Browsing Category
Izindi nkuru
Rubavu: Polisi yafashe umwe mu bacuruzi b’ibiyobyabwenge
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu, ku wa mbere tariki ya 04 Mata, yafashe umwe mu bacuruzaga ibiyobyabwenge wafatiwe mu murenge wa Kanzenze , Akagali ka Nyamirango , Umudugudu wa Mizingo afite umufuka urimo!-->!-->!-->…
Ibyishimo byinshi kuri Popote nyuma yo kwibaruka imfura ye y’umuhungu
Umunyamakuru uzwi cyane ku kazina ka Popote ari mu munyenga w'ibyishimo nyuma y'aho umugore we amubyariye imfura y'umuhungu.
Bwana Nshimyumukiza Janvier uzwi cyane ku kazina na POPOTE yatangaje ko ari mu byishimo byinshi cyane nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubufaransa bugiye kohereza abarimu 70 gufasha mu kwigisaha igifaransa
Abarimu bagera kuri 70 bagiye koherezwa mu Rwanda gufasha mu kwigisha ururimi rw'igifaransa rugiye kongera kwitabwaho mu Rwanda.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 1 Mata 2022 ministeri y'uburezi mu Rwanda yasinyanye amasezerano n'ikigo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gitwe: Byari ibyishimo ku baturage baje kwakira Gerard waraye agizwe umwere n’urukiko
Abaturage bo mu gace ka Gitwe mu Karere ka Ruhango basazwe n'ibyishimo nyuma y'aho urukiko rugize umwere Bwana Gerard wari umaze igihe afunzwe akurikiranyweho ibyaha bijyanye na genocide.
Kuri uyu wa Kane tariki 31 Werurwe 2022,!-->!-->!-->!-->!-->…
Urayeneza Gerard wahoze ayobora kaminuza ya Gitwe yagizwe umwere
Urukiko Rukuru, Urugereko Rushinzwe Gukurikirana Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka, ruri i Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda rwagize umwere Urayeneza Gérard wahoze ayobora Kaminuza ya Gitwe na bagenzi be bashinjwaga ibyaha!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nishimwe wifuza guhinduza amazina
Uwitwa NISHIMWE Celestine, mwene Nsekanabanga Celestin na Uwabeza Emerthe utuye Mu mudugudu wa Rukingu, Akagari ka Mburamazi, Umurenge wa Murunda ho mu Karere ka Rutsiro mu Ntara y'Iburengerazuba yanditse asaba guhinduza amazina yari!-->…
Uganda: Juma n’umuryango we basusweho acide nyuma yo kuva mu idini rya Islam.
Nyuma y’uko bafashe gahunda yo guhindura idini basengeragamo bakajya murindi, umuryango w’uwitwa Juma Waiswa bahaswe inkoni ndetse banabamenaho Acid bababwira ko bakwiriye urupfu.
Aya mahano yakorewe uyumugabo n’umugorewe hamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
tsinda ry’ abasenateri baturutse muri Zimbabwe bari mu rugendoshuri mu Rwanda
Itsinda ry' abasenateri baturutse mu gihugu cya Zimbabwe, bibumbiye muri komisiyo y'uburinganire n'iterambere, bari mu Rwanda mu rugendoshuri rugamije kubongerera ubunararibonye, rwatangiye tariki 26 Werurwe rukazageza tariki ya 1 Mata!-->!-->!-->…
Burera: Abantu batandatu bafatanwe ibiro 6 by’ amabuye y’agaciro
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 26 Werurwe yafashe abantu babiri bibye amabuye y'agaciro ibiro 6 mu kirombe cya kompanyi icukura ikanatunganya amabuye y’agaciro, yitwa Gifurwe!-->!-->!-->…
Gatsibo: ingendo Abagitifu b’Utugari bakora bajya mu kazi zarohejwe
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Utugari two mu Karere ka Gatsibo batangiye guhabwa moto zizabafasha mu guha serivisi nziza abaturage.
Ni moto batangiye guhabwa kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Werurwe 2022, nyuma y’umuganda wabereye!-->!-->!-->…
Abarimu barasaba kongererwa inguzanyo idasaba ingwate bahabwa n’Umwalimu SACCO
Abanyamuryango ba Koperative y’abarimu yo kubitsa no kugurizanya Umwalimu SACCO bavuga ko hari byinshi bungukiye muri iyi koperative ariko bifuza ko inguzanyo bahabwa badasabwe ingwate yakongerwa kugira ngo barusheho kwiteza!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Amazu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi y’umuriro
Muri iki gitondo cyo kuwa gatandatu amazu 8 akorerwamo ubucuruzi yafashwe n'inkongi y'umuriro arakongoka hangirika byinshi.
Ahagana saa tatu z'igitondo zo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Werurwe 2022 mu Karere ka Nyamasheke, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Babiri bafashwe bibye icyuma gisya ikawa
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rusizi ifatanije n’izindi nzego z’umutekano, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Werurwe, yafatiye mu cyuho abantu 2 bari bibye icyuma gisya ikawa murugo rw’umuturage,
Ibi byabereye mu murenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abagabo babiri bafatanwe ibikoresha birimo n’amafaranga bari bibye umucuruzi
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Musanze, kuri uyu wa kabiri tariki 22 Werurwe yafashe abagabo babiri bari bibye amafaranga 996,000 n’ibikoresho bitandukanye birimo mudasobwa, na televisiyo, byari byibwe umucuruzi witwa!-->!-->!-->…
Itangazo ry’uwitwa INGABIRE wifuza guhinduza amazina
Uwitwa INGABIRE Xxx mwene Nzitabakuze na Mukeshimana utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Ruhango, Akagali ka Rundoyi ho mu mudugudu wa Gakararanka yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…