Browsing Category
Izindi nkuru
Kirehe: Yafatanwe amabaro atanu y’imyenda ya caguwa
Ku wa mbere tariki ya 25 Mata, mu Karere ka Kirehe polisi y’u Rwanda yafashe umugabo ukurikiranweho gushaka kwinjiza magendu amabaro 5 y'imyenda ya caguwa.Uwafashwe yitwa Musabyimana Viateur ufite imyaka 42, akaba yarafatiwe iwe!-->!-->!-->…
Gisagara: Hibutswe abatutsi biciwe mu cyahoze ari komine Ndora
Bamwe barokokeye i Gisagara no mu nkengero zayo barifuza ko abafungurwa bakomeza guhabwa inyigisho kugira ngo hakomeze gusigasirwa igipimo cy'ubumwe n'ubwiyunge bagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda.
!-->!-->!-->!-->…
Ikindi gihugu cyo ku mugabane w’iburayi kirashaka kohereza abimukira mu Rwanda
Igihugu cya Denmark ni cyo cya mbere cyamenyekanye ko gishaka kwigana ubufatanye u Bwongereza bwagiranye n’u Rwanda bwo kohereza abimukira n’abasaba ubuhungiro bagafashirizwa i Kigali by’agateganyo mu gihe bashakirwa ibisubizo!-->!-->!-->…
Byamenyekanye ko abimukira u Rwanda rugiye kwakira Kenya yabanje kubisabwa irabyanga
Bimwe mu binyamakuru byo muri Kenya byamenye ko Ubwongereza bwabanje gusaba Kenya kwakira impunzi n'abimukira batuye mu Bwongereza ariko icyo gihugu cya Kenya kikabyanga.
Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje kuvugwa ku masezerano!-->!-->!-->!-->!-->…
Indege ya Rwandair yari ikoze impanuka, Imana ikinga akaboko
Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu indege ya kompanyi y'u Rwanda itwara indege Rwandair yari igiye gukora impanuka ariko Imana ikinga akaboko, byabaye nyuma y'aho igihu cyijimye cyakingirije uwari uyitwaye, bituma udutara tumurikira!-->!-->!-->…
Rwanda revenue yashyize hanze urutonde rw’abacuruzi bakwepa imisoro
Ikigo cy'igihugu gishinzwe kwakira imisoro RRA cyashyize hanze urutonde rw'abacuruzi n'ibigo by'ubucuruzi bikomeje kutubahiriza inshingano zabo mu gutanga umusoro.
Ikigo cy'igihugu gishinzwe gukusanya no kwakira imisoro Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugabo Yafashwe azira kwinjiza amasashe atemewe mu gihugu
Mu mwaka wa 2008 Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo kurwanya ibikoresho bikozwe muri pulasitiki mu rwego rwo kurengera ibidukikije, birimo amasashe kuko byagaragaye ko agira ingaruka mbi ku bidukikije.
Iyo amasashe ageze mu butaka!-->!-->!-->…
Karongi: Abanyarwanda bakubiswe n’umushinwa abazirikiye ku giti bahawe ubutabera yakatiwe…
Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahanishije Umushinwa Shujun Sun igihano cy’igifungo cy’imyaka 20 nyuma yo kumuhamya icyaha cy’iyicarubozo yakoreye abakozi be abashinja kumwiba amabuye y’agaciro.
Umwanzuro w’urukiko wasomwe kuri uyu wa!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatangiye gusimbuza abapolisi barwo bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
Itsinda ry’abapolisi 80 ryahagurutse ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Kigali , aho aba bapolisi bagiye gusimbura bagenzi babo bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu gihugu cya Sudani y’Epfo, mu Ntara ya Upper Nile, mu gace ka!-->!-->!-->…
umugororwa wakatiwe burundu yategetswe kumara iminsi 15 iwe atera akabariro kugeza umugore we asamye
Urukiko rwategetse umugororwa wakatiwe igifungo cya burundu gutaha iwe akamara iminsi 15 atera akabariro kugeza umugore we asamye.
Mu gihugu cy'Ubuhinde haravugwa inkuru y'urukiko rwo mu gace kitwa Rajasthan rwaraye rutegetse kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya MUTUYIMANA wifuza guhindura amazina
Uwitwa MUTUYIMANA Xxx mwene REKAYABO na NTAHEZA utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, mu Murenge wa Ruhango ho mu Kagali ka Gihira mu Mudugudu wa Rukoko yanditse asaba uburenganzira bwo gihindura amazina yari sanzwe akoresha!-->…
Nyaruguru: Umugabo yafatanwe magendu amabaro 19 y’imyenda ya caguwa
Polisi ikorera mu karere ka Nyaruguru ifatanije n’izindi nzego z’umutekano ndetse n’abaturage kuri uyu wa gatatu tariki ya 13 Mata, yafashe umugabo witwa Sindayigaya Patrice afite magendu y’amabaro 7 y’imyenda izwi nka caguwa ,!-->!-->!-->…
Rusizi: Umugabo ukurikiranweho gushuka umuntu akamwambura amafaranga yatawe muri yombi
Polisi ikorera mu karere ka Rusizi kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Mata, yafashe umugabo witwa Havugimana Narcisse ukurikiranweho gushuka Nyiransabimana Domitille akamwaka amafaranga 100.000 Frw, amubwira ko azamufunguriza umugabokuko!-->!-->!-->…
Uganda: Inzovu yishe umushakashatsi w’umunya-Colombia muri pariki y’igihugu
Umushakashatsi w’umunya-Colombia yapfuye nyuma yo gukandagirwa n’inzovu muri pariki y’igihugu ya Kibale muri Uganda.
Ikigo cya Uganda gishinzwe kwita ku nyamaswa zo mu gasozi cyatangaje ko Ramirez Amaya Sebastian, ukorera kaminuza!-->!-->!-->!-->!-->…
Ritsiro: Batatu bafashwe bacukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranije n’amategeko
Polisi ikorera mu Karere ka Rutsiro, ku cyumweru tariki ya 10 Mata yafatanye abagabo batatu ibiro 38 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Gasegereti bacukuye mu buryo butemewe mu kirombe cya kompanyi yitwa Better Generation!-->!-->!-->…