Yvonne w’imyaka 52 yahishuye ko amaze imyaka 14 aryamana n’umuhungu we buri wa gatatu w’icyumweru

23,333

Madame Benda Yvonne amaze imyaka igera ku 14 aryamana n’umuhungu we kugira ngo akomeze abe umukire.

Umukecuru w’imyaka 52 y’amavuko witwa YVONNE BANDA wo mu gihugu cya Zambiya yahishuriye ikinyamakuru bénin24tv dukesha ino nkuru ko amaze imyaka 14 yose aryamana n’umuhungu we witwa ABEL kugira ngo uwo muhungu we akomeze abe umukire.

Uwo mukecuru yavuze ko guhera mu mwaka wa 2004 aribwo yatangiye kuryamana n’umuhungu we buri wa gatatu wa buri cyumweru. Yagize ati:”….nibyo, ubu hashize imyaka igera kuri 14, abapfumu bamubwiye ko kugira ngo akomezanye ubukire aruko yahora akora imibonano mpuzabitsina na nyina bitaba ibyo agakena agatindahara, ndetse ko ashobora no gupfa”

Abel, umuhungu w’uwo mukecuru afite kampani itwara abantu n’ibintu, ndetse akaba afite n’amakamyo menshi akora ubucuruzi muri icyo gihugu.

Leave A Reply

Your email address will not be published.