Browsing Category
Iyobokamana
Abakirisitu b’Itorero ADEPR bariye karungu, barashaka kweguza Umushumba Mukuru
Abayoboke b’Itorero ADEPR mu Ntara y’Iburengerazuba, barasaba ko Umuvugizi Mukuru w’iryo torero, Pasiteri Ndayizeye Isaie, yeguzwa ku buyobozi bwa ADEPR.
Bimwe mu bibazo abakirisito bashingiraho basaba ko yeguzwa, ni ibyaha!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Ubuyobozi bw’umurenge wa Kimironko bwafunze itorero Umurimo wa Pantekosti
Nyuma y'indyane no kutumvikana mu bayobozi, umurenge wa Kimironko watangaje ko wafunze itorero Umurimo wa pantekosti.
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, bwatangaje ko bwafunze Itorero Umuriro!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Bombori bombori mu itorero Umuriro wa Pentekoste
Mu itorero Umuriro wa pentekoste riherereye mu mujyi wa Kigali, mu Karere ka Gasabo ahazwi nka Kibagabaga, haravugwa ibibazo bikomeye birimo abayobozi baregwa ubujura no gushishikariza abakristo guhunga igihugu n'inzego z'ubutegetsi.
!-->!-->!-->!-->…
KNC arashinja ivangura itorero ryahagaritse korari riyiziza gukorana na Israel Mbonyi.
Nyiri Radio na TV1 Bwana Kakooza Nkuriza Charles uzwi cyane nka KNC yamaganiye kure Itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi (SDA), ryafatiye ibihano bikakaye itorero Messengers Singers, Itsinda ribarizwa mu itorero!-->!-->!-->…
Uwitwa LINA yakatiwe gufungwa imyaka 2 nyuma yo kwiha gusenga isengesho rya ki Islam mbere kurya…
Umugore witwa Lina Lutfiawati wo muri Indonesia yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri, kubera Video yakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga asoma isengesho ry’Abayisilamu mbere yo kurya ingurube.
Ubwo yari ku kirwa cya Bali, Lina Lutfiawati!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikibazo cy’ibura rya Bibiliya mu Rwanda kiravugutirwa umuti
Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda watangije gahunda y’ubukangurambaga bwiswe ‘Shyigikira Bibiliya Campain’ igamije gutuma Bibiliya ziboneka kuko hashize iminsi kuyibona bigoye.
Umuhango wo gutangiza icyo gikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abasilamu basabwe kwirinda kubaga, babwirwa gutegereza inyama z’i Kigali
Abayoboke b'idini rya Islamu mu Karere ka Bugesera basabwe kwirinda kubaga ku munsi wa Eid al-Adha kuko amatungo yose ari mu kato k'indwara y'uburenge basabwa kwihangana bagategereza inyama bari buhabwe n'umuryango wa bayisilamu mu!-->!-->!-->…
Hari abagiye mu mutambagiro mutagatifu batekerwa umutwe bahabwa viza z’indyogo bafatirwa i…
Mu muryango w'abasilamu mu Rwanda (RMC) haravugwa uburiganya n'ubutekamutwe kuri bamwe mu bari bitabiriye umutambagiro mutagatifu batekewe umutwe bagahabwa viza z'impimbano bakagarurirwa ku kibuga cy'indege cya Dubai.
Ibibazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa azimikwa mu kwezi gutaha
Nyuma y’uko Papa Faransisiko yatoreye Padiri Ntivuguruzwa kuba Umwepisikopi wa Diyosezi ya Kabgayi asimbuye Musenyeri Simaragde Mbonyintege, ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru, hatangajwe igihe cyo guhabwa inkori y’ubushumba, mbere yo!-->!-->!-->…
Kenya: Leta Yafunze Undi Mupasitoro Wicishije Abantu Inzara Kugeza bapfuye
Umupasitoro w’umunyakenya yatawe muri yombi uyu munsi kuwa kane, “ku mpfu z’abayoboke be ikivunge”, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, nyuma y’iminsi mike undi muyobozi w’itorero, mu karere kamwe, afashwe!-->!-->!-->…
Abagore bemerewe gutora mu nama nkuru ya Kiliziya Gatolika
Papa Francis yemeje ko abagore bagiye kujya bemererwa gutora ku ngingo zitandukanye mu nama nkuru ihuza abayobozi ba Kiliziya Gatolika ku rwego rw’Isi, izwi nka Sinode.
Ubusanzwe muri iyi nama abasenyeri ba Kiliziya Gatolika nibo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuryango w’Abasilamu mu Rwanda watangaje ukwezi kw’igisibo ku basilamu
Umuryango w'Abasilamu mu Rwanda RMC watangaje ko igisibo cy'ukwezi kwa Ramadhan kkizatangira kuri uyu wa kane.
Kuri uyu munsi wa kabiri, taliki ya 21 Werurwe 2023, umuryango w'aba Islam mu Rwanda RMC (Rwanda Muslim community)!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa Francis yamaganye amategeko ahana ubutinganyi
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis ari kumwe n’abayoboye Itorero rya Anglican mu Bwongereza no muri Ecosse/Scotland yamaganye amategeko ahana ubutinganyi.
Asoje uruzinduko rwe muri Sudan y’Epfo ku Cyumweru, Papa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ari mu kagare k’abamugaye, Papa Fransisko Yageze Muri Kongo mu ruzinduko rw’Iminsi 6…
Umushumba mukuru wa kiliziya gatolika Papa Fransisko ari mu ruzinduko rw'iminsi itatu muri Repubulika ya demukarasi ya Kongo
Ni nyuma y’imyaka 37, Kongo isuwe na Papa Yohani Paul wa Kabiri. Icyo gihe iki gihugu cyitwaga Zaire mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya mbere mugore yagizwe Pasiteri i Yeruzalemu
Abagore bakomeje kwiyongera mu buyobozi bw’amadini atandukanye, aho bwa mbere mu mateka Umunya-Palestine Sally Azar, yabaye umugore wa mbere wimitswe akagirwa Pasiteri mu Mujyi wa Yeruzalemu.
Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru mu!-->!-->!-->!-->!-->…