Niger: Abasivile 18 baguye mu gitero cy’inyeshyamba

6,601
Kwibuka30

Ubuyobozi muri Niger bwatangaje ko abasivile 18 baguye mu gitero cy’inyeshyamba mu burengerazuba bw’igihugu.

Kwibuka30

Bivugwa ko amabandi yari ari kuri za moto yatatse ikamyo yari itwaye abantu hagati y’ibyaro bibiri mu karere ka Tillaberi.

Uburengerazuba bwa Mali, kimwe n’ibihugu bituranyi bya Mali na Burkina Faso, mu myaka yashize hagiye hibasirwa n’ibitero by’inyeshyamba, nubwo imbaraga z’iturutse mu bihugu by’amahanga zifashishijwe mu kurwanya inyeshyamba zigendera ku mahame ya Kisilam.

Comments are closed.