Browsing Category
Imikino
Kapiteni wa Rayon Sport yandikiye ibaruwa ubuyobozi bw’ikipe abubwira ubukene n’agahinda…
Abakinnyi ba Rayon Sports bandikiye ubuyobozi bwayo babumenyesha ko bafite ibibazo bibakomereye muri ibi bihe bya Coronavirus kubera kudahembwa, basaba gusubizwa mu kazi kuko iminsi igenwa n’amategeko yarenze.
Muri Mata uyu mwaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutanga Eric wahoze ari kapiteni wa Rayon Sport yanenze uwari Prezida we SADATE MUNYAKAZI
Nyuma yo gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, Rutanga Eric avuga ko adashobora kwibagirwa ko perezida w’iyi kipe Munyakazi Sadate ari we muperezida wamugoye.
Rutanga Eric yinjiye muri Rayon Sports muri 2017 avuye muri APR FC asinya!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport yateye utwatsi amakuru yavugaga ko hari abakinnyi bayo bamaze gusezera.
Ubuyobozi bwa Rayon Sports buravuga ko nta mukinnyi w’iyi kipe wanditse asezera nk’uko byaramutse bitangazwa ahubwo ko bari kubaza ibijyanye n’imishahara yabo kandi ko ari uburenganzira bwabo.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
MUENI Fabrice wahoze akinira Rayon Sport yerekeje muri AFC Leopards
Nyuma yo kurangiza amasezerano yari afitanye n'ikipe ya Rayon Sport, impande zombi zikemeranywa kutayongera, kuri ubu Bwana MUGHENI FABRICE Amaze gusinya amasezerano mu ikipe yo mu gihugu cya Kenya yitwa AFC LEOPARDS, ikipe yakunze!-->!-->!-->…
Bayern Munich yaraye yegukanye igikombe cya Champions League ku nshuro 6 itsinze ikipe ya PSG.
Ikipe ya Bayern Munich yo mu gihugu cy'Ubudage yaraye itsinze ikipe ya PSG ku mukino wa nyuma w'igikombe cya Champions league.
Igitego kimwe cyatsinzwe na Kinglsey Coman cyafashije Bayern Munich kwegukana igikombe cya UEFA Champions!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Abagabo babiri bateze abagore babo ku mukino wa PSG na Bayern Munich
Abagabo babiri bo mu gihugu cy'Uburundi mu ntara ya Makamba bafana amakipe abiri agiye guhurira ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League ariyo Paris Saint Germain na Bayern Munich bandikiranye urwandiko bavuga ko utsinda undi!-->!-->!-->…
Abakunzi ba PSG batuye i Marseille babujijwe kwambara imyenda ya PSG ku munsi w’umukino wa…
Abatuye agace ka Bouches-du-Rhône gaherereyemo Umujyi wa Marseille mu Bufaransa, babujijwe kuzambara umwambaro wa Paris Saint-Germain ku Cyumweru ubwo izaba ikina na Bayern Munich ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League.
Paris!-->!-->!-->!-->!-->…
FC Barcelona yatangaje abakinnyi izagumana mu mwaka w’imikino utaha
Mu kiganiro kirambuye yagiranye na Barca TV,Perezida w’ikipe ya FC Barcelona,Josep Maria Bartomeu,yatangaje ko ikipe ayoboye yifuza kugumana abakinnyi 7 mu basanzwe bari mu ikipe ya mbere.
Ibi Bartomeu yabitangaje nyuma y’aho kuwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingengabihe y’uburyo amakipe azahura mu Bwongereza yashyizwe hanze.
Abashinzwe gutegura shampiyona y’u Bwongereza, imwe mu zikunzwe cyane bashyize hanze ingengabihe (Calendrier) y'uburyo amakipe azahura mu mwaka w'imikino bemeza ko izatangira tariki 12/09/2020.
Muri kino gitondo cyo kuwa Kane nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Imikino yo guhatanira itike ya CAN izakomeza mu kwezi kwa 11
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF, yatangaje igihe ibihugu birimo n’u Rwanda bizasubukurira imikino yo gushaka itike ya CAN 2022 izabera muri Cameroun.
Tariki 13/03/2020, ni bwo CAF yari yatangaje ko imikino!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyarwanda George Lewis Maniraguha yasinyiye ikipe ya Arsenal
Nyuma y’iminsi mu igeragezwa I Londres mu ikipe ya Arsenal, George Lewis Maniraguha ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda na Norvege yamaze gusinya muri Arsenal amasezerano y’imyaka ibiri n’igice.
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Vincent Kompany wabiciye bigacika muri ruhago mpuzamahanga yasezeye muri ruhago
Vincent Kompany wahoze akinira ikipe y'Ububiligi na Manchester City ndetse n'andi makipe yasezeye ku mugaragaro muri ruhago.
Vincent Jean Mpoy Kompany w’imyaka 34 y’amavuko asezeye ku gukina umupira w’amaguru nyuma yo kumara imyaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya APR FC yerekanye ku mugaragaro umutoza uzafasha Adil Mohamed gutwara ibikombe Nyafrika
Ubuyobozi bw'ikipe ya APR FC burangajwe imbere na Visi Perezida wayo, Maj Gen Mubaraka Muganga, bwerekanye umutoza mushya wungirije, Uzafasha umutoza mukuru kugeza ikipe mu matsinda nkuko babyifuza.
Umuhango wo kwerekana umutoza!-->!-->!-->!-->!-->…
Ronald Koeman niwe ugiye gutoza ikipe ya FC Barcelona
Ibinyamakuru byo mu gihugu cya Espagne byaramutse bitangaza ko ikipe ya FC Barcelona yamaze kumvikana n’umutoza w’igihugu cy’Ubuholandi Ronald Koeman kugira ngo asimbure Quique Setien uherutse kuyobora iyi kipe mu mukino yanyagiwemo!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Hadji Manara umuvugizi w’ikipe ya SIMBA yasabye kwegura kuri uwo mwanya kubera…
Hadji Manara umuyobozi w'imwe mu makipe akunzwe cyane muri Tanzaniya yasabye ko abakunzi bamwemerera akegura ku buyobozi bw'iyo kipe kubera uburwayi.
Ntibishoboka kuba uri umuntu ukurikiranira hafi umupira w'amaguru mu Karere maze!-->!-->!-->!-->!-->…