Itangazo rya Karamira usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina

4,452
Kwibuka30

Uwitwa Karamira Callixte mwene Ntawuruhunga na Mukabahizi utuye mu Ntara y’Iburengerazuba, mu Karere ka Rutsiro, umurenge wa Boneza, Akagali ka Bushaka, ho mu mu mudugudu wa Kabirizi, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo KARAMIRA Callixte, agasimbuzwa NIYONSENGA Callixte akaba ari nayo yandikwa mu gitabo cy’irangamimerere.

Impamvu atanga zishimangira ubusabe bwe, ni uko iryo zina yari asanganywe ari irigenurano.

Kwibuka30

Leave A Reply

Your email address will not be published.