Browsing Category
Imikino
Sadate MUNYAKAZI asezeranyije aba Rayon Sports ibintu bitoroshye!
Umuyobozi wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yasezeranyije abafana b’iyi kipe ko mu minsi 3 gusa araba amaze gukemura ibibazo bikomeye imaranye iminsi birimo ikibazo cyo kudahemba no kutishyura abakinnyi amafaranga yabemereye ibagura.
!-->!-->!-->…
RGB yaraye yemeje ko SADATE MUNYAKAZI ariwe muyobozi wa Rayon Sports mu mategeko
Nyuma y'igihe kitari gito benshi bari kwibaza uhagarariye ikipe ya Rayon Sport mu rwego rw'amategeko, Urwego rw'igihugu rw'imiyoborere rwemeje ko Bwana Sadate MUNYAKAZI ariwe uzwi nka prezida w'ikipe.
Biragoye ko wamara umunsi wose!-->!-->!-->!-->!-->…
Real madrid igarutse mumakipe ahenze ku isi
Nkuko byatangajwe na raporo ya European Elite 2020,ikipe ya Real Madrid yatowe nk’ikipe ihenze kurusha izindi zose ku isi ihigitse ibindi bihangange mu mupira w’amaguru nka FC Barcelona na Manchester United.
Ikigo cya KPMG cyatangaje ko!-->!-->!-->…
KNC arasanga Rayon Sport idafite ubushobozi bwo kugura umukinnyi wa Gasogi United
Bwana KNC umuyobozi wa Gasogi United arasanga ibibazo by'amikoro ikipe ya Rayon Sport irimo itabasha kugura umukinnyi muri ikipe ye
Nyuma y'aho ikinyamakuru Kigali today gishyize hanze inkuru ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu ivuga!-->!-->!-->!-->!-->…
J.Paul NKURUNZIZA wari umuvugizi wa Rayon Sport yeguye ku mwanya we
Nyuma y'ihangana no guhagarikwa na FERWAFA Bwana J.Paul NKURUNZIZA wari umuvugizi wa Rayon sport amaze kwegura ku mwanya we.
Bwana NKURUNZIZA Wari umuvugizi wa Rayon Sport akaba n'umwe mu bari bagize komite ya Rayon sport ikuriwe na!-->!-->!-->!-->!-->…
Claude MUHAWENIMANA prezida w’Abafana ba Rayon Sport yasabye Sadate kwegura ku buyobozi…
Claude MUHAWENIMANA prezida w'abafana ba Rayon Sport arasanga Bwana Sadate MUNYAKAZI akwiye kwegura agashimirwa ibyiza yakoreye ikipe
Biragoye muri iyi minsi ko wamara umunsi utumvise inkuru ya Rayon Sport, ni ibintu bimaze kurenga!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiyovu Sport ikomeje gukora mu jisho rya Mukeba wayo Rayon Sport
Nyuma yo gusinyisha Eric IRAMBONA, Kimenyi Yves nawe wari umunyezamu wa Rayon, yayiteye umugongo yerekeza muri Kiyovu. (Photo:igihe.com)
Nyuma y'aho mu mpera z'icyumweru gishize ikipe ya Kiyovu Sport isinyishije uwari myugariro wa!-->!-->!-->!-->!-->…
“Abanyeguje nta bubasha babifitiye” Sadate MUNYAKAZI
Sadate MUNYAKAZI arasanga abamweguje ku buyobozi bw'ikipe ya Rayon Sport nta bushobozi babifitiye.
Ibibazo bya Rayon Sport bikomeje gufata indi ntera buri uko umwanya ushize, mu massha make ashize nibwo umuyobozi w'umuryango wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports:Munyakazi Sadate na komite basezerewe ku mirimo yabo.
Noneho Umuryango wa Rayon Sports uhagarariwe na Bwana Ngarambe Charles ndetse ukaba ugizwe n’abigeze kuyobora Rayon Sports wicaye wanzura ko perezida Munyakazi Sadate na Komite ye bahagaritswe ku shingano zo kuyobora Rayon Sports FC!-->…
KNC prezida wa GASOGI FC aragereranya ikipe ya Rayon Sport nk’ikimodoka cyapfiriye mu muhanda
Bwana KNC usanzwe uyobora ikipe ya GASOGI FC arasanga ikipe ya Rayon Sport imeze nk'ikimodoka cyapfiriye mu muhanda kigiye kuvanwa mu nzira.
Umushoramari umaze kumenyekana cyane mu gihugu uzwi ku izina rya KNC yatangaje kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Heroes FC yamaze kujurira icyemezo cya FERWAFA cyo kuyimanurwa mu cyiciro cya kabiri
Ubuyobozi bwa Heroes FC bwandikiye Komisiyo y’Ubujurire muri FERWAFA bugaragaza ko butishimiye icyemezo cyafashwe na Komite Nyobozi yayo cyo kumanura amakipe abiri ya nyuma mu Cyiciro cya Kabiri nyuma yo gusoza Shampiyona y’Icyiciro cya!-->…
Eric IRAMBONA wari urambye mu ikipe ya Rayon Sport nawe amaze kwerekeza mu ikipe ya Kiyovu Sport
Eric IRAMBONA umwe mu bakinnyi bari bamaze igihe kitari git mu ikipe ya Rayon Sport amaze kwerekeza mu ikipe y'urucaca
Mu gihe championnat y'U Rwanda imaze gushyirwaho akadomo maze igikombe kigahabwa ikipe ya APR FC, amakipe akomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionel Andrés Messi Cuccittin yarasezeye mu ikipe ya FC Barcelona habura gato!
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Argentine Lionel Andrés Messi Cuccittin umaze imyaka igera kuri 18 mu ikipe ya FC Barcelona yavuze ko yari agiye gusezera muri FC Barcelona mu mwaka wa 2017.
Lionel Messi w’imyaka 32 yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Munyakazi Sadate arashinja ubujura bwo kunyereza miliyoni 229 Frw no guhombya Rayon Sports miliyari…
Mu buryo bweruye, ubwumvikane buke bw’abagize Komite Nyobozi ya Rayon Sports n’Akanama Ngishwanama kiganjemo abigeze kuyobora iyi kipe bwatangiye kujya ahagaragara.
Mu byumweru bibiri ishize ubwo hashyirwagaho Akanama Ngishwanama!-->!-->!-->!-->!-->…
Shampiyona yasojwe imburagihe APR FC yegukana igikombe cya 18 ibitse.
Inama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Gicurasi, yafashe icyemezo cyo guha APR FC igikombe cya Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu Rwanda muri uyu mwaka w’imikino wa 2019/2020.
APR FC yemejwe!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…