Browsing Category
Izindi nkuru
Akarere ka Rutsiro kashyize umucyo ku mukozi gaherutse kwirukana mu kazi
Mu minsi ishize mu itangazamakuru mu Karere ka Rutsiro mu ntara y’Iburengerazuba, havuzwe inkuru y’abakozi birukanwe burundu n’abahagaritswe mu kazi by’igihe gito kubera amakosa bagaragaweho.
Mu birukanywe burundu mu kazi harimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Igikorwa cyo gukusanya inkari z’abagore batwite gikomeje gutera urujijo mu baturage
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi bakomeje kugira impungenge ku gikorwa kiri gukorwa n'Akarere kigamije gukusanya inkari z'abagore batwite.
Abaturage bo mu Karere ka Kamonyi mu majyepfo y'u Rwanda baratangaza ko bakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukobwa wa Perezida wa Zimbabwe ari gufatira amashusho ya filime mu Rwanda
Tariro Wash, umukobwa wa Perezida wa Zimbabwe Emmerson Dambudzo Mnangagwa ari mu Rwanda aho ari gufatira amashusho ya filime ye nshya ‘Africanda’.
Uyu mukobwa uri kumwe n’ikipe yose imufasha ndetse n’iyo bahisemo mu Rwanda. Amaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Eto’o Fils yagaragaye ku mafoto ari gushotagura imigere umu cameraman muri Qatar
Samuel Eto’o Fils ufite izina rikomeye muri ruhago ku Isi, yafashwe amashusho ari guhohotera uwafataga amashusho, amukubita umugeri arabandagara, none benshi bari kunenga uyu mugabo usanzwe ari na Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira!-->!-->!-->…
Urukiko rwanzuye ko Prince Kid ari umwere, amajwi y’ubushinjacyaha ateshwa agaciro.
Nyuma y'igihe kitari gito ari mu gihome kubera ibyaha byo gushaka gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, Urukiko rwa Nyarugenge rumaze kwanzura Ko Prince Kid ari umwere kandi ko agomba guhita arekurwa.
Kuri uyu wa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuholande bwafatiriye Indege ya Tanzaniya nyuma y’aho Leta yanze kwishyura Miliyoni 165$…
Leta y’u Buholandi yafatiriye imwe mu ndege z’ikigo cya Tanzania gikora ingendo zo mu kirere, Air Tanzania kubera ideni iki gihugu kibereyemo Ikigo cyo muri Suède cyayitsinze mu rubanza.
Amakuru dukesha The Citizen avuga ko iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
TWITTER ISHOBORA KUBA ITAGITEKANYE NKA MBERE
UWAHOZE ASHINZWE IBIJYANYE N'UMUTEKANO W'ABAKORESHA URUBUGA RWA TWITTER MBERE Y'UKO YIRUKANWA NA ELON MUSK, YAHISHUYE KO ITAGITEKANYE NKA MBERE.
Yoel Roth wahoze ashinzwe umutekano w'abakoresha urubuga rwa Twitter akaza kwirukanwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwategetse ko Muhizi wabeshye Perezida afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Muhizi Anatole ukurikiranyweho icyaha cyo gutesha agaciro icyemezo cy’inzego z’ubutabera no gukoresha inyandiko mpimbano yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe iperereza rigikomeje.
Muhizi yakatiwe kuri uyu wa Gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
KNC yifatiye mu gahanga Fatakumavuta anamuhindurira izina amwita FATAKUMUVUMO
Bwana KNC uyobora ikipe ya Gasogi Utd arasanga Bwana Fatakumavuta adakwiye kongera kwiyita iryo zina ko ahubwo agomba kwitwa FATAKUMUVUMO nyuma y'aho uwo mugabo avugiye nabi ikipe KNC ayobora.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya KAKUZE wifuza guhindura amazina yari asanzwe akoresha.
Uwitwa KAKUZE Devotha mwene Gakuba Issacar na Uzakiruru Zipora, utuye mu mudugudu wa Kaboneye, akagali ka Rurara, umurenge wa Mushonyi, akarere ka Rutsiro ho mu Ntara y'Uburengerazuba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina!-->…
Abapolisi bagiye muri UNMISS bibukijwe ko bahagarariye u Rwanda.
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yahaye impanuro abapolisi 160 bagize itsinda RWAFPU III-5 ryitegura kujya mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gihugu cya Sudani y’Epfo (UNMISS), abibutsa ko bazaba!-->!-->!-->…
RBA yirukanye umunyamakuru wari uherutse kwaka agacupa minisitiri kuri twitter
Ikigo cy'igihugu cy'itangazamakuru mu Rwanda cyirukanye umunyamakuru w'imikino uherutse kwaka agacupa minisitiri ubwo bahuriraga kuri twitter.
Ikigo cy'igihugu cy'itangazamakuru mu Rwanda cyatangaje ko cyahagaritse umunyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Inzovu yari ikuze kurusha izindi muri Afurika yarapfuye
Inzovu yitwaga Dida yabaga muri Pariki ya Tsavo muri Kenya, bivugwa ko ari yo yari ikuze kurusha izindi zose muri Afurika, yarapfuye ifite imyaka 65 nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’iyo pariki.
Amafoto y’amagufa yayo yabonetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Impinduka zikomeje kuvuza ubuhuha muri Twitter, ubu abakozi bakuriwe ikiruhuko.
Impinduka ziri kuvuza ubuhuha muri Twitter kuva aho Elon Musk aguriye uru rubuga nkoranyambaga. Magingo aya, usibye kugabanya abakozi, n’abagomba gusigara, bakuriweho umunsi w’ikiruhuko wahemberwaga bari bemerewe.
Ubusanzwe Twitter!-->!-->!-->!-->!-->…
Ian Kagame umuhungu wa Kagame ari ku rutonde rw’abagiye guhabwa ipete rya Sous liyetona
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 4 Ugushyingo 2022, mu kigo cya gisirikare cya Gako haraza kubera umuhango wo gutanga amapeti ya suliyetona ku basore n'inkumi bashoje amasomo ya gisirikare
Muri aba bagiye guhabwa ipeti rya suliyetona,!-->!-->!-->!-->!-->…