Wa muntu wishe abantu 11 harimo na mama we mu Budage hagaragaye ubutumwa burimo no kuba hari abaramya shitani mu gisirikare cy’Amerika

9,041
Kwibuka30

Umugabo w’imyaka 43 witwa Tobias uherutse kwiheba akarasa abantu mu budage hagaragaye bumwe mu butumwa yoherereje abantu muri Amerika ababwirako bafite igisirikare gikora ibintu bibi birimo no kuramya shitani.

Kwibuka30

Nkuko tubikesha Bild ivugako Rathjen yaragambiriye kurasa ahantu hari aba Turukiya muri kariya gace ka Hanau ho mu mugi wa Frankfurt biza kurangira nawe ubwe yirashe ndetse yica na nyina umubyara.

Mu butumwa yanditse namashusho yagiye hanze yagaragaje uburyo abanyamerika bagira ibintu ngo bizera bidasanzwe aho yavuzeko igisirikare cyabo hari naho kirirwa kiramya satani ,bakica impinja n’ibindi bikorwa bibi.

Ipererza ryemeje ko uriya mugabo yarafite imyizerere idasanzwe bise “Xenophobic motivation”nyuma yahantu hagera kuri habiri yarashe agahitana abantu bagiye iwabo basanga nawe yirashe ndetse na nyina wari ufite imyaka 72.

Leave A Reply

Your email address will not be published.