Browsing Category
Imikino
Roy Jones yambariye urugamba rwo kuzakubita Mike Tyson mu mukino w’amateka.
Roy Jones Jr w’imyaka 51, yabwiye ikinyamakuru The Sun ko n’ubwo Mike Tyson basanga yarafashe imiti yo kumwongerera imbaraga nta kabuza azamuhangamura kuko ngo nta bwoba amuteye, ndetse ngo yizeye ko ibisubizo by’ibizamini bombi barimo!-->!-->!-->…
Nyuma yo kutumvikana n’umuyobozi bwa Sadate, SKOL yasubukuye ibiganiro n’ubuyobozi…
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports FC, mu gihe cy’iminsi 30 y’inzibacyuho, biciye ku ibaruwa yashyizweho umukono na Murenzi Abdallah, bwatangaje ko bwishimira ko bwasubukuye ibiganiro n’umufatanyabikorwa mukuru w’iyi kipe, ari we!-->!-->!-->…
Theodore Ntarindwa yijeje abakunzi b’ikipe ya Kiyovu ko azafatanya na komite nshya
Uwahoze ari Visi Perezida wa mbere wa Kiyovu Sport muri komite icyuye igihe, ari we Ntarindwa Theodore, nyuma y’uko hagiyeho indi komite nyobozi nshya yasimbuye iyari iyobowe na Mvuyekure Francois, yatangaje ko yiteguye gufatanya!-->!-->!-->…
Murenzi Abdallah yashyizeho uburyo abafana ba Rayon Sport bagomba gutera inkunga ikipe yabo
Perezida w’inzibacyuho wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah yashizeho uburyo bwo gutera inkunga iyi kipe kugira ngo yiyubake mu mwaka w’igura n’igurushwa ry’uyu mwaka.
Abinyujije kuri Twitter, Murenzi Abdallah yasabye abakunzi b’iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri ya Siporo yakomoreye ibikorwa byose bya siporo
Nyuma y’amezi asaga atandatu ibikorwa byose bya siporo birimo imikino itandukanye ihuza abantu benshi bihagaritswe mu kwirinda ikwirakwira ry’Icyorezo cya COVID-19, Minisiteri ya Siporo yatangaje ko bigiye gusubukurwa.
Itangazo ryo!-->!-->!-->!-->!-->…
Danny USENGIMANA agiye gukora ubukwe n’umukobwa uba muri Canada
Rutahizamu wa APR FC, Bwana Danny Usengimana utaha izamu ku ruhande rwa APR FC agiye gukora ubukwe n’umukunzi we wibera muri Canada.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere ushize tariki ya 21 Nzeri 2020, nibwo hasohotse urupapuro ruteguza!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore imyanzuro yose RGB na Ministeri ya Siporo bafashe mu gukemura ikibazo cya Rayon Sport
Mu gitondo cyo kuri uyu munsi nibwo Ministeri ya siporo ifatanije n'urwego rw'igihugu rw'imiyoborere RGB basohoye imyanzuro ijyanye no gukemura ikibazo cya Rayon sport, ikibazo cyari kimaze igihe kitari gito ndetse kikaba cyari kimaze!-->!-->!-->…
Sadate Munyakazi na komite ye bamaze kweguzwa
Nyuma y'inama yahuje impande zirebwa n'ikibazo cya Rayon sport ku bufatanye bwa ministeri ya siporo na RGB birangiye Bwana Sadate Munyakazi na komite ye begujwe.
Nyuma y'aho Nyakubahwa prezida wa Repubulika abajijwe ikibazo cya!-->!-->!-->!-->!-->…
“Iyo umuryango wanjye wumvise bantuka, ntibanjya kure, bamba hafi…” Sadate
Prezida wa Rayon Sport Bwana Sadate yavuze uburyo umuryango we ukomeje kumuba hafi muri bino bihe.
Byaba ari ibintu bitangaje cyane kuba uri umukunzi wa Sport ukaba utarumvise izina SADATE muri ano mezi nk'atanu (5) ashize, nubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Volcano Express na Hyundai zizajya ziha MUKURA VS miliyoni 70 za buri Mwaka
Ikipe ya Mukura Victory Sports yasinyanye amasezerano n’ibigo bya Hyundai na Volcano Express, ikazajya ihabwa Miliyoni 70 Frws buri mwaka.
Kuri uyu wa Gatandatu ikipe ya Mukura Victory Sports yasinyanye amasezerano y’ubufatanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Agahinda ka Christiano Ronaldo ko gukina adafite abafana muri stade ba muririmbira!
Kizigenza Cristiano Ronaldo uherutse gukora agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku mugabane w’I burayi utsindiye ikipe y’igihugu ibitego birenga 100,yatangaje ko abangamiwe cyane no gukina ku bibuga nta bafana kuko ngo iyo bahari!-->…
Bashunga Abuba wigeze kuba umuzamu wa Rayon yerekeje muri Mukura VS
Umunyezamu Bashunga Abouba wari umaze umwaka umwe akina muri Buildcon FC yo muri Zambia, yasinye imyaka ibiri muri Mukura Victory Sports.
Visi Perezida wa Mukura Victory Sports, Sakindi Eugène, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakinnyi 2 ba Man City Riyad Mahrez na Laporte babasanzemo coronavirus
Manchester City yatangaje ko abakinnyi bayo babiri; Riyad Mahrez w’imyaka 29 na Aymeric Laporte w’imyaka 24, bombi banduye icyorezo cya Coronavirus.
Umunya-Algérie Riyad Mahrez na Laporte w’Umufaransa, ntabwo bakiri kwitozanya na!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwenda wa Minnaert utumye FERWAFA ifatira ibihano ikipe ya Rayon Sport
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gufatira ibihano ikipe ya Rayon Sport kubera umwenda iyo kipe ifitiye uwahoze ari umutoza wayo IVAN Minnaert
Rayon Sports yafatiwe ibihano n’Ishyiramwe ry’Umupira w’Amaguru!-->!-->!-->!-->!-->…
US Open: Novak Djokovic yakuwe mu irushanwa kubera gukubita agapira umusifuzi
Novak Djokovic nimero ya mbere ku isi muri Tennis, yavanywe mu irushanwa rya US Open kubera gukubita agapira by'impanuka umusifuzi wo ku murongo mu mukino hagati.
Djokovic w'imyaka 33, yerekanaga umujinya wo kunanirwa kurenza agapira!-->!-->!-->…