Browsing Category
Imyidagaduro
Umunyamakuru Saleh yagarukanye izindi mbaraga muri Cinema Nyarwanda.
Umunyamakuru Saleh UWIMANA uzwi cyane kuri radio Voice of Africa yagarukanye izindi mbaraga zidasanzwe mu ruhando rwa Cinema mu Rwanda aho agiye gushyira hanze filime yise "KUKI" yari yarasezeranije abakunzi ba Cinema.
Nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel Mbonyi yanditse andi mateka, Album ye “MBWIRA” yegukanye igihembo muri Maranatha…
Babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo zitandukanye, ubuyobozi bwa Maranatha Awards bwatangaje abatsindiye ibihembo muri uyu mwaka wa 2020. Kuri urwo rutonde, harabonekamo Israel Mbonyi binyuze kuri Album ye ‘Mbwira’ yatoranyijwe!-->!-->!-->…
Amarangamutima ya Hamida, umugore wa Rwatubyaye ku munsi w’amavuko w’umugabo we
Umukunzi wa Rwatubyaye, Hamida ku munsi umugabo we yizihijeho isabukuru y’amavuko yamusabiye ku Mana kumuha ibyishimo by’ubuziraherezo kandi igakabya inzozi ze.
Buri tariki ya 23 Ukwakira, Rwatubyaye Abdul yizihiza Isabukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Safi Madiba yongeye kwisuganya ashira hanze indirimbo nshya yise “SOUND”
Umuhanzi Safi Madiba, yongeye kwisuganya asubira muri studio akora indirimbo yise ‘Sound’, nyuma yo kugira ibibazo by’urushako byatumye aba nk’uhagarika imishinga ye y’umuziki.
Safi Madiba yagiye muri Canada mu ntangiro z’umwaka wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Miss Honorine yakuyeho urujijo ku byavugaga ko akundana na Bruce Melody.
Mu minsi ishize twababwiye inkuru yuko Miss Honorine wamenyekanye ku mazina ya Igisabo ari mu rukundo n’umuhanzi Bruce Melodie, iyi ni inkuru yagiye icicikana hirya no hino ndetse ikanakomeza kuvugwa na benshi.
Hashize iminsi mike!-->!-->!-->!-->!-->…
Producer S2Kizzy yakubiswe bikomeye n’amabandi na studio ye irangizwa.
Producer S2Kizzy wakoze indirimbo ‘Tetema’ ya Diamond Platnumz na Rayvanny yakubiswe mu buryo bukomeye we n’abandi bantu bari kumwe na studio ye yangijwe n’abantu bataramenyekana.
Ibi byabaye mu ijoro ry’uyu wa Gatatu tariki 14!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwandakazi batanu mu 10 bo muri EAC babonye itike yo guhatanira ikamba rya Miss Career Africa…
Abanyarwandakazi batanu bari mu bakobwa 10 bo mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba batsindiye itike yo kwitabira irushanwa rya Miss Career Africa, rizasorezwa mu Rwanda mu Ugushyingo 2020.
Kuri uyu wa Kane tariki 15 Ukwakira 2020, ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Mabeto Hamissa yahishyuye uburyo Diamond yamuteye inda inshuro eshatu zose ariko hakavukamo imwe.
Umunyamideli wo muri Tanzania wabyaranye na Diamond Platnumz, Hamisa Mobetto yavuze ko uyu muhanzi yamuteye inda inshuro 3 ariko havuka imwe.
Uyu munyamideli yatangaje ko ubwo uyu muhanzi yari yarashakanye na Zari babana nk’umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Davis D yasobanuye indirimbo ye yise IFARASHI benshi bavuga ko yuzuyemo ibishegu
Nyuma y'aho ashyiriye hanze indirmbo ye nshya yitwa IFARASHI benshi bakavuga ko irimo ibishegu, umuhanzi Davis D yasabye abantu ko bayumva uko iri.
Indirimbo nshya ya Davis D imaze iminsi itera impaka ku mbuga nkoranyambaga, bamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Bushali na Slum Drip bongeye gutabwa muri yombi
Umuhanzi Bushali na Slum Drip bamaze kubaka izina mu njyana ya Kinyatrap biravugwa ko bongeye gutabwa muri yombi bakurikiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge.
Amakuru agera ku kinyamakuru UMURYANGO dukesha iyi nkuru, avuga ko Bushali!-->!-->!-->!-->!-->…
Rihanna Yasabye imbabazi abasilamu nyuma yo gukoresha umurongo wo muri Corowani yamamaza utwenda…
Rihanna yasabye imbabazi avuga ko yababaje "abavandimwe b'abasilamu" kubera gukoresha indirimbo itavugwaho rumwe mu gikorwa kitwa Savage X cyo kumurika imideri ye y'udusamamagara (utwenda tw'imbere).
Abantu batari bacye bamunenze!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo gutandukana na SAFI Madiba, biravugwa ko Judith yaba yamaze kujya mu rundi rukundo
Hashize imyaka isaga itatu umuhanzi Safi Madiba asezeranye na Judith Niyonizera. Ku wa Gatandatu tariki 1 Ukwakira 2017 nibwo aba bombi bahamije isezerano bemeranya kubana akaramata bahamya ko bazatandukanywa n’urupfu ni mu muhango!-->!-->!-->…
Peter Webster w’imyaka 80 arasezera kuri ruhago uyu munsi
Umugabo ukina umupira mu batarabigize umwuga uyu munsi kuwa gatanu nibwo akina umukino wo gusezera, uraba ari uwanyuma w'irushanwa akinnye ku myaka 80 afite.
Peter Webster, uba ahitwa Wollongong muri Australia, avuga ko hari igihe!-->!-->!-->!-->!-->…
“Hunga udapfa”indirimbo ya mbere yakozwe na Bull Dog nyuma yo kwakira agakiza
Liza KAMIKAZI uzwiho ubuhanga mu kuririmba yakoranye indirimbo na Bull Dog yiswe HUNGA UDAPFA nyuma yuko uno mugabo yakiriye agakiza, ni indirimbo ikangurira abantu guhunga no gutinya icyaha.
Muri Nyakanga 2020 ubwo umuraperi Bull!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Nicki Minaj yibarutse imfura ye
Umuhanzi NICKI MINAJ w'imyaka 37 y'amavuko yibarutse imfura ye, inkuru yatitije ibinyamakuru by'imyidagaduro ku isi
Ibinyamakuru byinshi by’imyidagaduro ku Isi, byashyize ku mitwe y'ibinyamakuru byabo inkuru igezweho!-->!-->!-->!-->!-->…