Browsing Category
Imikino
RUKUNDO Denis yateye umugongo Rayon Sport yongera amasezerano muri POLICE FC
Bwana Denis RUKUNDO wavugwaga ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sport, yongereye amasezerano mu ikipe ya Police FC
Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2020 nibwo uyu myugariro yaje kongera amasezerano mu ikipe ya Police Fc yo muri Uganda!-->!-->!-->!-->!-->…
SUGIRA Ernest yahawe amasezerano y’umwaka muri Rayon Sport
SUGIRA Ernest wakinaga nk'intizano mu ikipe ya Rayon Sport yahawe amasezerano y'umwaka muri iyo kipe ikunzwe na rubanda
Sugira Ernest yinjiye muri Rayon muri Kamena 2020 nyuma y'ibibao yari amaze kugirana n'umutoza w'ikipe ya APR FC!-->!-->!-->!-->!-->…
Luc Eymael watozaga ikipe ya “Yanga” yirukanwe nyuma yo kugereranya abafana…
Ubuyobozi bw'ikipe ya Yanga Africans yirukanye umubiligi wari umutoza wayo nyuma yo kugereranya abafana b'iyo kipe n'imbwa n'inkende.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 27 Nyakanga 2020, ubuyobozi bw'ikipe ikunzwe na benshi mu gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ballon d’Or isubijwe mu kabati ka FIFA ntabwo izatangwa uyu mwaka 2020
Ikinyamakuru France Football cyatangaje ko uyu mwaka wa 2020 kitazatanga igihembo cya Ballon d’or cyari kimaze imyaka myinshi gitangwa ariko uyu mwaka cyakomwe mu nkokora na Covid-19.
Bwa mbere kuva mu mwaka w’i 1956 iki gihembo cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Waruzi impamvu Bizimana Yannick yateye umugongo Rayon Sports akerekeza muri mukeba APR FC?
Rutahizamu mushya wa APR FC wavuye muri Rayon Sports, Bizimana Yannick, yavuze ko yishimiye kwerekeza muri iyi kipe y’ingabo z’igihugu kubera ko iharanira gutwara ibikombe buri mwaka ndetse kandi ikaba yita cyane ikanaha agaciro ubuzima!-->…
Lionel MESSI yongeye atwara urukweto rwa Zahabu ku nshuro ya karindwi
Lionel Messi yaraye atsindiye urukweto rwa zahabu rwa karindwi - ku nshuro ya kane yikurikiranya - muri shampiyona ya Espagne ubwo yatsindaga ibitego bibiri muri 5 - 0 Barcelona yatsinze Alaves ku munsi ya nyuma wa shampiyona.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwari umutoza wungirije muri APR FC yamazu gutandukana nayo asubira iwabo
Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 18 Nyakanga 2020 nibwo uwari umutoza wungirije wa APR FC witwa Nabyl Bekraoui wari unashinzwe kongerara abakinnyi Imbaraga, yasubiye iwabo mu gihugu cya Maroc, nyuma yo gusoza amasezerano ye y’umwaka umwe bari!-->…
PSG ya Neymar na Waasland Beveren ya Djihad Bizimana mu mukino waranzwe n’udushya twinshi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu mu mugi wa Paris kukibuga Parc des Princes haberaga umukino wa gishuti wahuje Paris Saint-Germain na Wasland Beveren ikinamo umunyarwanda Bizimana Djihad.
Uyu mukino waje kurangira PSG itsinze!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports igiye gusinyana amasezerano y’ubufatanye n’uruganda rw’iburayi rukora…
Abinyujije ku rukuta rwe rwa twiter Prezida wa Rayon Sport yavuze ko ikipe ya Rayon Sport igiye gusinyana amasezerano n'uruganda rw'iburayi rukora imyenda
Ikipe ya Rayon Sport ikomeje kwiyubaka ku mpande zosem kuri ubu haravugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Real Madrid yaraye yegukanye igikombe yaherukaga mu myaka itatu ishize
Ikipe ya Real Madrid yaraye yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda ya Villareal
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane nibwo ikipe ya Real Madrid yegukanye igikombe cya championnat nyuma yo gutsinda ikipe ya Villareal ibitego bibiri kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon sport yanyomoje amakuru yavugaga ko yabonye umuterankunga mushya ariwe Mutzig
Abinyujije ku rukuta rwa twitter, Prezida w Rayon sport Bwana SADATE MUNYAKAZI yanyomoje amakuru yavugaga ko MUTZIG yabaye umufatanyabikorwa mushya w'iyo kipe.
Ku munsi w'ejo nibwo amakuru yakomeje acicikana ku mbuga nkoranyambanga!-->!-->!-->!-->!-->…
USENGIMANA Faustin yateye umugongo Rayon Sport asinya imyaka 2 muri POLICE FC kuri miliyoni 12
Bwana USENGIMANA FAUSTIN wifuzwaga n'ikipe ya Rayon sport amaze gusinya muri POLICE FC amasezerano y'imyaka ibiri
Bwana Faustin USENGIMANA bivugwa ko yari amaze iminsi mu biganiro n'ikipe ya Rayon Sport, amakuru afitiwe gihamya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubufaransa: Christopher Aurier murumuna wa Serge Aurier yishwe arashwe
Christopher Aurier mwenewabo wa Serge Aurier ukinira ikipe ya Totenhah yarasiwe hanze y'akabari arapfa.
Christophe Aurier murumuna wa Serge Aurier ukinira ikipe ya Totenham yo mu gihugu cy'ubwongereza yishwe arashwe mu gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’umwaka umwe gusa ije mu kiciro cya mbere, ikipe ya NORWICH yongeye imanuka mu cya…
Mu gihe hari hasigaye imikino itatu gusa ngo championnat irangire, ikipe ya NORWICH City ibaye ikipe ya mbere imenyekanye ko isubiye mu kiciro cya kabiri yari imaze umwaka umwe gusa ivuyemo
Norwich City yabaye ikipe ya mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasogi Utd yasinyishije NKUNZIMANA Sadi Wari rutahizamu w’ikipe ya Espoir FC
Ikipe ya Gasogi United yamaze gusinyisha rutahizamu wakiniraga ikipe ya Espoir FC
Ikipe ya GASOGI UNITED Yasinyishije kuri uyu mugoroba Bwana NKUNZIMANA SADI yari rutahizamu w'ikipe yo mu karere ka Rusizi izwi nka ESPOIR FC.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…