Browsing Category
Imyidagaduro
Israel Mbonyi yihanganishije Abarundi nyuma y’aho ubuyobozi bwanze ko abataramira.
Nyuma y'aho guverinoma y'igihugu cy'u Burundi yanze ko Israel Mbonyi ataramira Abarundi, uno musore yihanganishije abakunzi be bo mu gihugu cy'u Burundi.
Hagati mu cyumweru turangije nibwo ministre w'umutekano wo hagati mu gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi The Best yafashwe n’uburwayi butunguranye.
Mico The Best nyuma yogusohora indirimbo nshya ya ‘Amabiya’ yafashwe n’uburwayi butunguranye bituma ahita ahagarika ibikorwa bye byo kumenyekanisha iyi ndirimbo.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu 23 Kamena 2021, nibwo hasakaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Padiri Uwimana yashyize hanze indi ndirimbo ya Rap igaragaramo abazungu
Padiri Uwimana Jean François usanzwe aririmba indirimbo zo mu njyana ya Rap zihimbaza Imana, yamaze gushyira hanze indirimbo yitwa ‘Igitangaza’ aho yabyinanye n’abazungu bo mu gihugu cy’u Budage aho ari gukomereza amasomo ye.
Nk’uko!-->!-->!-->!-->!-->…
“Amabiya”, indirimbo nshya ya MICO THE BEST yatangiye kuvugisha benshi.
Mico the Best umenyereye gusohora indirimbo benshi bavuga ko ari ibishegu, yashyize hanze indi yise "Amabiya" nayo yatangiye kutavugwaho rumwe n'abakunzi ba muzika.
Kuri uyu wa kane taliki ya 17 Kamena uno mwaka, umuhanzi MICO THE!-->!-->!-->!-->!-->…
Kudahuza bitumye itsinda rya Charly na Nina risenyuka burundu.
Bidasubirwaho itsinda ry'abakobwa babiri Charly na Nina rimaze gutandukana nyuma y'igihe byahwihwiswaga.
Charly na Nina ni itsinda ryari rimaze igihe kinini rikora umuziki. Ryakoze indirimbo zakunzwe nka Indoro, Owooma, Face to!-->!-->!-->!-->!-->…
“Josh” uhimbaza Imana mu njyana gakondo yashyize hanze indi ndirimbo
Joshua Ashimwe uzwi mu ndirimbo zo gihimbaza Imana ariko akabikora mu njyana gakondo yashyize hanze indirimbo yise "amasezerano"
Indirimbo nshya y'umuramyi witwa JOSHUA ASHIMWE wamenyekanye cyane ku izina JOSH Ashimwe yahisemo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Haje gushya” indirimbo nshya ya Riderman ikoze mu njyana ya Drill
Gatsinzi Emery benshi bamenye nka Riderman mu muziki w’u Rwanda, yongeye gushyira igorora abanyabirori mu ndirimbo ye nshya yise ‘Haje gushya’ ikoze mu njyana ya Drill iri mu zigezweho muri iyi minsi.
Injyana ya Drill iri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Byabyaye amahari yagati ya Harmonize na Kajala bahoze bakundana
Nyuma y'aho Kajala Masanja atandukaniye na Harmonize, kuri ubu biravugwa ko uyu mugore amaze gusubiza Harmonize impano zose yari yaramuhaye.
Harmonize ni umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Tanzaniya, amaze igihe avugwaho ubuhehesi!-->!-->!-->!-->!-->…
Youtube chanel ya Diamond irebwa n’abantu bakubye abaturarwanda inshuro zisaga 113 zose.
Diamond Platnumz ayoboye urutonde rw'abahanzi bakurikirwa cyane muri Afrika yo munsi y'Ubutayu bwa Sahara.
Biragoye kuba wabona umuntu utazi umuhanzi Diamond Platnumz muri ibi bihugu byo muri Afrika yo munsi y'ubutayu bwa Sahara,!-->!-->!-->!-->!-->…
“MicoTheBest” yikomye abirirwa bavuga ko aririmba ibishegu.
Mico The Best wongeye gusohora indirimbo yumvikanamo amagambo aganisha ku rukundo rwo mu buriri, yahaye gasopo abarimo Ama G the Black bakunze kumwibasira bamushinja kuririmba indirimbo zirimo amagambo y’ibishegu.
Ama G the Black mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Skizzy wakanyujijeho muri KGB yasezeranye na Clemence bari bamaze umwaka urenga mu rukundo
Rurangwa Gaston wamenyekanye cyane mu itsinda rya KGB yasezeranye n'umukunzi we bivugwa ko bari bamaranye umwaka urenga mu munyenga w'urukundo (Photo: Igihe)
Nyuma y'ibyumweru bibiri gusa Bwana Gaston Rurangwa wamenyekanye nka MR!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo ukora akazi ko gusiga amarange usa na Lionel Messi yabaye icyamamare
Umugabo usiga amarangi wo mu Misiri biravugwa ko amaze kugira abantu benshi bamukunze muri icyo gihugu - ahanini abafana ba Barcelona - cyane cyane abakunda umukinnyi wayo Lionel Messi.
Battah akora akazi ke gasanzwe ko gusiga amarangi
!-->!-->!-->!-->…
Amateka ya Miss INGABIRE Grace ufite diplome mu kubyina yakuye muri Amerika
Ingabire Grace waraye wegukanye ikamba rya Nyampinga w'u Rwanda, niwe ufite agahigo ko kuryegukana ku myaka myinshi ndetse akaba afite n'akandi gahigo ko kuba ariwe uryegukanye yararangije kaminuza
Ingabire Grace wari ufite nimero!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa mukobwa wagaragaye mu ndirimbo “Ikinyafu” yegukanye ikamba rya Miss Popularity
Kayirebwa Marie Paul wagaragaye mu ndirimbo ya Bruce Melody yiswe "Ikinyafu" ari mubegukanye ibihembo bya Miss Rwanda 2021, ubwo yatoranywaga nka Miss Popularity.
Ku mugoroba ubwo hatoranywaga umukobwa mwiza uhiga abandi mu bwiza,!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore ibihembo bihebuje Miss Rwanda 2021 yagenewe mu gihe cy’umwaka.
Ingabire Grace w’imyaka 25 ni we wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu muhango wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Werurwe 2021 yagenewe ibihembo bihebuje, hari n'ibyo azakomeza guhabwa mu gihe cy'umwaka.
!-->!-->!-->!-->…