Browsing Category
Imyidagaduro
Umuhanzi King Saha yahaye gasopo Bebe Cool ,barapfa iki?
Aya makimbirane aje nyuma yaho Bebe Cool yitoye agashyira hanze urutonde rw'abahanzi bakoze ngo cyane mu mwaka wa 2019 ntihagaragaremo Chameleone na Bobi Wine.
Mubyukuri mbere yuko uru rutonde rusohoka Bebe Cool yari yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
THE BEN yatumye FABIEN ufite ubumuga bwo kutabona akabya inzozi ze
Hagenimana Fabien ufite ubumuga bwo kutabona yakabije inzozi ze ubwo THE BEN yemeraga gukorana nawe indirimbo.
MUGISHA Benjamin uzwi cyane ku kabyiniriro ka THE BEN ni umwe mu bahanzi bigaruriye imitima y'Abanyarwanda benshi ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi THE BEN yamaze kugera I Kigali, aje gutaramira Abanyarwanda ku Bunani
Umuhanzi THE BEN amaze gusesekara I Kigali mu gitaramo cya East African Party kuri Bunani
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu taliki ya 27 Ukuboza nibwo umuhanzi w'Umunyarwanda w'icyamamare yasesekaye ku Kibuga mpuzamahanga cy'i!-->!-->!-->!-->!-->…
Meddy yateye imitoma wa mukobwa bakundana ku isabukuru ye atitangiriye
Kuva muri Kanama 2017, abantu batandukanye bakurikirana imyidagaduro cyane cyane iyo mu Rwanda, batangiye guhoza ijisho ku muhanzi Ngabo Medard Jobert ‘Meddy’, uri mu ba mbere bakurikirwa cyane kandi ufite igikundiro cyihariye.!-->!-->!-->…
Rurageretse hagati ya y’umuhanzi Bruce Melodie na Asinah
Bruce Melodie na Asinah bari kurebana nyuma yuko uyu muhanzikazi akuwe mu ndirimbo bari bakoranye.
Ibi byaturutse ku ndirimbo bakoranye agakuramo uyu muhanzikazi kubera kuyiririmbamo nabi.
Hashize iminsi mike umuhanzikazi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Umuhanzi ari mu maboko ya Polisi azira gusohora indirimbo y’urukozasoni
Umuhanzi wo mu gihugu cy'Uburundi witwa OLEGUE BARAKA ari mu maboko y'igikopolisi kubera kubangamira umuco.
Kuri uyu wa kane nibwo igipolisi cy'u Burundi cyemeye kiranagaragaza ko cyafashe umuhanzi witwa OLEGUE BARAKA uzwi cyane ku…
Umugabo yatangaje abantu nyuma yaho buri munsi yamabara ku mubiri we imirimbo ipima ibiro 5 bya…
Bappi Lahiri umugabo uzwi mu ruganda rwa cinema muri Bollywood mu gihugu cy'ubuhinde yambara imirimbo irimo nkweto,imikufi,ibigize telefoni ye n'ibindi bipima ibiro 5 bya zahabu buri munsi.
Mu magambo ye abajijwe igituma y'ambara…
Umuhanzi SOCIAL MULA yaje ku Rutonde rw’abazahatanira Ubihembo bya Prix Decouverte 2019
Nyuma y'aho YVAN BURAVAN yegukanye igihembo cya PRIX DECOUVERTES, undi munyarwanda SICIAL MULA nawe yaje ku rutonde mu bemerewe guhatanira icyo gihembo muri uno mwaka.
Umuhanzi Nyarwanda witwa MUGWANEZA LAMBERT uzwi cyane mu ruhando…
KIDUMU afashe umwanzuro wo kutazongera gutaramira iwabo no mu Rwanda
N'agahinda kenshi, Bwana KIDUMU atangaje ko ahagaritse gutaramira mu Rwanda no mu Burundi kugeza igihe kitazwi.
Nyuma y'aho abateguye igitaramo kizwi nka Kigali Jazz Junction bamenyeshereje KIDUMU KIBIDO ko atemerewe gutaramira…
Bidasubirwaho, KIDUMU yakuwe Ku Rutonde rw’Abazaririmba muri KIGALI JAZZ JUNCTION
Nubwo yari yagaragaye ku rutonde rw'abahanzi bazaririmba mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction, ubu bidasubirwaho, Bwana Kidumu amaze gukurwa kuri urwo rutonde.
Umuhanzi w'Umurundi wandikishije ikaramu y'icyuma izina rye mu Karere…
Wa Muhanzi Ucuranga Gitari Yikoreye mu Tujerekani ngo Agiye gufashwa n’Umwe mu bahanzi…
Bwana IYAMUREMYE ISRAEL nawe ngo yaba agiye gufashwa gusohora ibihangano bye, ndetse agakorana indirimbo na MANI MARTIN
Nyuma y'aho umuhanzi Nyarwanda Alain MUKURARINDA avumburiye imwe mu mpano yari yarirengagijwe muri NSENGIYUMVA…
Tiwa Savage na Burna Boy basubitse ingendo muri Afurika y’Epfo
Umunya-Nigeria ufite izina rikomeye mu muziki wa Afurika, Tiwa Savage, yatangaje ko yamaze gusubika igitaramo yagombaga gukorera mu gihugu cy’Afurika y’Epfo ku mpamvu z’ihohoterwa rikomeje gukorerwa abanyamahanga bari muri iki gihugu.…