Umugore yakubise umwana we w’imyaka 3aramunoza ngo nuko yahiswe mu gitanda.

12,698
Kwibuka30

Umugore ari mu mazi abira nyuma yo gukubita umwana we w’imyaka itatu akamwangiza mu isura amuziza ko yahiswe mu gitanda

Kwibuka30

LIB dukeshya iyi nkuru ntiyigeze ivuga amazina yaba ayu mwana cyangwa umugore gusa yatangaje ko abaturanyi aribo bahagobotse baratabara.

Uyu mwana kandi uyu mubyeyo yamuvunye n’akaboko amuhondagura no mumaso kugeza amaso abyimbye ,uyu muryango utuye mu gihugu cya Nigeriya uyu mugore ngo ntabana na se w’umwana kuko aba mu yindi leta gusa abaturanyi be byarangiye bamuhamagaye bamubwira ibyo umwana we yakorewe.

Leave A Reply

Your email address will not be published.