Browsing Category
Imikino
Amarangamutima ya Salma M.Nsanga umwe mu bagore 3 bazasifura mu gikombe cy’isi
Nyuma y'aho ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku isi FIFA ritangarije ku munsi w'ejo hashize taliki ya 19 Gicurasi 2022 urutonde rw'abasifuzi bazasifura igikombe cy'isi giteganijwe kubera mu gihugu cya Qatar mu mpera z'uno mwaka wa!-->!-->!-->…
Hamenyekanye amamiliyoni Rayon Sport yaraye yinjije mu mukino wayihuje na APR FC
Umukino waraye uhuje ikipe ya APR FC n'ikipe ya Rayon sport, byamenyekanye ko uwo mukino winjije akayabo ka milyoni zirenga 30
Ku mugoroba wo ku munsi w'ejo taliki ya 11 Gicurasi 2022, nibwo habaye umukino wa kimwe cya kabiri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Kiyovu FC yariye karungu, agiye kurega abamaze iminsi bamusebya
Umutoza w'ikipe ya Kiyovu Sport yariye karungu avuga ko agiye kurega abantu bamaze iminsi bamusebya ko yariye amafranga ya APR FC ngo akunde yitsindishe.
Nyuma y'aho hakomeje kuvugw amakuru menshi ariko y'ibihuha ko umutoza w'ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza Adil ntazongera amasezerano muri APR FC
Umutoza w'ikipe ya APR FC Bwana Adil Mohamed biravugwa ko iyi saison nirangira atazongera amasezerano muri iyi kipe, ngo azahitamo kwisubirira iwabo.
Amakuru dufite kandi yavuye ahantu hizewe aravuga ko umutoza w'ikipe ya APR FC!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye abasifuzi bari busifure umukino wa Rayon Sport na APR FC
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ryamaze kwemeza abasifuzi bane bari busifure umukino w'ishiraniro uhuza Rayon sport na APR FC
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 11 Gicurasi 2022 ahagana saa cyenda kuri stade ya Kigali i Nyamirambo!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi U-16 ntazitabira imikino y’isi
Mu buryo butunguranye, ikipe y'Amavubi Under 16 yabuze ibyangombwa biyerekeza muri Chypres mu gihe yari imaze iminsi iri mu mwiherero yitegura.
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 16 bagombaga kwitabira!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara VC yageze muri 1/4 mu mikino Nyafrika
Ikipe ya Gisagara VC nyuma yo kwitwara neza mu mukino wa kabiri mu itsinda D yahise ikatisha itike ya ¼ cy’irangiza mu mikino y’Afurika y’amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bagabo “Men’s African Volleyball Clubs Championship!-->!-->!-->…
Umutoza wa APR FC ntiyumva ukuntu KAZUNGU Claver yaba umunyamakuru
Umutoza wa APR FC aravuga ko atumva ukuntu umuntu nka Kazungu Claver utarigeze arenga muwa gatatu w'amashuri abanza yaba umunyamakuru usesengura.
Nyuma y'aho ikipe ya MARINE FC itsinze ikipe ya APR igitego kimwe ku busa ariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Miliyari 9 niyo yaguzwe umupira wambawe n’igihangange Maradona
Umwenda umukinyi igihangange mu mupira w’amaguru Diego Maradona yari yambaye mu irushanwa ry’igikombe cy’isi ryabereye mu gihugu cya Mexqique mu mwaka 1986 yagurishijwe amadorali y’Amerika imiriyoni 9 n’ibihumbi 300.
Umupira!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara Volley Ball Club yerekeje muri Tunisiya mu mikino Nyafrika
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane taliki 05 Gicurasi 2022 ni bwo ikipe ya Gisagara VC yahagurutse mu Rwanda yerekeje i Tunis muri Tunisia aho igiye kwitabira imikino y’Afurika y’amakipe yabaye aya mbere wayo mu bagabo “Men’s!-->!-->!-->…
AS Kigali yongeye gutsinda Gasogi Utd amagambo ashira ivuga.
Ikipe ya AS Kigali yatsinze Gasogi United ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona wakinirwaga kuri Stade ya Kigali. AS Kigali yaherukaga gutsinda iyi kipe kuwa Kabiri ushize.
bitego bya AS Kigali byatsinzwe na Ndekwe!-->!-->!-->!-->!-->…
MUTEBI yeretswe umuryango uva muri AS KIGALI, hinjira Kassa Mbungo
Ikipe ya AS Kigali yatangaje ko imaze gutandukana n'uwari umutoza wayo Bwana Mike MUTEBI yongera iha akazi Kassa Mbungo
Ubuyobozi bwikipe ya AS Kigali bwatangaje ko bumaze gutandukana n'uwari umutoza wayo, umugande MIKE MUTEBI!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingengabihe y’amatora y’uzayobora FERWACY yashyizwe ahagaragara
Inteko rusange y'umukino w'amagare mu Rwanda yemeje ingengabihe (Calendar) y'amatora azasiga hamenyekanye abayobozi b'uwo mukino mu myaka ine iri imbere.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 23 Mata 2022 inteko rusange y'umukino!-->!-->!-->!-->!-->…
Arsenal ikubise Manchester United biyiha amahirwe yo kuba muri Big4
Nyuma y'aho ikipe ya Arsenal inyagiye ikipe ya Chelsea, iyi kipe yongeye ikubitira mu igunira ikipe ya Manchester United biyongerera amahirwe yo kuba mu makipe ane meza (Big4)
Championnat y'umupira w'amaguru mu gihugu cy'Ubwongereza!-->!-->!-->!-->!-->…
Mauricio pochettino yatunguwe n’icyemezo Man Utd yafashe
POCHETTINO UTOZA PSG YAVUZE KO YATUNGUWE N’ICYEMEZO MANCHESTER UNITED YAFASHE MU GUHITAMO UMUTOZA
Mauricio Pochettino utoza Paris Saint Germain yo mu Bufaransa yatangaje ko yatunguwe n’ikemezo iyi kipe ya Manchester united yafashe!-->!-->!-->!-->!-->…