akarengane azisaba…
Appollinaire Maniragaba wo mu Karere ka Ruhango yandikiye Minisiteri y’abakozi ba Leta n’inzego zishinzwe kurwanya akarengane azisaba gusuzuma ibyashingiweho yimwa akazi ka ‘affaires sociales’ muri Ruhango kandi yari yaratsinze ibizami,!-->…
Yatawe muri yombi nyuma yo gutema umugore we amuziza kumuca inyuma
Umugabo uri mu kigero k'imyaka 60 yatawe muri yombi nyuma yo gutema umugore we akoresheje umuhoro, yamushinjaga kumuca akisangira abandi bagabo.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, mu Karere ka Kirehe, umurenge wa Gahara, hari mugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kaminuza y’Indangaburezi ya Ruhango nayo imaze gufungwa na Ministeri y’uburezi
Bidasubirwaho, Ministeri y'uburezi mu Rwanda imaze gufunga kaminuza nderabarezi yo mu Ruhango.
Ku munsi w'ejo nibwo ikinyamakuru indorerwamo.com cyatangaje ko gifite amakuru nyayo ko ikigo k'igihugu gishinzwe uburezi bw'amashuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Bariri mu bakekwaho kwica umuntu, bafashwe inka yari aragiye zifatirwa i Nyaruguru
Babiri mu bagizi ba nabi bakekwaho kwica umugabo wari uragiye inka ze mu murenge wa Gishamvu mu karere ka Huye batawe muri yombi naho izo nka uko ari esheshatu zifatirwa mu murenge wa Mata mu karere ka Nyaruguru.
Ku mugoroba wo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Abantu bataramenyekana bishe umuntu bamujombaguye ibyuma biba n’inka 6
Abantu bataramenyekana bishe umugabo wo mu Murenge Gishamvu mu Karere ka Huye, bamwicira aho yari aragiye inka ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru.
Amakuru y’urupfu rw’uwo mugabo w’imyaka 57 y’amavuko witwa Ndabunguye Vincent!-->!-->!-->!-->!-->…
Kimwe na murumuna we Emmanuel GASANA, Ministre Claver Gatete nawe ari gukorwaho iperereza
Minisitiri w'ibikorwaremezo w'u Rwanda Amb. Claver Gatete ari gukorwaho iperereza nk'umwe mu bategetsi bacyekwaho kunyereza umutungo wa leta
Ruswa, kunyereza umutungo wa leta, gukoresha nabi ubutegetsi, ni bimwe mu byo Perezida!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo:Umugore ba musanze mu nzu yapfuye yabanagamo n’umugabo we akaba akekekwa ko yaba ariwe…
Mu Mudugudu wa Amahoro, Akagari ka Rukiri II mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo baraye basanze uwitwa Murekatete yapfiriye mu nzu yabanagamo n’umugabo we. Birakekwa ko yishwe n’uyu mugabo we kuko basanze nyakwigendera yavuye amaraso!-->…
Kicukiro: Yahekenye SIM Card Nyuma Yo Kubikuza Bimuviramo Gufatwa
Polisi ikorera mu karere ka kicukiro mu murenge wa Nyarugunga mu kagari ka Kamashashi yafashe uwitwa Twitegure Protestestere w'imyaka 31. Uyu akaba yari amaze iminsi agenda abikuza amafaranga mu buryo bw'uburiganya ku bakozi b'ikigo!-->!-->!-->…