Browsing Category
Imyidagaduro
Igikomangoma Harry N’umugore we Meghan Markle bavuze ko bari kumwe n’abatuye Ukraine
Ibi Harry na Markle babitangaje mugihe Uburusiya bwatangaje ko bugiye kujya mu ntambara na Ukraine nk’uko byari bimaze igihe bivugwa maze bagaragaza uruhande bahagazeho.
Benshi mu batuye isi bahangayikishijwe n’ikibazo kiri hagati!-->!-->!-->!-->!-->…
The weekend yashyize hanze amajwi asengera abatuye Ukraine bose.
Umuhanzi the weekend yakuyeho gahunda yo gutangaza amakuru nyuma y’uko kuri tweeter hagezweho inkuru zikomeye zihuye n’amakuru y’ibibazo bikomeje kubera muri Ukraine
Uyu munyakanada ukunzwe cyane mu muziki mu gihe cya none!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi YE yamuritse album ye yise donda 2 hamwe na Alicia keys Migos na Jack harlow
Kanye west usigaye yitwa YE yamurikiye I Miami Album ye yateguje abantu igihe kirekire mu ijoro ryakeye nyuma yo gutandukana n’umugore we.
Uyu muhanzi wari umaze iminsi akora kuri iyi album ndetse akaba yaranateguje cyane abantu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Zari yakuriye agahu ku nnyo abamaze iminsi bamubaza umukunzi we mushya
Nyuma yo guhozwa ku nkeke, Zari Hassan yakuriye agahu ku nnyo abamaze iminsi bamubaza umukunzi we mushya.
Zari Hassan, umunyamideli, n'umuherwe ukomoka mu gihugu cya Uganda, akomeje kuvugwa cyane mu ruhando rwa showbuzz nyuma y'aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’uko Jay-z yanze kumushyira mu gitaramo cye, The game arashinjwa na benshi kumuvuga…
The Game wari witeze kuza ku rutonde rw'abazafatanya na Jay-Z mu gitaramo cyiswe super bowl halftime show akomeza gushinjwa kuvuga nabi jay-Z ariko we akabihakana.
Iki ni igitaramo cyitabiriwe n'abahanzi bakomeye barimo Dr. Dre,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa firime muri Marvel yasezeranye na Jennifer Holland wagaragaye muri filime ikunzwe cyane…
Uyu mugabo witwa James Gunn mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo byatangajwe ko yambikanye impeta n’uyu mukinnyi wa filime igezweho yitwa peacemaker akaba agaragaramo yitwa Emilia Harcourt
Hari hashize igihe aba bombi bakundana!-->!-->!-->!-->!-->…
Justin bieber nyuma yo kwandura covid-19 umuhagarariye yamaze impungenge abategereje igitaramo cye.
Nkuko byatangajwe n’ushinzwe kureberera inyungu z’uyu muhanzi scott brown, hari icyizere ko azakira vuba.
Byatangajwe ko Justin bieber yanduye covud nyuma y’igitaramo yakoreye I San Diego kuwa gatanu tariki 18 Gashyantare!-->!-->!-->!-->!-->…
YARWANYE N’IFI NINI AGERAGEZA KUYIKUBITA MUMUTWE MAZE IRAMUREKURA AVA MU MAZI.
HEATHER WEST UZWIHO GUKORESHA TIK TOK YAGARAGAJE UKO YABASHIJE KUVA MU NZARA Y’IFI NINI YO MU BWOKO BWA SHARK YARI YAMUFASHE IKIRENGE KUGEZA AYIGOBOTOYE.
Heather West yasobanuye ukuntu yarwanye n’ifi yo mu bwoko bwa shark ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’uko Adele aretse gutura muri Las Vegas kugeza na n’ubu haracyibazwa byinshi.
Tariki 24 Mutarama uyu muhanzikazi uzwi cyane mu njyana ya pop, jazz ndetse na soul nibwo yatangaje ko atagituye I Las Vegas kubera covid-19 ingingo itavugwaho rumwe n’abantu kugeza ubu.
Byari byaratangajwe ko Adele Laurie Blue!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore Ubwiza budasanzwe bwa Kamikazi ROXANNE Umunye nyanza uhabwa amahirwe yo kwegukana ikamba rya…
Mu gihe igikorwa cyo gutangira gutora nyampinga w'u Rwanda, umukobwa uhiga abandi mu bwiza no mu bumenyi kimaze gutangira, twabahitiyemo amwe mu mashusho y'umwe mu bakobwa bahabwa amahirwe yo kwegukana rino rushanwa witwa Roxanne.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: “Leo ni Leo”-Indirimbo Raila Odinga uri kwiyamamariza kuyobora kenya yasohoye
https://twitter.com/RailaOdinga/status/1493498811427311616?s=20&t=18RU5Ay3eP9YgIBJ1ckF_w
Raila Odinga uri kwiyamamaza ku myanya wa perezida wa Kenya mu matora azaba mukwa munani(Kanama) yakoze mu nganzo asohora indirimbo ye.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Diamond Platnumz yahishuye ko ari mu rundi rukundo rumuha amahoro.
Umuhanzi mpunzamahanga wo mu gihugu cya Tanzaniya, Diamond yavuze ko ubu ari mu rukundo yishimiye kandi rumuha amahoro.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 14 Gashyantare 2022 ubwo isi yizihizaga umunsi w'abakundana, umugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Imbamutima za Robert Pires na Ray bamaze iminsi bari mu Rwanda
Abagabo babiri babaye ibyamamare mu ikipe ya Arsenal ubu bakaba bari mu kiruhuko cy'izabukuru ariko bagasiga baragaciye aribo Pires na Ray babwiye abafana b’iyi kipe ko mu minsi bamaze mu Rwanda basuye byinshi, bashyize hanze!-->!-->!-->…
Zuchu yahakanye amakuru yavugaga ko ari mu rukundo na Diamond
Nyuma y'amakuru yari amaze iminsi avuga ko Diamond Platnumz ari mu rukundo n'umuhanzi Zuchu, ndetse bakavuga ko bano bombi bashobora kurushinga muri uku kwa kabiri, Zuchu we yahakanye iby'aya makuru avuga ko atigeze ajya no mu rukundo!-->!-->!-->…
“Birenze” Indirimbo nshya ya Juno Kizigenza na Ariel Wayz
Umuhanzi Kwizera Bosco Junior umaze kumenyakana mu muziki nka Juno Kizigenza, yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise ‘Birenze’ agaragaramo ari kumwe na Ariel Wayz ndetse bagakinana urukundo kugeza aho basomana iyo iri kurangira.
!-->!-->!-->!-->!-->…