Browsing Category
Imikino
Bimwe mu bintu by’ingenzi bigaragaza ko Imisifurire y’umupira w’amaguru mu Rwanda…
Nyuma y'imyaka ari ku buyobozi bw'ishyirahamwe ry'abasifuzi benshi barasanga imiyoborere ye igana habi.
Igihe gishize ari kinini abantu benshi batavuga rumwe ku misifurire y'umupira w'amaguru bu byiciro byombi, ari mu kiciro cya!-->!-->!-->!-->!-->…
BIZIMUNGU Ally yatakambiye FERWAFA iyisaba kumwishyuriza Kiyovu amafranga ye arenga miliyoni
Bwana BIZIMUNGU Ally wigeze gutoza ikipe ya KIYOVU yasabye FERWAFA kumwishyuriza amafranga ye agera kuri 1,200,000frs iyo kipe imurimo ikaba yaranze kuyamwishyura.
Bwan BIZIMUNGU wigeze gutoza ikipe ya Kiyovu sport yandikiye ibaruwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Premier league: Iyumvire ibyo Umutoza wa Manchester United yasabye Paul Pogba.
Umutoza wa Manchester United,Ole Gunnar Solskjaer,yasabye kizigenza we Paul Pogba kuba umuyobozi mu kibuga muri iyi kipe nkuko abikora mu ikipe y’igihugu y’Ubufaransa.
Pogba n’umwe mu bakinnyi bagize uruhare runini mu gutuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu bafana ba Rayon Sports barakataje mu gutegura izindi nzira zo kweguza SADATE MUNYAKAZI
Bamwe mu bafana ba Rayon Sport barakataje mu gushakisha izindi nzira zo kweguza Bwana Sadate MUNYAKAZI ku buyobozi bw'ikipe ya Rayon Sport
Nyuma y'aho bumwe mu buryo bamwe mu bafana ba Rayon Sports bari bizeye ko bagiye gukoresha mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport iranyomoza amakuru yavugaga ko yagurishije YANNICK BIZIMANA
Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sport buranyomoza amakuru yaraye ashyizwe hanze avuga ko bwagurishije umukinnyi wayo Yannick mu ikipe ya APR FC
Nyuma y'aho byinshi mu binyamakuru harimo n'iki cya indorerwamo.Com byazindutse bivuga ku!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Urupfu rwa George Floyd rwa tumye abategetsi ba Minneapolis bizeza gusenya igipolisi
Ku bwiganze, abagize inama y'ubutegetsi y'umujyi wa Minneapolis bijeje gusesa urwego rwa polisi rw'uyu mujyi, ikintu gikomeye muri ibi bihe Amerika yugarijwe n'imyigaragambyo ivuye ku iyicwa rya George Floyd.
Abagize iyo nama icyenda!-->!-->!-->…
BIZIMANA Yannick nawe amaze kuva muri Rayon yerekeza muri Mukeba kuri miliyoni 22
Bidasubirwaho, Bizimana Yannick wari umaze umwaka umwe gusa muri Rayon Sport nawe amaze kwerekeza mu ikipe ya APR FC, aguzwe akayabo ka miliyoni 22 zose
Amakuru amaze umwanya utari munini atugezeho, ni uko undi mu bakinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Celestin NDAYISHIMIYE yasezeye muri Police yerekeza muri Sunrise FC
Nyuma y'imyaka ine akinira ikipe ya Police FC, Celestin ubu amaze kwerekeza mu ikipe ya Sunrise FC
Nyuma y'imyaka ine akinira ikipe ya Police FC kuri ubu Bwana Celestin Ndayishiniye amaze kwerekeza mu Karere ka Nyagatare gukinira!-->!-->!-->!-->!-->…
Munyakazi Sadate atanze ubutumwa ku banenga imikorere ye anahishura ahazaza!
Umuyobozi w’ikipe ya Rayon Sports Munyakazi Sadate,yandikiye ubutumwa abafana abamenyesha ko ikipe igiye gufata umurongo wo gukoresha abakinnyi ishoboye guhemba biganjemo abakiri bato ndetse yemeza ko abavuga ko ayoboye nabi ari abadakunda!-->…
Rugwiro Herve abaye kapiteni wa Rayon sport asimbuye Rutanga Eric
Rugwiro Herve niwe ugiye kuyobora Rayon Sport nka kapiten
Nyuma y’umwaka umwe ageze mu ikipe ya Rayon Sports,Rugwiro Herve yagizwe kapiteni mushya wa Rayon Sports asimbuye Rutanga Eric wagiye muri Police FC mu kwezi gushize.
Muri!-->!-->!-->!-->!-->…
RUGWIRO Hervé yagizwe kapiteni wa Rayon Sport
Nyuma yo kugenda k'uwari kapiteni wa Rayon Sport RUGWIRO Hervé niwe wagizwe kapiteni w'iyo kipe
Nyuma y'aho RUTANGA Eric wari kapiteni w'ikipe ya Rayon Sport yerekeje mu ikipe ya Police FC, ubu uwitwa RUGWIRO Hervé niwe wagizwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka ibiri akinira ikipe ya Rayon Sport MUGHENI Fabrice nawe yasezeye muri iyo kipe…
Nyuma y'imyaka ibiri akinira ikipe ya Rayon Sport, Mugheni Fabrice Kakule nawe yasezeye akurikira bagenzi be baherutse kuva muri iyo kipe y'ubukombe
Bwana Mugheni Fabrice wakiniraga ikipe ya Rayon Sport hagati mu kibuga kuri ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport yatangiye guhemba abakinnyi bayo na bakozi bayo!
Rayon sport FC
Ikipe ya Rayon sports iri mu makipe amwe n’amwe yagizweho ingaruka zatewe n’ icyorezo cya covid-19,ku ikubitiro ikipe ya Rayon sports niyo yahagaritse imishara y’abakinnyi,nubwo byaje kwakirwa nabi na bamwe mu bakunzi!-->!-->!-->…
FERWAFA yateye utwatsi ubusabe bwa Gicumbi FC na Heroes FC, yanzura ko Zigomba kunanuka
Komisiyo y'ubujurire ya FERWAFA yateye utwatsi ubujurire bw'amakipe abiri ariyo Gicumbi FC na Heroes FC, kemeza ko ayo makipe yombi agomba kumanuka mu kuciro cya kabiri
Komisiyo y'ubujurire mu ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu!-->!-->!-->!-->!-->…
KNC yahaye gasopo bamwe mu bayobozi b’amakipe bakorana ibiganiro rwihishwa n’abakinnyi…
KNC yavuze ko ibiri mu ikipe ya Gasogi United byose bishobora kugurishwa usibye we n'umuryango we bwite
Mu kiganiro Bwana Karori uzwi nka KNC yagiranye na Radio Flash FM, yasubije ku kibazo cy'inkuru y'abakinnyi babiri ikipe ye Ya!-->!-->!-->!-->!-->…