Browsing Category
Izindi nkuru
Huye: Hafashwe litiro zirenga 1,400 z’inzoga z’inkorano
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego n’abaturage mu karere ka Huye yafashe kandi yangiza litiro 1,405 z’inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina rya Muriture.Izi nzoga!-->!-->!-->…
Batunguwe no kumva uwo bari bagiye gushyingura akomanga ku isanduku
Batashywe n'ubwoba nyuma yo kubona uwo bari bari bagiye gushyingura akomanga ku isandugu mu gihe bari bamugeje ku irimbi ngo ashyingurwe
Abaturage na bamwe bo mu muryango w'umugore witwa Rosa Isabel Cespede Callaca w’imyaka 36 !-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Bane bafunzwe bakurikiranyweho gukwirakwiza urumogi
Mu mpera z’iki cy’umweru, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu yafashe abantu 4 bacyekwaho gukwirakwiza udupfunyika 1,688 tw’urumogi mu bice bitandukanye.Abafashwe ni Singiranumwe Athanase w’imyaka 42 n'umukobwa we Mutesiwase Sifa!-->!-->!-->…
Nyanza: Hibutswe mutagatifu Ludoviko w’i Montfort waragijwe ikigo cya Ecole des Sciences
Ikigo cyaragijwe mutagatifu Ludoviko w'i Monforo giherereye mu Karere ka Nyanza cyibutse uwo mutagatifu mu birori by'akataraboneka.
Bwa mbere nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka w'i 1994, ishuri Ecole des Sciences!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Yafatanwe amabaro atanu y’imyenda ya caguwa
Ku wa mbere tariki ya 25 Mata, mu Karere ka Kirehe polisi y’u Rwanda yafashe umugabo ukurikiranweho gushaka kwinjiza magendu amabaro 5 y'imyenda ya caguwa.Uwafashwe yitwa Musabyimana Viateur ufite imyaka 42, akaba yarafatiwe iwe!-->!-->!-->…
Gisagara: Hibutswe abatutsi biciwe mu cyahoze ari komine Ndora
Bamwe barokokeye i Gisagara no mu nkengero zayo barifuza ko abafungurwa bakomeza guhabwa inyigisho kugira ngo hakomeze gusigasirwa igipimo cy'ubumwe n'ubwiyunge bagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda.
!-->!-->!-->!-->…
Ikindi gihugu cyo ku mugabane w’iburayi kirashaka kohereza abimukira mu Rwanda
Igihugu cya Denmark ni cyo cya mbere cyamenyekanye ko gishaka kwigana ubufatanye u Bwongereza bwagiranye n’u Rwanda bwo kohereza abimukira n’abasaba ubuhungiro bagafashirizwa i Kigali by’agateganyo mu gihe bashakirwa ibisubizo!-->!-->!-->…
Byamenyekanye ko abimukira u Rwanda rugiye kwakira Kenya yabanje kubisabwa irabyanga
Bimwe mu binyamakuru byo muri Kenya byamenye ko Ubwongereza bwabanje gusaba Kenya kwakira impunzi n'abimukira batuye mu Bwongereza ariko icyo gihugu cya Kenya kikabyanga.
Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje kuvugwa ku masezerano!-->!-->!-->!-->!-->…
Indege ya Rwandair yari ikoze impanuka, Imana ikinga akaboko
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu indege ya kompanyi y'u Rwanda itwara indege Rwandair yari igiye gukora impanuka ariko Imana ikinga akaboko, byabaye nyuma y'aho igihu cyijimye cyakingirije uwari uyitwaye, bituma udutara tumurikira!-->!-->!-->…
Rwanda revenue yashyize hanze urutonde rw’abacuruzi bakwepa imisoro
Ikigo cy'igihugu gishinzwe kwakira imisoro RRA cyashyize hanze urutonde rw'abacuruzi n'ibigo by'ubucuruzi bikomeje kutubahiriza inshingano zabo mu gutanga umusoro.
Ikigo cy'igihugu gishinzwe gukusanya no kwakira imisoro Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo Yafashwe azira kwinjiza amasashe atemewe mu gihugu
Mu mwaka wa 2008 Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo kurwanya ibikoresho bikozwe muri pulasitiki mu rwego rwo kurengera ibidukikije, birimo amasashe kuko byagaragaye ko agira ingaruka mbi ku bidukikije.
Iyo amasashe ageze mu butaka!-->!-->!-->…
Karongi: Abanyarwanda bakubiswe n’umushinwa abazirikiye ku giti bahawe ubutabera yakatiwe…
Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahanishije Umushinwa Shujun Sun igihano cy’igifungo cy’imyaka 20 nyuma yo kumuhamya icyaha cy’iyicarubozo yakoreye abakozi be abashinja kumwiba amabuye y’agaciro.
Umwanzuro w’urukiko wasomwe kuri uyu wa!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatangiye gusimbuza abapolisi barwo bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
Itsinda ry’abapolisi 80 ryahagurutse ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Kigali , aho aba bapolisi bagiye gusimbura bagenzi babo bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo, mu Ntara ya Upper Nile, mu gace ka!-->!-->!-->…
umugororwa wakatiwe burundu yategetswe kumara iminsi 15 iwe atera akabariro kugeza umugore we asamye
Urukiko rwategetse umugororwa wakatiwe igifungo cya burundu gutaha iwe akamara iminsi 15 atera akabariro kugeza umugore we asamye.
Mu gihugu cy'Ubuhinde haravugwa inkuru y'urukiko rwo mu gace kitwa Rajasthan rwaraye rutegetse kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya MUTUYIMANA wifuza guhindura amazina
Uwitwa MUTUYIMANA Xxx mwene REKAYABO na NTAHEZA utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, mu Murenge wa Ruhango ho mu Kagali ka Gihira mu Mudugudu wa Rukoko yanditse asaba uburenganzira bwo gihindura amazina yari sanzwe akoresha!-->…