Browsing Category
Uncategorized
Bugesera: Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya abana b’abahungu icyenda
Mu karere ka Bugesera, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi umusore w’imyaka 33, ukurikiranyweho gusambanya abana b’abahungu icyenda.
Ku wa 1 Ukwakira 2022, nibwo uyu musore yatawe muri yombi, aho bivugwa ko iki!-->!-->!-->!-->!-->…
UK: Abanyemategeko barasanga impungenge za LONI zo kohereza abimukira mu Rwanda zidafite ishingiro
Abanyamategeko ba leta y'Ubwongereza babwiye urukiko rukuru ko ifite ububasha busobanutse bwo mu rwego rw'amategeko bwo kohereza mu Rwanda abimukira muri gahunda yayo yateje impaka yo kuhabimurira.
Ku wa gatatu, wari n'umunsi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Ishimwe Prince wakekwagaho ubujura agashaka gutera icyuma umupolisi, yarashwe mu cyico…
Abapolisi basanze abakekwa kuba ari abajura bari kuniga umuturage bari bateze mu Kagari ka Kivumu mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, umwe muri bo ashaka kubatera icyuma, bahita bamurasa, agwa aho.
Umuvugizi wa Polisi y’u!-->!-->!-->!-->!-->…
MUKURA VS yatsinzwe urundi rubanza itegekwa kwishyura izindi miliyoni 12 mu minsi 45 gusa
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), yategetse ikipe ya Mukura VS kwishyura William Opoku Mensah miliyoni 12 Frw bitarenze iminsi 45.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Nzeri nibwo FIFA yamenyesheje Mukura VS ko yatsinzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Umukozi wari mu gikorwa cy’ibarura yashumurijwe imbwa ziramurya ubwo yari yinjiye mu…
Umukozi w'ikigo cy'igihugu gishinzwe ibarurishamibare yashumurijwe imbwa ziramurya ubwo yari yinjiye mu gipangu cy'abakire mu gikorwa cy'ibarura.
Icyumweru kirashize mu Rwanda hose hatangijwe igikorwa cy'ibarura rusange ry'abaturage!-->!-->!-->…
Umunyamakuru Uwimana Clarisse yaraye akorewe ibirori by’akataraboneka byo gusezera ku bukumi
Mu gihe habura iminsi mike ngo akore ubukwe, umunyamakurukazi w’imikino kuri B&B FM, Uwimana Clarisse yakorerwe ibirori byo gusezera ku bukumi (Bridal Shower).
Ni ibirori byabereye muri Romantic Garden ku Gisozi. Ibi birori!-->!-->!-->…
Itangazo rya Niyigena usaba uburenganzira bwo guhindura amazina
Uwitwa NIYIGENA Null mwene Singiranumwe na Nyirantashya utuye mu mudugudu wa Nyenyeri, akagali ka Kirwa, umurenge wa Murunda, mu Karere ka Rutsiro ho mu Ntara y'Uburengerazuba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari!-->…
Burera: Bwana Twiringiyimana yafatanywe 10kg z’urumogi yari akuye i Bugande
Mu Murenge wa Kivuye mu Karere ka Burera, umuturage yafatanywe ibilo 10 by’urumogi yari akuye muri Uganda, abwira Polisi y’u Rwanda ko ari akazi yari yahawe n’uwari wamwizeje kumuhemba 5 000 Frw.
Uyu muturage witwa Twiringiyimana!-->!-->!-->…
Minisitiri w’urubyiruko n’umuco yasabye urubyiruko kwirinda imyambarire y’urukozasoni
Minisitiri w’Urubyiruko n’Umuco Mbabazi Rosemary yasabye urubyiruko kwirinda ingeso mbi z’imyambarire idahwitse kandi y’urukozasoni mu ruhame, uburara n’ubwomanzi, ubusinzi bukabije no kubaho ubuzima butagira intego.
Yabigarutseho!-->!-->!-->…
United Scholars center Ikigo kimaze kubaka izina mu gufasha abantu kujya kwiga hanze yashyize…
Ikigo UNITED SCHOLARS CENTER kimaze kwandika izina rikomeye imbere no hanze y'igihugu cy'u Rwanda cyiyemeje gusanga abakigana bo mu Ntara mu kubereka amahirwe ahari yo kubona no kujya kwiga hanze y'u Rwanda.
Nyuma y'aho bisabwe!-->!-->!-->…
Menya byinshi ku nguzanyo ya miliyari 134 yagenewe kubaka ubushobozi bwa mwalimu mu Rwanda
Leta y’u Rwanda na Banki y’Isi byasinyanye amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 129 z’amadolari y’Amerika (amafaranga y’u Rwanda saga miliyari 134) yagenewe kubaka ubushobozi bwa mwarimu muri gahunda igamije kwimakaza uburezi bw’ibanze!-->!-->!-->…
DRC: Bamwe mu Bakongomani ntibishimiye ingabo z’Ubrundi ku butaka bwabo
Bamwe mu baturage bo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo ntibishimiye ingabo z'Uburundi ku butaka bwabo
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere nibwo Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yemeje ku mugaragaro ko ingabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umu-Frère wo muri Saint Aloys ukekwaho gufata ku ngufu umunyeshuri yongeye gutabwa muri yombi
Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rwongeye guta muri yombi umu-Frère wari uherutse kugirwa umwere n’urukiko ku cyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato.
Uyu mu- Frère yari umurezi mu kigo cy’amashuri cya Saint!-->!-->!-->…
Hamenyekanye umubare w’abasirikare b’Abarundi biciwe muri somaliya
Leta y'Uburundi yatangaje umubare w'abasirikare bayo baguye mu gitero cy'ubwiyahuzi bagabweho n'umutwe wa Al Shabab mu gihugu cya Somaliya.
Nyuma y'igitero simusiga cyagabwe n'umutwe wa Al Shabab utavuga rumwe na Leta ya somaliya mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Yatahuwe ko asambanya umukobwa w’imyaka 15 irondo rije kumufata asohokana umuhoro…
Umusore uri mu kigero cy'imyaka 20 yatahuwe ko asanzwe ararana umwana w'umukobwa w'imyaka 15 maze irondo rije kumufata asohokana umuhoro maze arabacika.
Mu Karere ka Kayonza, mu Murenge wa Murama, akagali ka Rusave mu mudugudu wa!-->!-->!-->!-->!-->…