Browsing Category
Imyidagaduro
Zuchu yahakanye amakuru yavugaga ko ari mu rukundo na Diamond
Nyuma y'amakuru yari amaze iminsi avuga ko Diamond Platnumz ari mu rukundo n'umuhanzi Zuchu, ndetse bakavuga ko bano bombi bashobora kurushinga muri uku kwa kabiri, Zuchu we yahakanye iby'aya makuru avuga ko atigeze ajya no mu rukundo!-->!-->!-->…
“Birenze” Indirimbo nshya ya Juno Kizigenza na Ariel Wayz
Umuhanzi Kwizera Bosco Junior umaze kumenyakana mu muziki nka Juno Kizigenza, yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise ‘Birenze’ agaragaramo ari kumwe na Ariel Wayz ndetse bagakinana urukundo kugeza aho basomana iyo iri kurangira.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Bianca yahishuye akayabo katikiriye ku mwambaro yaserukanye mu birori bya “Bianca Fashion…
Umunyamakuru Uwamwezi Mugire uzwi nka Bianca, ubwo yitabiraga ibirori yateguye yise “Bianca Fashion Hub” yaserutse yambaye ikanzu itukura yamutwaye asaga ibihumbi 500Frw.
Uyu mukobwa ‘Red Carpet’ yayinyuzeho nk’umwamikazi, aberewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nzamwita Olivier uzwi nka M1 yatawe muri yombi kubera urumogi.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umuhanzi Nyarwanda witwa Nzamwita Olivier wamamaya nka M1
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi, Nzamwita Olivier Joseph wamamaye mu muziki nka M1 aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka hafi ibiri dufunzwe, utubyiniro tugiye kongera gukora.
Urwego rushinzwe iterambere mu Rwanda (RDB), ruratangaza ko bimwe mu bikorwa bigomba kongera gukora, harimo n’utubyiniro nyuma y’igihe kinini twari tumaze tutemerewe gukora kubera icyorezo cya Covid-19.
Itangazo ryasohowe na RDB!-->!-->!-->!-->!-->…
Tiwa Savage yavuze byinshi kuri video ye ari gukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi we
Umuhanzi TIWA SAVAGE yagize byinshi avuga kuri video ze ari gukora imibonano mpuzabitsina zigiye gushyirwa hanze.
Tiwa Savage, umuhanzi ukomeye wo mu gihugu cya Nigeria yagize icyo avuga nyuma y'aho bitangajwe ko hari video ye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hatangijwe Irushanwa rya “Nyanza Culture Duathlon Challenge”
Mu Karere ka Nyanza hamaze gutangizwa amarushanwa ya "Nyanza Culture Duathlon Challenge" yitabiriwe n'abakinnyi bagera kuri 28 barimo abagabo n'abagore.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 4 Nzeli 2021, ku bufatanye na!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda:Bruce Melodie agiye guhurira na Harmonize ku rubyiniro.
Umuhanzi Nyarwanda uzwi nka Itahiwacu Bruce agiye gutaramira mu bihugu bya Canada na Dubai aho azahurira ku rubyiniro rumwe n aHarmonize wo muri Tanzaniya.
Itahiwacu Bruce, uzwi nka Bruce Melodie, umuhanzi ukomeje kwigaragariza!-->!-->!-->!-->!-->…
Amakuru Agezweho Rihanna abaye umugore wa mbere muri Muzika ukize ku Isi
Rihanna ubu arabarirwa umutungo wa miliyari irenga y’amadorari, akaba n’umugore ukize kurusha abandi muri muzika ku isi, nk’uko bitangazwa na Forbes. Iki cyamamare muri pop kibarirwa agaciro ka miliyari $1.7, mu gihe kompanyi ye ikora!-->…
Nyuma ya Israel Mbonyi, Leta y’u Burundi yaburijemo n’igitaramo cya Chameleone
Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi aravuga ko Leta y'icyo gihugu yahagaritse igitaramo Umuhanzi Josee Chameleone yari afiteyo.
Nyuma y'uko ministeri y'ubutegetsi bw'igihugu mu gihugu cy'u Burundi ihagaritse ibitaramo!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel Mbonyi yihanganishije Abarundi nyuma y’aho ubuyobozi bwanze ko abataramira.
Nyuma y'aho guverinoma y'igihugu cy'u Burundi yanze ko Israel Mbonyi ataramira Abarundi, uno musore yihanganishije abakunzi be bo mu gihugu cy'u Burundi.
Hagati mu cyumweru turangije nibwo ministre w'umutekano wo hagati mu gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi The Best yafashwe n’uburwayi butunguranye.
Mico The Best nyuma yogusohora indirimbo nshya ya ‘Amabiya’ yafashwe n’uburwayi butunguranye bituma ahita ahagarika ibikorwa bye byo kumenyekanisha iyi ndirimbo.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu 23 Kamena 2021, nibwo hasakaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Padiri Uwimana yashyize hanze indi ndirimbo ya Rap igaragaramo abazungu
Padiri Uwimana Jean François usanzwe aririmba indirimbo zo mu njyana ya Rap zihimbaza Imana, yamaze gushyira hanze indirimbo yitwa ‘Igitangaza’ aho yabyinanye n’abazungu bo mu gihugu cy’u Budage aho ari gukomereza amasomo ye.
Nk’uko!-->!-->!-->!-->!-->…
“Amabiya”, indirimbo nshya ya MICO THE BEST yatangiye kuvugisha benshi.
Mico the Best umenyereye gusohora indirimbo benshi bavuga ko ari ibishegu, yashyize hanze indi yise "Amabiya" nayo yatangiye kutavugwaho rumwe n'abakunzi ba muzika.
Kuri uyu wa kane taliki ya 17 Kamena uno mwaka, umuhanzi MICO THE!-->!-->!-->!-->!-->…
Kudahuza bitumye itsinda rya Charly na Nina risenyuka burundu.
Bidasubirwaho itsinda ry'abakobwa babiri Charly na Nina rimaze gutandukana nyuma y'igihe byahwihwiswaga.
Charly na Nina ni itsinda ryari rimaze igihe kinini rikora umuziki. Ryakoze indirimbo zakunzwe nka Indoro, Owooma, Face to!-->!-->!-->!-->!-->…