Browsing Category
Iyobokamana
Papa Francis yamaganye amategeko ahana ubutinganyi
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis ari kumwe n’abayoboye Itorero rya Anglican mu Bwongereza no muri Ecosse/Scotland yamaganye amategeko ahana ubutinganyi.
Asoje uruzinduko rwe muri Sudan y’Epfo ku Cyumweru, Papa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ari mu kagare k’abamugaye, Papa Fransisko Yageze Muri Kongo mu ruzinduko rw’Iminsi 6…
Umushumba mukuru wa kiliziya gatolika Papa Fransisko ari mu ruzinduko rw'iminsi itatu muri Repubulika ya demukarasi ya Kongo
Ni nyuma y’imyaka 37, Kongo isuwe na Papa Yohani Paul wa Kabiri. Icyo gihe iki gihugu cyitwaga Zaire mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya mbere mugore yagizwe Pasiteri i Yeruzalemu
Abagore bakomeje kwiyongera mu buyobozi bw’amadini atandukanye, aho bwa mbere mu mateka Umunya-Palestine Sally Azar, yabaye umugore wa mbere wimitswe akagirwa Pasiteri mu Mujyi wa Yeruzalemu.
Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Ku nshuro ya mbere umuntu ufite ubumuga bwo kutabona yabaye umupadiri
Mu gihugu cya Kenya, umuntu wa mbere ufite ubumuga bwo kutabona yahawe isakaramentu ry'ubusaseridoti.
Kuwa Gatandatu tariki ya 14 Mutarama 2023, uwari umudiyakoni Michael Mithamo King'ori yaherewe isakaramentu ry'ubusaseridoti muri!-->!-->!-->!-->!-->…
“yavuze yego” Izina ry’igitaramo gikomeye umuramyi Papy ari gutegurira abakunzi be
Umuramyi Papy Clever uririmbana n'umugore we Dorcas yatangaje ko ari gutegura igitaramo cya live kigamije guhembura imitima binyuze mu ndirimbo zo kuramya Imana ndetse avuga n'impamvu icyo gitaramo cyiswe ngo YAVUZE YEGO
Abaramyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Arabiya Saoudite yakuyeho amabwiriza ya covid-19 ku bitabira umutambagiro mutagatifu
Arabie Saoudite yakuyeho amabwiriza ya Covid -19 yashyizweho mu 2020 yagenaga umubare ntarengwa w’abagomba kwitabira umutambagiro mutagatifu i Mecca.
Buri mwaka ibihumbi by’Abayisilamu baturutse hirya no hino ku Isi bahurira i Mecca!-->!-->!-->!-->!-->…
Antoine Cardinal Kambanda yasangiye Noheli n’abana, abasaba kwishimira impano y’ubuzima
Abana basaga 6,000 basangiye Noheli na Antoine Cardinal Kambanda, ku itariki ya 22 Ukuboza 2022 kuri Paruwasi Regina Pacis Remera.
Mu nyigisho yahaye aba bana ubwo yabaturiraga igitambo cya Misa, yababwiye ko ari abana b’Imana kandi!-->!-->!-->!-->!-->…
Niwemushumba Phocas yasezeye mu gipadiri yari amazemo imyaka 15 yose
Umupadiri witwa Niwemushumba Phocas wo muri Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri, yandikiye Musenyeri Vincent Harolimana, ibaruwa imumenyesha ko asezeye mu butumwa bwe.
Ni ibaruwa yasinywe tariki 06 Ukuboza 2022, aho ubwo yayandikaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu minsi ya vuba Rugamba sipiriyani n’umugore we bashobora kwemerwa nk’abatagatifu
Umushumba wa Diyoseze Gatulika ya Kabgayi, Musenyeri Smaragde Mbonyintege yavuze ko Dosiye yo kwinjiza Sipiriyani Rugamba na Madamu we mu Batagatifu, iri kugenda neza ku buryo mu gihe cya vuba bazemezwa, ahishura n’icyo azajya ahora!-->!-->!-->…
DRC: abapadiri babyaye basabwe gusezera bakava mu muhamagaro
Ubuyobozi bwa kiliziya gatulika muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bwategetse abapadiri bose bazi ko babyaye bagatatira indahiro barahiye kwandika vuba na bwangu bagasezera bakava mu muhamagaro.
Inama y'abepiskopi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Polisi yataye muri yombi umu motari wakoreshaga perimi y’impimbano.
Abapolisi bashinzwe umutekano wo mu muhanda bakorera mu Karere ka Ngororero kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Nzeri bafashe uwitwa Nkurunziza Alex w’imyaka 28 atwaye moto akoresha uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw'uruhimbano rufite!-->!-->!-->…
Musenyeri Eduard Sinayobye ati: Nzakora iyogezabutumwa rishingiye ku kivandimwe nk’uko…
Umuhango wo kwimika Musenyeri mushya wa Diyoseze ya Cyangugu, Edouard Sinayobye, wabaye kuri uyu wa Kane tariki 25 Werurwe 2021, ubera muri Diyoseze ya Cyangugu uyobowe n’intumwa ya Papa mu Rwanda, Musenyeri Andrzej Józefowicz, wasabye!-->…
Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda ryafunguye kaminuza izigisha iby’iyobokamana.
Itorero Angilikani ry’u Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Werurwe 2021 ryafunguye ku mugaragaro Kaminuza ya East African Christian College yitezweho kuzamura ubumenyi bw’abigisha b’ijambo ry’Imana mu madini n’amatorero mu Rwanda,!-->!-->!-->…
Padiri Ubald wari umaze igihe yitabye Imana yasezeweho bwa nyuma.
Padiri Ubald Rugirangoga yasezeweho bwa nyuma mu gitambo cya Misa cyabereye i Kigali, muri Kiliziya Gatolika ya Paruwasi Regina Pacis i Remera, hibukwa ibikorwa byamuranze birimo kwimakaza ubumwe n’ubwiyunga mu Banyarwanda.
Padiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda habonetse umurambo w’umugabo
Mu ishyamba rya kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hongeye hatoraguwe umurambo w’umugabo witwa Mpumuje Athanase wakoraga ubukarani mu mujyi wa Huye.
RIB yatangiye iperereza ngo hamenyekane icyateye urupfu gusa ababonye uyu murambo!-->!-->!-->!-->!-->…