Umukobwa yirukanwe ku kazi azira ko ikariso ye yari yishushanyije ku ipantalo.

9,399
Kwibuka30

Umukobwa w’ikizungerezi yirukanwe ku kazi azira ko ikariso ye yari yishushanyije mu ipantaro bigashotora abagabo.

Uyu mukobwa utavuzwe amazina yirukanwe ku kazi na kompanyi imwe yo mu Mujyi wa Lagos kuko ikariso yari yishushanyije mu ipantaro yari yambaye (pant line showing).

Umukobwa w’ikizungerezi yirukanwe ku kazi...
Yirukanwe azira imyambarire ye ko ikariso igaragara yishushanyije
Kwibuka30

Umwe mu bavuze iby’iyi nkuru kuri Twitter, Odira Orinze yavuze ko iyo kompanyi iri muzikomeye i Lagos ariko ko ifite amabwiriza rimwe na rimwe yafatwa nko gukabya. Umuyobozi wayo ngo ni uko asanzwe abigenza kuko ngo buri kimwe akireba.

Yagize ati: Hari umuyobozi wa kompanyi imwe ikize, ifite ibiro mu gace ka Ikoyi. Uwo mubosi ari mu myaka 30 gusa abakobwa arabirukana iyo ikariso yishushanyije mu ipantaro. Buri kamwe akarebaho, rimwe na rimwe mba mbona akabya”

Ibi by’amakariso yishushanya mu mapantaro y’abagore biboneka kenshi kuri bamwe. Ntawamenya niba hari abahitamo kubigaragaza cyangwa niba hari abo bibangamira.

Leave A Reply

Your email address will not be published.