Browsing Category
Imyidagaduro
Rihanna Yasabye imbabazi abasilamu nyuma yo gukoresha umurongo wo muri Corowani yamamaza utwenda…
Rihanna yasabye imbabazi avuga ko yababaje "abavandimwe b'abasilamu" kubera gukoresha indirimbo itavugwaho rumwe mu gikorwa kitwa Savage X cyo kumurika imideri ye y'udusamamagara (utwenda tw'imbere).
Abantu batari bacye bamunenze!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo gutandukana na SAFI Madiba, biravugwa ko Judith yaba yamaze kujya mu rundi rukundo
Hashize imyaka isaga itatu umuhanzi Safi Madiba asezeranye na Judith Niyonizera. Ku wa Gatandatu tariki 1 Ukwakira 2017 nibwo aba bombi bahamije isezerano bemeranya kubana akaramata bahamya ko bazatandukanywa n’urupfu ni mu muhango!-->!-->!-->…
Peter Webster w’imyaka 80 arasezera kuri ruhago uyu munsi
Umugabo ukina umupira mu batarabigize umwuga uyu munsi kuwa gatanu nibwo akina umukino wo gusezera, uraba ari uwanyuma w'irushanwa akinnye ku myaka 80 afite.
Peter Webster, uba ahitwa Wollongong muri Australia, avuga ko hari igihe!-->!-->!-->!-->!-->…
“Hunga udapfa”indirimbo ya mbere yakozwe na Bull Dog nyuma yo kwakira agakiza
Liza KAMIKAZI uzwiho ubuhanga mu kuririmba yakoranye indirimbo na Bull Dog yiswe HUNGA UDAPFA nyuma yuko uno mugabo yakiriye agakiza, ni indirimbo ikangurira abantu guhunga no gutinya icyaha.
Muri Nyakanga 2020 ubwo umuraperi Bull!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Nicki Minaj yibarutse imfura ye
Umuhanzi NICKI MINAJ w'imyaka 37 y'amavuko yibarutse imfura ye, inkuru yatitije ibinyamakuru by'imyidagaduro ku isi
Ibinyamakuru byinshi by’imyidagaduro ku Isi, byashyize ku mitwe y'ibinyamakuru byabo inkuru igezweho!-->!-->!-->!-->!-->…
Irushanwa rya Head’s Up ryateguwe na Genesisbizz.com rigeze hagati
Nk'uko byatangajwe n'ikinyamakuru Nyarwanda, Imvaho Nshya, ikigo Genesisbizz.com cyateguye amarushanwa agamije kuzamura impano z'abahanzi b'abanyamuziki Nyarwanda ariko bakaba bataramenyekana ngo bashyire ahagaragara ibihangano!-->!-->!-->…
Bamporiki yanenze bikabije abahanzi biharaje kuririmba indirimbo zirimo ibishegu
Kuri uyu wa Kabiri tariki 29 Nzeri 2020, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Bamporiki Edouard yanenze abahanzi bayobotse umujyo wo kuririmba ibihangano biganisha ku busambanyi, avuga ko ari ishyano u Rwanda!-->!-->!-->…
Miss Ruth Christmas yatangaje ibintu 5 byatumye yisanga mu rukundo rwa Chris barushinganye none
Christmas Ruth Kanoheli wambitswe ikamba rya Nyampinga wa mbere w'ishuri ry'umuziki rya Nyundo mu mwaka wa 2016 (Miss Ecole d'Arts de Nyundo 2016) akaba umuhanzikazi mu muziki wa Gospel unabarizwa mu itsinda NEP Queens ry'abanyempano!-->!-->!-->…
Urutonde rw’abantu 10 bakundana bapfiriye umunsi umwe
Umunyarwanda yaciye umugani ati ‘Ibikundanye birajyana’. Uyu mugani ushimangirwa n’ingero zitandukanye z’abantu bagiye bapfira umunsi umwe bari basanzwe bakundana. Muri bo harimo ababihisemo n’abishwe bapfira rimwe batabihisemo. Ni!-->!-->!-->…
Mvuyekure Juvenal yatorewe kuyobora ikipe ya Kiyovu Sport ku majwi ijana ku ijana
Mvukiyehe Juvenal wari umukandida rukumbi ku mwanya wo kuba umuyobozi wa Kiyovu Sports yatowe ijana ku ijana n’abanyamuryango b’iyi kipe bishimiye impinduka yazanye mu gihe gito amaze muri iyi kipe.
Mvukiyehe waguriye ikipe Bisi!-->!-->!-->!-->!-->…
Siporo rusange yamenyekanye nka Car free day irongera gusubukurwa ku cyumweru gitaha
Nyuma y'aho Leta ifatiye umwanzuro wo guhagarika bimwe mu bikorwa bihuriramo abantu benshi harimo na siporo rusange, ubu byemejwe ko izasubiraho mu minsi ya vuba.
Siporo rusange yamenyerewe cyane nka CAR FREE DAY aho abaturage!-->!-->!-->!-->!-->…
Jay Polly yerekeje i Dubai aho agiye kugura ibikoresho bya studio ye nshya
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu nibwo JAY POLLY n'itsinda rye bageze i Dubai aho bajyanywe no kurangura ibikoresho bya muzika bizakora muri Studio ye agiye gushinga i Kigali.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu umuhanzi Jay!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari abasabye Sadate kwegura kugira ngo bakunde bishyurire Ivan Minnaert
Mu gihe mu kipe ya Rayon sports hamaze iminsi havugwamo ikibazo ifitanye n’umutoza Jacky Ivan Minnaert, Rutagambwa Martin yasabye Perezida wayo uriho ubu, Munyakazi Sadate kuzana urupapuro rusezera kuri uwo mwanya, ubundo agahita!-->!-->!-->…
Rugwe na Solozo binjijwe muri label ya “Boss Papa”
Alain Muku yamaze kwinjiza Nzamukurikiza Muhammed na Gakemane Pacifique nk’abahanzi bashya muri label ye “Boss Papa”.
Nzamukurikiza Muhammed na Gakemane Pacifique , binjiye mu muziki nk’itsinda basohora amashusho y’indirimbo yabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport imaze kwandika ibaruwa isaba FERWAFA ko yigizayo ibihano yafatiwe
Nyuma y'aho akanama gashinzwe imyitwarire muri FERWAFA gahannye ikipe ya Rayon Sport kubera kutubahiriza ibyo yari yasabwe n'ako kanama birimo kwishyura umwenda Bwana Ivan Minnaert wahoze utoza iyo kipe, bidatinze ubuyobozi bw'ikipe ya!-->!-->!-->…