Tanzaniya: Prezida Yirukanye bamwe mu bayobozi nyuma yo gupima amavuta y’imodoka bagasanga afite covid

9,471

Prezida Magufuli wa Tanzaniya ya maze kwirukana u muyobozi w’ikigo gishinzwe gupima indwara zitandukanye

Nyuma y’aho kuri iki cyumweru Prezida wa Tanzaniya Bwana John Pombe MAGUFULI agaragaje impungenge kuri bimwe mu bikoresho byifashishwa mu gupima indwara ya Covid-19, kuri uyu wa mbere Yirukanye abayobozi babiri bashinzwe ikigo k’igihugu gushinzwe gupima indwara ndetse n’ushinzwe ubuziranenge bw’ibikiresho byinjira mu gihugu.

Bwana Pombe Magufuli yavuze ko nyuma yo kubona imitate y’abarwayi igenda yiyongera ku buryo bukabije, yafashe umwanzuro would kugerageza ubuziranenge bw’ibikoresho byifashishwa mu gupima ubwandu Bwa Corona virus, yagize ati, twafashe amavuta y’imodoka tuyita Jabir Hamza w’imyaka 30, ibimenyetso bigaragaza ko yanduye, twafashe ipapayi tuyita izina rya Elisabeth w’imyaka 26, nayo basanga iranduye Covid-19, n’I bindi n’ibindi.

Nyuma y’ibi bizami Prezida Magufuli yavuze ko afite impungenge nyinshi ku bikoresho byo gupima byoherezwa mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere. Kugeza ubu igihugu cya Tanzaniya ni kumwe mu bimeze kwibasirwa na civid-19 mu kare ka Africa y’iburasirazuba ku buryo hari na bamwe mu bayobozi bamaze guhitanywa n’iki cyorezo.

Leave A Reply

Your email address will not be published.