Browsing Category
Imikino
Gutekinika bitumye ikipe y’u Rwanda ya volley Ball mu bagore iterwa mpaga.
Nyuma y'aho u Rwanda rurezwe uburiganya no gukinisha abakinnyi batemerewe mu irushanwa, bimaze kwemezwa ko ruterwa mpaga maze indi mikino igakomeza u Rwanda rutarimo.
Ku wa Kane nibwo u Rwanda rwagombaga gukina umukino usoza itsinda!-->!-->!-->!-->!-->…
AS Kigali isezereye ikipe ya Olympique de Missiri iyinyagira ibitego bitandatu.
AS Kigali yasezereye Olympique de Missiri-Sima mu ijonjora rya mbere rya CAF Confederations Cup ku giteranyo cy’ibitego 8-1, ni nyuma yo kuyinyagira ibitego 6-0 mu mukino wo kwishyura wabereye i Kigali.
Kuri uyu wa Gatandatu kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza FC ntiyabashije kwihagararaho ku kibuga cyayo.
Ikipe ya Nyanza FC ntiyabashije kwihagararaho ku kibuga cyayo ubwo yahuraga n'ikipe ya Gicumbi FC.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 18 Nzeli 2021 nibwo irushanwa ry'umupira w'amaguru mu cyiciro cya kabiri ryatangizwaga ku mugaragaro.!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya Gasongo, Flavien nawe asezeye mu ikipe y’igihugu ya Volley Ball
Nyuma y'imyaka 15 yari amaze akinira ikipe y'igihugu ya Volley Ball, Bwana Flavien nawe amaze gusezera ku ikipe y'igihugu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane ubwo yari mu kiganiro kuri radiyo y'igihugu, Bwana Flavien NDAMUKUNDA wari!-->!-->!-->!-->!-->…
“Imyaka 12 yose mu ikipe y’igihugu, waduhaye buri kimwe wari ufite”
Nyuma y'imyaka 12 akinira ikipe y'igihugu ya Volley ball, abantu benshi bashimiye Gasongo ibyishimo yabahaye ubwo yatangazaga ko asezeye muri uwo mukino.
Dusabimana Vincent uzwi cyane nka Gasongo mu mukino wa Volley ball yamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Kutemera umusaruro wa Mashami; Bimwe byaranze Uwayezu Regis muri FERWAFA
Nyuma y’amasaha make ashize, uwari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Uwayezu François Regis yeguye kuri izo nshingano, hari bimwe byamuranze birimo kugaragaza ko atishimiye umusaruro w’umutoza!-->…
“Uyu mukino wari ukaze, ariko namwe mwari mukaze SETU” Ministre Mimosa
Nyuma y'aho ikipe y'abagore ya Volley ball itsindiye ikipe ya Maroc, ministre wa Siporo mu Rwanda yagaragaje amarangamutima ye ashimira intsinzi yaraye ibonetse.
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru taliki ya 12 Nzeli 2021 ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Jean-Pierre Adams wari umaze imyaka 39 muri Coma yitabye Imana.
Jean Piere Adams wigeze gukinira ikipe ya Paris Saint Germain wari umaze imyaka 39 muri Koma kera kabaye itabye Imana.
Amakuru y'urupfu rwa Bwana Jean Pierre Admas, umukinnyi wakiniye ikipe ya PSG Paris Saint Germain rwamenyekanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuteramakofi yitabye Imana nyuma yo guhondagurwa ibipfunsi biremereye.
Zacharias Zapata umukobwa wakinaga umukino w'iteramakofi yaraye yitabye Imana azize ibikomere yagiriye mu mukino
Umuteramakofi w'Igitsina gore witwa Janet Zacharias Zapata ufite inkomoko mu gihugu cya Mexique yitabye Imana kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Imvune Lague yaraye igize iratuma atongera kujya mu kibuga mbere y’amezi 6
Nyuma y'uko agize imvune ku munsi w'ejo ubwo Amavubi yakinaga n'ikipe ya Harambe stars ya Kenya, Abaganga batangaje ko Lague Byiringiro agomba kumara amezi ari hagati y'atatu n'atandatu adakandagira mu kibuga.
Rutahizamu w’Ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri y’ubucuruzi n’inganda shyize hanze amabwiriza azagenga imikino…
Nyuma y'uko inama y'abaministre isubukuye imikino y'amahirwe, none ministeri ibishinzwe imaze gushyiraho amabwiriza agenga isubukurwa ryayo.
Minsiteri y'ubucuruzi n'inganda yashyizeho kuri uyu wa gatanu yasohoye amabwiriza agena!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyirabashyitsi Judith yatandukanye na Scandinavia Women FC
Nyuma y’imyaka ibiri yerekeje i Rubavu muri Scandinavia Women FC, yamaze gutandukana nayo, azakinira AS Kigali Women FC yahozemo.
Ni nyuma yo gusoza amasezerano mu Ikipe ya Scandinavia Women FC y’i Rubavu, ikina mu Cyiciro cya Mbere.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrobasket:Ikipe y’u Rwanda ifite umukino isabwa gutsinda kugira ngo ikomeze muri 1cya4
Nyuma yo gusoreza ku mwanya wa kabiri mu itsinda A, kuri uyu wa Mbere taliki 30 Kanama 2021, ikipe y’u Rwanda irakina na Guinea yabaye iya 3 mu itsinda B mu guhatanira itike ya ¼ cy’irangiza.
Uyu mukino ikipe y’u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Muri 23 Mashami azifashisha nta n’umwe wo muri Rayon sport wahamagawe
Kuri uyu wa gatanu nibwo umutoza w'ikipe y'igihugu Mashamu Vincent yashyize hanze urutonde rw'abakinnyi 23 azifashisha ahangana n'ikipe ya Mali na Kenya.
Umutoza wikipe y’Igihugu ’Amavubi’, yamaze gutangaza abakinnyi 23 azifashisha!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, Cristiano Ronaldo amaze kwerekeza mu ikipe ya Man. United
Nyuma y'igihe benshi bibaza aho uno mukinyi w'igihangange agiye kwerekeza nyuma yo kugaragaza ko atishimiye kuba mu ikipe ya Juventus, kuri ubu bimaze kwemezwa n'ikipe ya Manchester United ko yarangije ibiganiro na Juventus, ibiganiro!-->!-->!-->…