Browsing Category
Imikino
Rayon Sports yatsinzwe urubanza yaregwagamo n’uwahoze ari umutoza wayo.
Uwari umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Manuel da Silva Paixão Santos yamaze gutsinda urubanza yaregagamo ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kumwirukana we n’umwungiriza we Paulo Daniel Faria binyuranyije n’amategeko.
Mu ntangiriro za!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya APR FC yaraye isezereye umutoza wayo mukuru Adil
Ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo guhagarika Umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed wayitozaga mu gihe kitazwi.
Icyemezo cyo guhagarika Adil Mohammed cyamenyekanye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 14 Ukwakira 2022.
Ku mugoroba!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Gasogi Utd Ahmed Adel yahagiritswe imyaka 5 kubera ibyangombwa bihimbano
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yahagaritse abatoza batatu barimo uwa Gasogi United, Ahmed Adel, mu gihe cy’imyaka itanu batagaragara mu bikorwa bya ruhago bazira gukoresha ibyangombwa mpimbano.
Itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kylian Mbappe yahigitse Erling Haaland ku rutonde rw’umukinnyi wa mbere uhenze ku isi, naho Messi…
Kylian Mbappe niwe mukinnyi uhenze ku isi aho Arusha umukurikira miliyoni 10 z’ama Pound y’Abongereza
Mu bushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru The SunFootball , cyashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 10 ba mbere bahenze ku isi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyamuryango ba KIYOVU Sport batakambiye Juvenal bamusaba kugaruka ku buyobozi
Abanyamuryango b'ikipe ya Kiyovu Sport basabye ko uwari perezida w'ikipe yabo ko yakongera kuyobora ikipe bamwizeza ubufatanye.
Ku munsi w'ejo kuwa kane taliki ya 29 Nzeli 2022 nibwo abakunzi b'umupira w'amaguru batunguwe no kumva!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Mvukiyehe Juvenal wayoboraga KIYOVU Sport yeguye ku buyobozi bw’iyi kipe
Uwari Perezida wa Kiyovu Sports Mvukiyehe Juvénal yeguye ku buyobozi bw’iyi kipe, mu gihe yari asigaje igihe kingana n’umwaka umwe ngo agere ku mpera za manda ye ingana n’imyaka itatu yari yaratorewe.
Ibaruwa igaragaza ubwegure bwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu marira menshi Roger Feder yatsinzwe umukino we wanyuma nk’uwabigize umwuga.
Roger Federer (ibumoso) na Rafael Nadal (iburyo) bafatanyije mu mukino wa nyuma wa Federer nk’uwabigize umwuga.
Mu mukino wabereye kuri stade ya O2, iherereye mu murwa mukuru w’Ubwongereza Londre ,umunyabigwi Roger Feder afatanyije!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Cote d’Ivoire Gerard Bi Goua Gohou yahamagawe mu Amavubi.
Rutahizamu w’umunya Côte d’Ivoire Gerard Bi Goua Gohou yahamagawe mu ikipe y’igihugu Amavubi y’u Rwanda.
Uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko akina muri Kazakhstan mu ikipe yitwa Aktobe. Arasanga bagenzi be muri Morocco nk’uko iyi kipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Manchester United iyoboye urutonde rw’amakipe yahenzwe cyane ku isoko ry’abakinnyi mu…
Mu bushakashatsi bwimbitse bwakozwe n’ukinyamakuru The sun, bwerekanye ko ikipe ya Manchester united ariyo kipe yahenzwe ku isoko ry’abakinnyi mu gihe cy’imyaka 10 ishize aho yahombye arenga miliyoni 210 z’ama euro.
Kugira ngo the!-->!-->!-->!-->!-->…
Bimwe utari uzi kandi bitangaje ku mupira w’amaguru (Ballon) wiswe Ruhago
Mu gihe bidashidikanywaho ko umupira w’amaguru (football) ariwo mukino wa mbere ukunzwe ku isi, aho mu bushakashatsi byagaragaye ko uno mukino wihebewe n’abarenga miliyali 4 muri miliyari zirenga 7 zituye isi , gusa abenshi!-->!-->!-->…
La Liga yamaganye imagambo y’ivangura aherutse gukorerwa umukinnyi wa Real Madrid Vinicius Jr
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu gihugu cya Espagne ryamaganye ibikorwa n'amagambo y'ivanguraruhu ku mukinnyi wa Real Madrid.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu gihugu cya Espagne "LA LIGA" ryaraye rishyize hanze itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Alphonse NKURANGA wari umaze imyaka 6 muri RadioTV10 yahavuye, yerekeza mu ishyirahamwe…
Nkuranga Alphonse wari umaze imyaka itandatu yose akorera igitangazamakuru cya RadioTv10 yamaze kuhasezera agana muri FERWACY.
Ishyirahamwe ry'umukino w'amagare mu Rwanda rimaze gutangaza ko ryagize Bwana ALPHONSE NKURANGA umuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasana Jerome wari MD wa MUKURA VS yayisezeyeho ayisiga mu ruhuri rw’ibibazo
Gasana Jerome wari MD w'ikipe ya MUKURA VS yamaze gusezera kuri uwo mwanya ayisiga mu bibazo by'uruhuri iyi kipe imazemo igihe
Bwana GASANA Jerome wari ushinzwe gukurikirana ibibazo mu ikipe ya MUKURA VS (MD) bimaze kwemezwa ko uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibikorwa byo kunamira umwami byatumye umukino wari guhuza Arsenal na PSV Endhoven usubikwa
Umukino wa wagombaga kuba kuwa Kane ugahuza Arsenal na PSV Eindhoven, mu irushanwa rya Europa League wasubitswe kubera ibikorwa bifitanye isano no kunamira Umwamikazi Elizabeth II.
Ni umukino wa kabiri mu matsinda, Arsenal yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Handball : Ikipe y’u Rwanda yageze ku mukino wa nyuma mu mikino y’Afurika
Ikipe y'igihugu ya Handball yaraye ibonye itike yo gukina final nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe y'igihugu ya Maroc.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ibonye itike yo gukina umukino wa nyuma wiri rushanwa nyuma y’umukino wari ukomeye!-->!-->!-->…