Browsing Category
Imyidagaduro
NIYITEGEKA Gratien yakuyeho urujijo ku iyirukanwa rya ROSINE muri “Papa SAVA”
Bwana GRATIEN NIYITEGEKA yavuze ko atariwe wirukanye ROSINE ahubwo ko we ubwe yiyirukanye
Hashize igihe inkuru zicicikana mu binyamakuru bitandukanye zivuga ko Uwitwa ROSINE BAZONGERE uzwi nka PURUKERIYA wakinaga muri filimi zimaze!-->!-->!-->…
Madame Jeannette KAGAME yagaragaje akanyamuneza mugitaramo cya Cassav
Madame Jeannette KAGAME umufasha w'umukuru w'igihugu yitabiriye igitaramo cyo ku munsi w'abakundana cyaririmbwemo na group Cassav
Itsinda ry'abanyamuzika bo mu gihugu cya Guadeloupe rizwi cyane nka Group Cassav ryaraye ritaramiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Itsinda rya KASSAV rimaze gusesekara mu mujyi wa Kigali
Itsinda ryamenyekanye cyane muri muzika mu njyana ya Zouk rimaze gusesekara I Kigali
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane itsinda rya Kassav nibwo ryageze mu mujyi wa Kigali aho rije gususurutsa no gutaramira Abanyarwanda ku munsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre NDUHUNGIREHE yijeje Abakobwa 20 bari mu mwiherero wa miss Rwanda ubufasha bwa Leta
Minisitiri NDUHUNGIREHE Olivier yasuye Abakobwa 20 bari mu mwiherero I Nyamata mu karere ka Bugesera abibutsa inshingano zabo
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki 11 Gashyantare 2020 Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakobwa 20 bazatoranywamo Nyampinga wa 2020 batangiye umwiherero
Abakobwa 20 bagomba gutoranywamo umwe uzahiga abandi batangiye umwiherero uzamara ibyumweru bibiri mu Karere ka Bugesera.
Kuri iki cyumweru taliki ya 9 Gashyantare nibwo abakobwa bagera kuri 20 batangiye umwiherero bagiye kumaramo!-->!-->!-->!-->!-->…
MISS RWANDA: Abakobwa 20 berekeza mu mwiherero baraye bamenyekanye
Haraye hamenyekanye abakobwa 20 bagiye gukomeza mu kindi kiciro cyo gushaka Nyampinga w'u Rwanda wa 2020
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 1 Gashyantare 2020 nibwo Abanyarwanda bari bategereje kumenya abakobwa 20 bagombaga gukomeza mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadio Mane yavuze ku nshuro ya mbere ku rupfu rwa se.
Ku nshuro ya mbere Sadio MANE yakomoje ku rupfu rwa se umubyara.
Sadio MANE ni umwe mu bakinnyi b'umupira w'amaguru umaze kwigarurira imitima ya benshi kubera uburyo yicisha bugufi ugereranije n'amafranga yibitseho. Kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Safi na Platini Barashinjwa Gushishura indirimbo ya Kayitare Wayitare Dembe
Kayitare Wayitare Dembe arashinja Platini na Safi gushishura indirimbo
Nyuma yaho kuri uno wa mbere taliki ya 20 Mutatama 2020 Safi MADIBA na Platini wo muri Dream boys bashyize hanze indirimbo yabo yaherekejwe n'amashusho yitwa!-->!-->!-->!-->!-->…
“…Dream Boys ntiteze gusenyuka na gato…” TMC
Jean Claude Mujyanama uzwi nka TMC yakuyeho urujijo ku isenyuka ry'itsinda rya Dream Boys.
Hashize iminsi ibinyamakuru butandukanye bya hano mu Rwanda byandika ko itsinda rya Dream Boys riri mu marembera ndetse ko ryaba rigiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya mbere ISRAEL MBONYI agiye gutaramira abatuye I HUYE
Umuhanzi Irael MBONYI azataramira mu Karere ka Huye mu ntangiriro za Gashyantare.
Umuhanzi, umwanditsi, umuririmbyi, umucuranzi n'umuramyi wigaruriye imitima ya benshi kubera uburyo aririmba mu njyana ya Gospel witwa MBONYICYAMBU!-->!-->!-->!-->!-->…
Itsinda rya KASSAV ryamamaye cyane muri muzika rizataramira Abanyarwanda kuri Saint Valentin
Bimaze kwemezwa ko itsinda rya Cassav rizataramana n'Abanyarwanda ku munsi w'abakundana.
Kuri ubu bimaze kumenyekana ko rya tsinda rya muzika ryamenyekanye cyane mu njyana ya zouk rizataramana n'Abanyarwanda kuri uyu wa 14!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi King Saha yahaye gasopo Bebe Cool ,barapfa iki?
Aya makimbirane aje nyuma yaho Bebe Cool yitoye agashyira hanze urutonde rw'abahanzi bakoze ngo cyane mu mwaka wa 2019 ntihagaragaremo Chameleone na Bobi Wine.
Mubyukuri mbere yuko uru rutonde rusohoka Bebe Cool yari yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
THE BEN yatumye FABIEN ufite ubumuga bwo kutabona akabya inzozi ze
Hagenimana Fabien ufite ubumuga bwo kutabona yakabije inzozi ze ubwo THE BEN yemeraga gukorana nawe indirimbo.
MUGISHA Benjamin uzwi cyane ku kabyiniriro ka THE BEN ni umwe mu bahanzi bigaruriye imitima y'Abanyarwanda benshi ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi THE BEN yamaze kugera I Kigali, aje gutaramira Abanyarwanda ku Bunani
Umuhanzi THE BEN amaze gusesekara I Kigali mu gitaramo cya East African Party kuri Bunani
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu taliki ya 27 Ukuboza nibwo umuhanzi w'Umunyarwanda w'icyamamare yasesekaye ku Kibuga mpuzamahanga cy'i!-->!-->!-->!-->!-->…
Meddy yateye imitoma wa mukobwa bakundana ku isabukuru ye atitangiriye
Kuva muri Kanama 2017, abantu batandukanye bakurikirana imyidagaduro cyane cyane iyo mu Rwanda, batangiye guhoza ijisho ku muhanzi Ngabo Medard Jobert ‘Meddy’, uri mu ba mbere bakurikirwa cyane kandi ufite igikundiro cyihariye.!-->!-->!-->…