Browsing Category
Politike
Visi perezida wa Argentine yakatiwe gufungwa imyaka itandatu kubera ruswa
Urukiko rwo muri Argentine rwakatiye Visi Perezida Cristina Fernandez de Kirchner gufungwa imyaka itandatu mu rubanza rwa ruswa rwavuzwe cyane muri icyo gihugu.
Cristina w’imyaka 69, yahamwe n’icyaha cy'ubutegetsi!-->!-->!-->!-->!-->…
FDLR yashimiye byimazeyo Perezida Tshisekedi inkunga akomeje kuyitera.
Umutwe w’iterabwoba wa FDLR wongeye gushimangira imikoranire na Leta ya Congo, ushimira Perezida Tshisekedi uburyo akomeje kuwushyigikira, umwizeza gufasha ingabo z’igihugu (FARDC) mu bikorwa byo kwibasira u Rwanda.
Mu itangazo uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
FDU Inkingi yashimiye Tshisekedi ku magambo asharira aheruka kuvuga kuri Kagame
Ishyaka ritavuga rumwe na Leta y’u Rwanda rikorera hanze yarwo ryishimiye imvugo umukuru w’igihugu cya DRC aherutse gukoresha ubwo yashinjaga mugenzi we w’u Rwanda ko ari umunyagitugu, ko ndetse abaturage be bakeneye ubufasha bwa DRC!-->!-->!-->…
‘Ntabwo M23 ari ikibazo cy’u Rwanda ku buryo arirwo rwasabwa kugikemura’ – Biruta…
Nyuma y'aho Leta Zunze ubumwe za Amerika zongeye gutitiriza u Rwanda guhagarika ubufasha ruha umutwe wa M23, Leta y'u Rwanda yatangaje ko ikibazo cya M23 kireba Congo ubwayo, ko ntaho u Rwanda ruhurira nacyo ku buryo rwategekwa!-->!-->!-->…
“Sinigeze nifuza kuba perezida na rimwe, ruriya ni urundi rwego” Kainerugaba Muhoozi
Umuhungu wa perezida wa Uganda General Kainerugaba Muhoozi yasubije abantu benshi bakunze kwibaza ko ashaka kuzaba perezida wa Uganda.
Bagendeye ku byo uyu mugabo akunze gutangaza abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, bemeza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Abaganga bapfukamye basaba Museveni kwiyamamariza manda ya karindwi
Itsinda ry’abaganga muri Uganda ryatunguye benshi muri weekend ubwo bapfukamaga imbere ya Perezida Yoweri Museveni bamusaba kuziyamamariza manda ya karindwi.
Museveni w’imyaka 78 ari ku butegetsi kuva mu 1986. Amatora rusange!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakomiseri Banze Kwemeza Ibyavuye Mu Matora Muri Kenya Birukanywe
Perezida wa Kenya William Ruto yahagaritse ku mirimo abakomiseri bane b’amatora bitandukanyije n’intsinzi ye mw’itora ryo mu kwezi kwa 8, ashyiraho itsinda ryo gukora iperereza ryo kureba niba bakurwaho.
Perezidansi ni yo yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Guverinoma yagize icyo ivuga nyuma y’ijambo rya perezida Kagame
Nyuma y'aho perezida wa repubulika Paul Kagame avuze amagambo akomeye ku kibazo cy'u Rwanda na DR Congo, none umuvugizi wungirije wa Leta ya Congo yavuze ko Perezida Kagame ahinduka mu mvugo.
Ku munsi w'ejo perezida Paul Kagame ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abibwira ko turi insina ngufi baribeshya cyane- Perezida Kagame
“Insina ngufi ni yo icibwaho amakoma” ni imwe mu nsigamigani z’Ikinyarwanda ifite igisobanuro cyimbitse cy’biboneka mu buzima bwa buri munsi, aho usanga akenshi abantu bagaragara nk’abanyantege nke muri sosiyete ari bo bagerekwaho!-->!-->!-->…
Perezida Ndayishimiye arashinjwa kubogamira kuri M23 nyuma y’inama aherutse kugira…
Nyuma y'ijambo perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi aherutse kuvugira muri Kenya asaba ko abakongomani bagomba gushaka uburyo bumvikana ubwabo mu gukemura ikibazo bafitanye nk'abanyagihugu, bamwe mu banyapolitiki baramushinja!-->!-->!-->…
Dr Sabin wayoboraga ibitaro bya CHUB yongeye kugirirwa icyizere agirwa minisitiri w’ubuzima
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa mbere tariki ya 28 Ugushyingo 2022, yagize Dr Nsanzimana Sabin, Minisitiri w’Ubuzima asimbuye Dr Ngamije Daniel.
Ku ugoroba wo kuri uyu wa mberetaliki ya 28 Ugushyingo 2022!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwa EALA rwatesheje agaciro ubujurire bw’Uburundi bwasabaga ko Umunyarwanda Martin…
Urukiko rw'umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba rwatesheje agaciro ubujurire bwa guverinoma y'u Burundi yaregeye itorwa ry'umunyarwanda Martin Ngoga ku mwanya w'umuyobozi w'inteko ishinga amategeko y'uyu muryango(EALA).
Mu kwezi kwa!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Miliyoni zirenga 600$ nizo zizakoreshwa mu gutegura amatora ya perezida
Akanama k'amatora ka Repubulika ya Demokarasi ya Congo katangaje ko amatora ya perezida azaba ku itariki ya 20 y'ukwezi kwa cumi na kabiri mu 2023.
Kuri ubu, umutekano mucye wibasiye uburasirazuba bw'iki gihugu, ukaba uterwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Sao Tome: Igisirikare cyaburijemo igeragezwa ryo guhirika ubutegetsi, bane babigwamo
Igisirikare cya Sao Tome cyashoboye kuburizamo ihirikwa ry’ubutegetsi ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, aho cyatangaje ko abantu bane bapfuye nyuma y’imirwano yabereye ku cyicaro cy’ingabo z’igihugu.
Minisitiri w’Intebe, Patrice!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutwe wa M23 wanenze bikomeye imyanzuro yafatiwe i Luanda
Umutwe wa M23 uravuga ko wanenze bikomeye umwanzuro wafashwe n'abakuru b'ibihugu ba EAC ubasaba kuva mu birindiro byawo ugasubira mu mashyamba.
Umutwe wa M23 wanenze bimwe mu byemezo byafatiwe mu nama yahuje abakuru b’ibihugu bya!-->!-->!-->!-->!-->…