Browsing Category
Imikino
Byahinduye isura ibya Sadate na Sam Karenzi bari tabaza RIB n’inkiko kandi ngo ntacyo bapfa
Hashize igihe kitari gito havugwa umwuka utari mwiza hagati y’uwari Perezida wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi ndetse n’umunyamakuru wa Radio 10, Sam Karenzi, nyuma y'uko impande zombi zagiye ziterana amagambo mu bihe bitandukanye, ariko!-->…
Umutoza Mashami Vincent yongerewe amasezerano yo gutoza Amavubi
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA) ryatangaje ko Mashami Vincent yongerewe amasezerano y’umwaka umwe nk’umutoza w’Amavubi.Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohotse kuri uyu wa Gatatu tariki 03/03/2021, FERWAFA!-->…
Cameroon iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda yahamagaye abakinnyi 37 bazatoranywamo abazakoreshwa
umutoza ukomoka muri Portugal utoza ikipe y’igihugu ya Cameroon, Antonio Conceicao Oliveira, yahamagaye abakinnyi 37 azatoranyamo 23 bazakina na Cap-Vert tariki ya 22 Werurwe 2021 ndetse bakazakina n’u Rwanda tariki ya 30 Werurwe 2021.
!-->!-->!-->…
Umwongereza Shaun watozaga ikipe ya Etincelles yasezeye nyuma yo kumara igihe adahembwa.
Umwongereza watozaga ikipe ya Etincelles FC, Calum Shaun Selby yamaze gusezera kuri iyi kipe nyuma yo kumara igihe adahemwa.
Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Calum Shaun Selby yandikiye Etincelles ayisezeraho ko yafashe umwanzuro wo!-->!-->!-->!-->!-->…
MINISPORTS yamaze kwemerera Mashami amasezerano, ikibazo kiri mu maboko ya FERWAFA
Minisiteri ya Siporo yamaze kwemera guha umutoza Mashami amasezerano mashya nk’umutoza w’ikipe y’igihugu, hasigaye ko na FERWAFA ibiha umugisha.
Amasezerano y’umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mupira w’amaguru!-->!-->!-->!-->!-->…
Urugendo nta bwo rwayihiriye AS Kigali irahondaguwe 4-1 ihabwa n’ikarita y’umutuku
Ikipe ya AS Kigali ihuye n'akaga gakomeye muri Tunisia itsindwa na CS Sfaxien ibitego 4-1 mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup.
Mu mukino ubanza wo guhatanira itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup, ikipe ya AS!-->!-->!-->…
Manchester City ifite amahirwe yo kwegukana Lionel Messi kurusha PSG
Rutahizamu wa FC Barcelona,Lionel Messi,yatangiye kwanga imyitwarire ya PSG mu kugaragaza ko imushaka kuko yaba abakinnyi b’iyi kipe yo mu Bufaransa bavuga ko bifuza gukinana nawe noneho byageze no mu binyamakuru byaho.
Lionel Messi!-->!-->!-->…
Menya Ibihembo byahawe amakipe yitwaye neza mu mikino ya CHAN yaberaga muri Cameroune.
Irushanwa rya CHAN ryari rimaze iminsi ribera mu gihugu cya Cameroune ryaraye rishojwe ku mugaragaro, ikipe ya Maroc yegukana icyo gikombe ku nshuro ya kabiri.
Iri rushanwa rya CHAN rihuza amakipe y'ibihugu ariko ku bakinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
CHAN: Ikipe ya MAROC yegukanye CHAN ihembwa akayabo ka miliyari 1.25 y’Amanyarwanda.
Ikipe ya Maroc yongeye yisubiza igikombe cya CHAN nyuma yo kunyagira ikipe ya Mali ibitego bibiri byose ku busa
Kuri iki Cyumweru taliki 07 Gashyantare 2021 ni bwo hasojwe imikino y’Afurika y’ibihugu mu bakinnyi bakina imbere mu!-->!-->!-->!-->!-->…
CHAN: Ibipimo bishya bya Covid-19 byagaragaje ko 3 bonyine mu bakinnyi ba RDC aribo banduye aho kuba…
Ibisubizo bishya by’ibipimo bya COVID-19 byafashwe abagize ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byagaragaje ko abanduye iki cyorezo ari batatu aho kuba 13 nk’uko byari byatangajwe ku wa Gatanu.
Repubulika!-->!-->!-->!-->!-->…
“Hari ikizere ko twarenga kino kiciro tukagera muri kimwe cya kabiri” Mashami
Umutoza w'ikipe y'umupira w'amaguru AMAVUBI yijeje Abanyarwanda ko hari amahirwe yo kuba ikipe yakomeza ikarenga ikiciro cya kimwe cya kane.
Aho aherereye mu gihugu cya Cameroune ari naho hakomeje kubera amarushanwa ya CHAN, Umutoza!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi yashyiriweho agahimbazamusyi gahanitse naramuka asezereye Guinea
Ikipe y'igihugu AMAVUBI Stars yashyiriweho agahimbazamusyi naramuka yitwaye neza agasezerera ikipe ya Guineya akagera muri kimwe cya kabiri.
Amavubi aheruka gushimisha Abanyarwanda bigatuma bamwe bashyira ubuzima bwabo mu kaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi agiye guhura na Togo umukino wanyuma mu matsinda itsinda irakomeza
Nyuma yo kungaya imikino ibiri mw’itsinda , Amavubi arasabwa gutsinda Togo kugira ngo yizere gukomeza muri 1/4 bagezemo muri 2016.
Kuri uyu wa Kabiri, Ikipe y’Igihugu irakina na Togo mu mukino w’ishiraniro usoza imikino yo m’itsinda C!-->!-->!-->…
Amavubi yerekeje Limbe aha azakinirwa umukino wa nyuma mu itsinda yavuye i Douala
Mu masaha atambutse yo kuri iki Cyumweru tariki 24/01/2020, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yahagurutse Douala yerekeza Limbe ahazabera umukino wa nyuma mu itsinda C.
Ku i Saa ine n’iminota 40 (10h40) za Kigali, ni bwo abagize!-->!-->!-->!-->!-->…