Browsing Category
Imikino
Ku myaka 35 gusa Gerard Piqué wakanyujijeho muri ruhago yatangaje ko agiye kumanika godiyo
Myugariro wa FC Barcelona n’Ikipe y’Igihugu ya Espagne Gerard Piqué yatangaje ko azahagarika umupira w’amaguru nyuma y’umukino wa Shampiyona ‘La Liga’ uzahuza ikipe ye na Almeria.
Inkuru yo guhagarika gukina ruhago, Piqué!-->!-->!-->!-->!-->…
Sacha watozaga ikipe y’abagore ya Rayon yerekeje muri Gasogi Utd
Bwana Sacha wari uzwi mu itsinda ry'abatoza b'ikipe ya Rayon sport ubu yamaze kwerekeza mu ikipe ya Gasogi Utd nk'umutoza wungirije.
Nyuma y'uko ikipe ya Gasogi United utandukanye n'abari abatoza bayo ku bwumvikane bw'impande zombi,!-->!-->!-->!-->!-->…
GASOGI Utd irabeshyuza amakuru yavugaga ko yirukanye abari abatoza bayo
Ubuyobozi bw'ikipe ya Gasogi Utd buramagana abantu bamaze iminsi bakwirakwiza amakuru y'uko bwirukanye uwari umutoza w'ikipe kubera umusaruro nkene.
Mu ijwi ry'umuyobozi w'ikipe ya Gasogi Utd Bwana KNC na Bwana Mutabaruka Anglebert,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya GASOGI Utd yirukanye uwari umutoza wayo nyuma y’umusaruro nkene amaze iminsi atanga
Ikipe yaGASOGI Utd yatandukanye n'uwari umutoza wayo nyuma y'uko uwo mutoza atari ggutanga umusaruro yari ategerejweho.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, ubuyobozi bw'ikipe ya GASOGI Utd bwatangaje ko bwatandukanye n'uwari umutoza!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiyovu Sport yahaye isomo rya ruhago Musanze FC, Sunrise igwa miswi na Rutsiro FC.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 29 Ukwakira 2022, championnat y'u Rwanda y'umupira w'amaguru yakomeje. Umwe mu mikino yari itegerejwe na benshi, ni uwari guhuza ikipe ya Kiyovu FC imaze iminsi ifite ibibazo by'ubuyobozi, iyo kipe!-->!-->!-->…
APR FC yihereranye Bugesera iyinyagira ibitego bitatu byose
N'umujinya mwinshi w'ibibazo imazemo igihe, ikipe ya APR FC yihereranye ikipe ya Bugesera Fc iyinyagira ibitego bitatu byose indi ntiyakoramo
Nyuma y'ibibazo bimaze iminsi bivugwa mu ikipe ya APR FC, kuri uyu munsi yaje yariye!-->!-->!-->!-->!-->…
FIFA yagumishijeho ibihano yahaye ikipe ya Mukura VS&L biyitegeka kwishyura miliyoni zirenga 11
Akanama nkemurampaka k'impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku isi FIFA kongeye kwemeza ko ikirego cya Opoku Mensah gifite ishingiro, ndetse ikomeza ibihano yari yarahaye ikipe ya Mukura Victory Sport et loisir nyuma y'aho iyi kipe!-->!-->!-->…
Adil wahembwaga akayabo mu mitsi n’imisoro y’Abanyarwanda yamaze gutandukana na APR FC
Bidasubirwaho, umutoza Adil yamaze gutandukana n'ikipe y'ingabo z'igihugu APR FC asiga avuze ko bazakiranurwa n'inkiko za FIFA.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu nibwo inkuru yabaye impamo, iva mu byo guhishahisha ku mpande!-->!-->!-->!-->!-->…
“Sadate yahemukiye Rayon, akwiye gushyirwa kuri stade akaraswa” Martin wa Rayon
Hari bamwe mu bakunzi n'abafana b'ikipe ya Rayon Sport basanga Bwana Sadate yarahemukiye ikipe ku buryo usibye imbabazi z'abakunzi bayo, ubundi yari akwiye gushyirwa kuri stade akaraswa urufaya rw'amasasu ku karubanda.
Kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Karim Benzama yegukanye Ballon d’Or nyuma y’igihe nta mufaransa uzi uko isa
Mu birori by'akataraboneka byabereye i Paris biyoborwa na Didier Drogba, KARIM BENZAMA rutahizamu wa Real Madrid n'ikipe y'igihugu y'Ubufaransa yahawe Ballon d'Or nyuma y'imyaka itari mike nta mufaransa uyihawe.
Ku wa Mbere tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports yatsinzwe urubanza yaregwagamo n’uwahoze ari umutoza wayo.
Uwari umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Manuel da Silva Paixão Santos yamaze gutsinda urubanza yaregagamo ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kumwirukana we n’umwungiriza we Paulo Daniel Faria binyuranyije n’amategeko.
Mu ntangiriro za!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya APR FC yaraye isezereye umutoza wayo mukuru Adil
Ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo guhagarika Umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed wayitozaga mu gihe kitazwi.
Icyemezo cyo guhagarika Adil Mohammed cyamenyekanye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 14 Ukwakira 2022.
Ku mugoroba!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Gasogi Utd Ahmed Adel yahagiritswe imyaka 5 kubera ibyangombwa bihimbano
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yahagaritse abatoza batatu barimo uwa Gasogi United, Ahmed Adel, mu gihe cy’imyaka itanu batagaragara mu bikorwa bya ruhago bazira gukoresha ibyangombwa mpimbano.
Itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kylian Mbappe yahigitse Erling Haaland ku rutonde rw’umukinnyi wa mbere uhenze ku isi, naho Messi…
Kylian Mbappe niwe mukinnyi uhenze ku isi aho Arusha umukurikira miliyoni 10 z’ama Pound y’Abongereza
Mu bushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru The SunFootball , cyashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 10 ba mbere bahenze ku isi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyamuryango ba KIYOVU Sport batakambiye Juvenal bamusaba kugaruka ku buyobozi
Abanyamuryango b'ikipe ya Kiyovu Sport basabye ko uwari perezida w'ikipe yabo ko yakongera kuyobora ikipe bamwizeza ubufatanye.
Ku munsi w'ejo kuwa kane taliki ya 29 Nzeli 2022 nibwo abakunzi b'umupira w'amaguru batunguwe no kumva!-->!-->!-->!-->!-->…