Browsing Category
Imyidagaduro
Sadio Mane yavuze ku nshuro ya mbere ku rupfu rwa se.
Ku nshuro ya mbere Sadio MANE yakomoje ku rupfu rwa se umubyara.
Sadio MANE ni umwe mu bakinnyi b'umupira w'amaguru umaze kwigarurira imitima ya benshi kubera uburyo yicisha bugufi ugereranije n'amafranga yibitseho. Kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Safi na Platini Barashinjwa Gushishura indirimbo ya Kayitare Wayitare Dembe
Kayitare Wayitare Dembe arashinja Platini na Safi gushishura indirimbo
Nyuma yaho kuri uno wa mbere taliki ya 20 Mutatama 2020 Safi MADIBA na Platini wo muri Dream boys bashyize hanze indirimbo yabo yaherekejwe n'amashusho yitwa!-->!-->!-->!-->!-->…
“…Dream Boys ntiteze gusenyuka na gato…” TMC
Jean Claude Mujyanama uzwi nka TMC yakuyeho urujijo ku isenyuka ry'itsinda rya Dream Boys.
Hashize iminsi ibinyamakuru butandukanye bya hano mu Rwanda byandika ko itsinda rya Dream Boys riri mu marembera ndetse ko ryaba rigiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya mbere ISRAEL MBONYI agiye gutaramira abatuye I HUYE
Umuhanzi Irael MBONYI azataramira mu Karere ka Huye mu ntangiriro za Gashyantare.
Umuhanzi, umwanditsi, umuririmbyi, umucuranzi n'umuramyi wigaruriye imitima ya benshi kubera uburyo aririmba mu njyana ya Gospel witwa MBONYICYAMBU!-->!-->!-->!-->!-->…
Itsinda rya KASSAV ryamamaye cyane muri muzika rizataramira Abanyarwanda kuri Saint Valentin
Bimaze kwemezwa ko itsinda rya Cassav rizataramana n'Abanyarwanda ku munsi w'abakundana.
Kuri ubu bimaze kumenyekana ko rya tsinda rya muzika ryamenyekanye cyane mu njyana ya zouk rizataramana n'Abanyarwanda kuri uyu wa 14!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi King Saha yahaye gasopo Bebe Cool ,barapfa iki?
Aya makimbirane aje nyuma yaho Bebe Cool yitoye agashyira hanze urutonde rw'abahanzi bakoze ngo cyane mu mwaka wa 2019 ntihagaragaremo Chameleone na Bobi Wine.
Mubyukuri mbere yuko uru rutonde rusohoka Bebe Cool yari yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
THE BEN yatumye FABIEN ufite ubumuga bwo kutabona akabya inzozi ze
Hagenimana Fabien ufite ubumuga bwo kutabona yakabije inzozi ze ubwo THE BEN yemeraga gukorana nawe indirimbo.
MUGISHA Benjamin uzwi cyane ku kabyiniriro ka THE BEN ni umwe mu bahanzi bigaruriye imitima y'Abanyarwanda benshi ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi THE BEN yamaze kugera I Kigali, aje gutaramira Abanyarwanda ku Bunani
Umuhanzi THE BEN amaze gusesekara I Kigali mu gitaramo cya East African Party kuri Bunani
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu taliki ya 27 Ukuboza nibwo umuhanzi w'Umunyarwanda w'icyamamare yasesekaye ku Kibuga mpuzamahanga cy'i!-->!-->!-->!-->!-->…
Meddy yateye imitoma wa mukobwa bakundana ku isabukuru ye atitangiriye
Kuva muri Kanama 2017, abantu batandukanye bakurikirana imyidagaduro cyane cyane iyo mu Rwanda, batangiye guhoza ijisho ku muhanzi Ngabo Medard Jobert ‘Meddy’, uri mu ba mbere bakurikirwa cyane kandi ufite igikundiro cyihariye.!-->!-->!-->…
Rurageretse hagati ya y’umuhanzi Bruce Melodie na Asinah
Bruce Melodie na Asinah bari kurebana nyuma yuko uyu muhanzikazi akuwe mu ndirimbo bari bakoranye.
Ibi byaturutse ku ndirimbo bakoranye agakuramo uyu muhanzikazi kubera kuyiririmbamo nabi.
Hashize iminsi mike umuhanzikazi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Umuhanzi ari mu maboko ya Polisi azira gusohora indirimbo y’urukozasoni
Umuhanzi wo mu gihugu cy'Uburundi witwa OLEGUE BARAKA ari mu maboko y'igikopolisi kubera kubangamira umuco.
Kuri uyu wa kane nibwo igipolisi cy'u Burundi cyemeye kiranagaragaza ko cyafashe umuhanzi witwa OLEGUE BARAKA uzwi cyane ku…
Umugabo yatangaje abantu nyuma yaho buri munsi yamabara ku mubiri we imirimbo ipima ibiro 5 bya…
Bappi Lahiri umugabo uzwi mu ruganda rwa cinema muri Bollywood mu gihugu cy'ubuhinde yambara imirimbo irimo nkweto,imikufi,ibigize telefoni ye n'ibindi bipima ibiro 5 bya zahabu buri munsi.
Mu magambo ye abajijwe igituma y'ambara…
Umuhanzi SOCIAL MULA yaje ku Rutonde rw’abazahatanira Ubihembo bya Prix Decouverte 2019
Nyuma y'aho YVAN BURAVAN yegukanye igihembo cya PRIX DECOUVERTES, undi munyarwanda SICIAL MULA nawe yaje ku rutonde mu bemerewe guhatanira icyo gihembo muri uno mwaka.
Umuhanzi Nyarwanda witwa MUGWANEZA LAMBERT uzwi cyane mu ruhando…
KIDUMU afashe umwanzuro wo kutazongera gutaramira iwabo no mu Rwanda
N'agahinda kenshi, Bwana KIDUMU atangaje ko ahagaritse gutaramira mu Rwanda no mu Burundi kugeza igihe kitazwi.
Nyuma y'aho abateguye igitaramo kizwi nka Kigali Jazz Junction bamenyeshereje KIDUMU KIBIDO ko atemerewe gutaramira…
Bidasubirwaho, KIDUMU yakuwe Ku Rutonde rw’Abazaririmba muri KIGALI JAZZ JUNCTION
Nubwo yari yagaragaye ku rutonde rw'abahanzi bazaririmba mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction, ubu bidasubirwaho, Bwana Kidumu amaze gukurwa kuri urwo rutonde.
Umuhanzi w'Umurundi wandikishije ikaramu y'icyuma izina rye mu Karere…