Browsing Category
Imikino
Guy Bukasa watozaga Rayon sport yasimbujwe Kayiranga Jean Baptiste.
Umunyabigwi wa Rayon Sports,Kayiranga Jean Baptiste yongeye yagizwe umutoza w’agateganyo wa Rayon Sports nyuma y’aho uwari umutoza mukuru,Guy Bukasa,yeguye ku mirimo ye nyuma yo gutsindwa na APR FC igitego 1-0.
Kayiranga ugiye gutoza!-->!-->!-->…
Championnat yo gusiganwa ku magare yahagaritswe kubera icyoba cya Covid-19
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ’FERWACY’, ryatangaje ko shampiyona y’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda yari iteganyijwe mu mpera z’iki cyumweru yasubitswe bitewe n’ubwiyongere bw’icyorezo cya Coronavirus.
Iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza w’Amavubi Mashami yahamagaye abakinnyi higanjemo amasura mashya
Mashami Vincent umutoza mukuru w’Amavubi Stars yahamagaye abakinnyi 34 bagomba gutangira imyiteguro y’imikino 2 ya gicuti u Rwanda rufitanye n’Ikipe y’Igihugu ya Central Africa izaba tariki ya 4 n’iya 7 Kamena 2021 i Kigali.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Seninga yanditse amateka yo kuba umutoza wirukanywe hagati mu mukino.
Uwari umutoza wa Musanze FC Bwana Seninga Innocent yaraye yirukaniwe ku kibuga n’umuyobozi w’iyi kipe Tuyishime Placide uzwi nka Trump nyuma yo kunyagirwa na Gasogi United ibitego 4-1.
Seninga wakoze agahigo kabi ko kuba umutoza wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Manchester City yamenye ibyo isabwa kugira ngo yegukane rutahizamu Lionel Messi
Manchester City yabwiwe ko ishobora kugura rutahizamu wa FC Barcelona ukomoka muri Argentina,Lionel Messi w’imyaka 33, mu gihe yakwemera kumuhemba ibihumbi 500 by’ama pawundi ku cyumweru nta misoro irimo,n’ukuvuga ibihumbi birenga 700!-->…
MUKURA VS yirikanye abakinnyi bayo 5 kubera kugambanira ikipe.
Ikipe ya MUKURA VS yirukanye abakinnyi bayo bagera kuri batanu kubera guhamwa n'icyaha cyo kugambanira ikipe bakitsindisha mu mikino iherutse. (Photo Archive)
Ikipe ya Mukura VS ifitanye umukino wa nyuma wo mu itsinda D n’ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Etincelles FC yatunguye AS Kigali nyuma yo gutsinda imikino 3 ibanza
AS Kigali yari yarangije imikino 3 ibanza yo mu itsinda C itwaye amanota yose,yatunguwe no gutsindwa na Etincelles FC ibitego 2-1 mu mukino wa mbere wo kwishyura cyane ko mu mukino ubanza AS Kigali yari yatsindiye Etincelles FC kuri Stade!-->…
Live: Bugesera 0-0 APR FC umukino uri mu Bugesera
Bugesera FC iri gushaka inota rya mbere imbere y'APR FC imaze gutsinda imikino yayo 2.
Bugesera na APR zirigukina zihura ku nshuro ya 11, aho mu nshuro 10 ziheruka, Bugesera yatsinze APR FC inshuro imwe gusa. Umwaka wa 20216/2017!-->!-->!-->!-->!-->…
Umufaransa Alan Boileau yegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda.
Umukinyi w'Umufaransa niwe wegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda, irushanwa ryatangiye ku munsi w'ejo.
Irushanwa rya TOUR du Rwanda rigeze ku munsi wayo wa kabiri kubera ko ryatangiye ejo ku cyumweru taliki ya 2 Gicurasi!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, inkuru ibaye impamo KIYOVU Sport isezereye Umutoza wayo
Inkuru imaze kuba impamo, Ikipe ya Kiyovu Sport imaze gutandukana n'umutoza wayo mukuru Bwana Olivier Karekezi.
Guhera muri iki gitondo nibwo inkuru yatangiye kumvikana mu matwi y'abakunzi ba Ruhago, inkuru ivuga ko Ikipe ya Kiovu!-->!-->!-->!-->!-->…
KIYOVU Sport yahakanye amakuru yavugaga ko Olivier Karekezi yirukanywe
Ubuyobozi bw'ikipe ya Kiyovu sport bwahakanye amakuru yari amaze umwanya avugwa ko iyo kipe yirukanye uwari umutoza wayo mukuru Bwana Karekezi Olivier
Nyuma y'uko ku munsi w'ejo taliki ya 1 Gicurasi 2021 Ikipe ya Kiyovu sport!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwambaro Police FC izaserukana muri shampiyona iratangira mumpera z’uku kwezi ifite…
Ikipe ya Police FC yashyize hanze imyambaro abakinnyi bayo bazakoresha muri iyi shampiyona izatangira kuri uyu wa Gatandatu iriho amazina yabo nyamara mu myaka ishize ntiyaba ariho.
Mu mafoto yashyizwe hanze na Police FC,agaragaza!-->!-->!-->…
Rayon Sports isubije amerwe mu isaho nyuma yo kudasinyisha rutahizamu wari utegerejwe na benshi!
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko butashoboye gusinyisha rutahizamu w’umunya-Gabon, Junior Bayanho-Aubyang, kubera ko ibyangombwa bye byatinze kugera mu Rwanda kugeza isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi rifunze.
!-->!-->!-->…
FERWAFA yiseguye nyuma yo guhagarika umukino wa Rayon Sports na Police FC
Ntibisanzwe ko umukino uhagarikwa wamaze gutangira mu bihugu byateye imbere mu mupira w’amaguru bitewe n’uburangare bw’imyiteguro ku kibuga, ariko muri Shampiyona y’u Rwanda ho bimaze kumenyerwa aho bifatwa nk’ibisanzwe umukino!-->!-->!-->…
Ubwandu bwa Covid-19 muri AS Muhanga butumye umukino usubikwa.
Umukino wa gishuti wagombaga guhuza Ikipe ya AS Muhanga na Sunrise FC ntiwabaye kubera ikibazo cy'icyorezo cya COVID-19 basanze muri bamwe mu bakinnyi ba AS MUHANGA.
Mbere y'uko championnat itangira, amwe mu makipe yo mu kiciro cya!-->!-->!-->!-->!-->…