Browsing Category
Imikino
U Butaliyani:Rutahizamu Christiano Ronaldo yagarutse mu myitozo ya Juventus n’abagenzi be.
Christiano Ronaldo yagaragaye ku kibuga cy’imyitozo cya Juventus , aje gukorerwa ibizamini by’ubuzima kuri uyu wa kabiri nyuma y’ibyumweru icumi(10) byose adahari, maze yereka itangaza-makuru igikumwe.
Uyu mugabo ufite Ballon Dor!-->!-->!-->!-->!-->…
Ntibikiri ibihuha, Umutoza Abdou Mbarushimana amaze kwerekeza mu ikipe ya Bugesera FC
Nyuma y'amagambo menshi yavugaga ku merekezo y'umutoza Abdou Mbarushimana, ubu byemejwe ko yamaze kwerekeza mu ikipe ya Bugesera FC. (Photo:igihe.com)
Amakuru yize we dukesha impande zitandukanye, aremeza akanashimangira ko kuri ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, Olivier KAREKEZI amaze gusinyira ikipe ya Kiyovu Sport nk’Umutoza mukuru
Olivier KAREKEZI amaze gusinyana n'ikipe ya Kiyovu Sport kuyibera umutoza mukuru
Ntibikiri amagambo cyangwa ibihuha, amakuru afitiwe gihamya ni uko Bwana KAREKEZI OLIVIER amaze kugirana amasezerano n'ikipe ya Kiyovu, amasezerano!-->!-->!-->!-->!-->…
Iradukunda Jean Bertrand wakiniraga Mukura VS yamaze gusinya muri Gasogi united
Aya makuru yagiye hanze mu mpera z’icyumweru gishize, akaba yarahise yamaganirwa kure na Perezida w’iyi kipe aho yavugaga ko batari ku rwego rwo kuba basinyisha umukinnyi nka Bertrand wifuzwa n’amakipe arimo APR FC na Rayon Sports.
Uyu!-->!-->!-->…
Serumogo Ally yahakaniye amakipe yamushakaga yongera amasezerano muri Kiyovu Sport
Myugariro ukina ku ruhande rw’iburyo muri Kiyovu Sport, Serumogo Ally, byavugwaga ko yifuzwa n’amakipe atandukanye arimo na Rayon Sports, yamaze gusinya amasezerano mashya y’imyaka 2 azakinira Kiyovu Sport (Urucaca).
Serumogo Ally!-->!-->!-->…
Umutoza Roberto Manchin yizeye ko Zaniolo azaba umukinnyi ngenderwaho mu ikipe y’igihugu…
Roberto Manchin yizeye ko umukinnyi ukina hagati muri As Roma Nicola Zaniolo azaba umukinnyi wingenzi ku butaliyani.
Zaniolo yari kuzasiba Euro 2020 nyuma yo kugira imvune y’imitsi muri Mutarama.
Uyu musore w’imyaka 20 yungukiye!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Agasuzuguro gatumye umutoza wa MUSANZE FC yirukanwa
Ubuyobozi bw'ikipe ya Musanze FC bwaraye butangaje ko bwatandukanye n'uwari umutoza wayo kubera agasuzuguro.
Ubuyobozi bw'ikipe ya Musanze FC bwaraye butandukanye n'uwari umutoza wayo Bwana Abdelrahman Ibrahim Adel, uno mugabo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Gacinya Chance Denis na Paul Muvunyi bagarutse muri Rayon Sports kubafasha kwisuganya
Akanama ngishwanama kagizwe n’abahoze bayobora ikipe ya Rayon Sports FC mu myaka yashize barimo Ruhamyambuga Paul, Theogene Ntampaka, Ngarambe Charles, Muhirwa Prosper, Gacinya Chance Denis, Dr. Emile Rwagacondo, na Paul Muvunyi niko!-->…
Sadate MUNYAKAZI prezida wa Rayon Sport mu muryango umusohora muri Ruhago Nyarwanda
Birashoboka ko mu myanzuro iri bufatirwe Bwana Sadate MUNYAKAZI prezida wa Rayon Sport n'umunyamabanga we harimo kuba bahagarikwa mu bijyanye na sport mu Rwanda
Kuri uyu wa kane taliki ya 6 Gicurasi ahagana saa cyenda nibwo Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Bundesliga Shampiyona y’u Budage yabaye iya mbere yemewe kugaruka igakinwa!
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Budage “Bundesliga” n’icya Kabiri, zombi zemerewe kongera gukinwa mu mpera z’uku kwezi nyuma y’igihe kigera hafi ku mezi abiri zihagaritswe n’icyorezo cya Covid-19 cyibasiye Isi muri rusange.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese kubera iki Perezida wa Rayon Sports n’Umuvugizi wayo bahamagajwe muri FERWAFA?
Munyakazi Sadate uyobora Rayon Sports n’Umuvugizi wayo, Nkurunziza Jean Paul, bombi bahamagajwe n’Akanama gashinzwe imyitwarire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) kugira ngo batange ibisobanuro ku magambo batangaje ku!-->…
Kapiteni w’Amavubi Haruna Niyonzima yashyingiranwe n’umugore wa kabiri muri Tanzania
Umukinnyi wa Yanga Africans,Haruna Niyonzima,yaraye akoranye ubukwe n’umukobwa bari bamaze iminsi bakundana Cassandra Rayan mu muhango wabereye mu gihugu cya Tanzania aherereyemo.
Haruna ntabwo yaje mu Rwanda nkuko bagenzi be Migi na!-->!-->!-->…
Ese kubera iki Jeannot Witakenge yahawe ikarita itukura mbere yo gushyingurwa?
Uyu wabaye umukinnyi n'Umutoza Ubwo yasezerwagaho bwa nyuma kuri uyu wa Mbere, tariki ya 27 Mata 2020, Jeannot Witakenge wakiniye Rayon Sports, APR FC n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yahawe ikarita itukura.
Ni umuhango wabereye muri Stade!-->!-->!-->…
Premier League:Kevin de Bruyne yavuze umukinnyi abona nk’uwitwaye neza kurusha abandi.
Umukinyi Kevin de Bruyne uri mu bahetse ikipe ya Manchester City yatangaje ko mbere y’uko Covid-19 ihagarika Premier League,umukinnyi yabonye witwaye neza kurusha abandi bose ari umunya Senegal Sadio Mane ukinira Liverpool akaba ariko we!-->…
Maurice MUNYENTWARI umufana wa Rayon akaba n’umunyamategeko arasanga iyirukanwa rya Sarpong…
MUNYENTWARI Maurice umunyamategeko akaba n'umukunzi wa Rayon sport, arasanga iyurukanwa rya Sarpong ryarakoranywe amarangamutima kuruta kwisunga amategeko.
Nyuma y'aho ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sport bufashe umwanzuro wo!-->!-->!-->!-->!-->…