Mu Rwanda kuva mu ishuri biri kuvuguturwa umuti

1,577
Kwibuka30

Minisiteri y’uburezi ibinyujije kurubuga rwayo X yahoze yitwa Twitter
Imaze gutangaza ko hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye mu burezi barimo kuganira ku mushinga “Zero Out-Of-School Children Project”. Uyu mushinga watangijwe muri Nzeri 2023 uzamara imyaka 5, ugamije gusubiza mu ishuri abana bose baritaye, bakiga kandi bakarigumamo.Ni mugihe akenshi hajyaga haboneka abana bata ishuri urugero ni mu karere ka Gicumbi aho tariki 25 Gashyantare 2021 hashakishwaga abana 1658 bari barataye ishuri ,ni inkuru yakozwe na KigaliToday.Uyu mushinga ukaba uje guhangana n’iki kibazo cyo guta ishuri ku bana.

Kwibuka30
Ubutumwa bwa Minisiteri y’uburezi
Mu mwaka wa 2021 muri Gicumbi abana 1658 bari barataye ishuri.
Leave A Reply

Your email address will not be published.