Browsing Category
Politike
Bamwe mu bakongomani basabye perezida wabo kutitabira inama y’i Nairobi kuko ashobora…
Abanyekongo batari bake bavuga ko bakemanga ukuntu abayobozi bose bo muri EAC bakomeje kuruca bakarumira banga gushyigikira ibirego barega u Rwanda ko rufasha umutwe wa M23.
Bakomeza bavuga ko kugeza ubu batiyumvisha ukuntu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen Mugabo yategetse ko abatutsi b’i Masisi bakusanyirizwa mu mashuri na za Kiliziya utahabonetse…
Gen de Bde Hassan Mugabo wa FARDC ukuriye ingabo muri Teritwari ya Masisi, yategetese ko Abaturage bo mu bwoko bw’abatutsi bakusanyirizwa mu bigo by’amashuri,amavuriro na Kiliziya utabikoze afatwe nk’umurwanyi wa M23 ashakishwe!-->!-->!-->…
Leta ya Congo yahakanye amakuru yavugaga ko hari indege y’abafaransa yaje gufasha M23
Umuvugizi wa leta ya DR Congo yatangaje ko indege ya gisirikare y’Ubufaransa yaguye i Kisangani kuwa gatanu ushize yahaguye iri mu kibazo kandi yasatswe n’inzego zibishinzwe.
Mu kiganiro yahaye abanyamakuru cyaciye kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kagame na Tshisekedi barongera guhurira i Louanda muri Angola kuri uyu wa kane
Perezida w’u Rwanda n’uwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa kane tariki ya 24 Ugushyingo 2022, barahurira i Luanda muri Angola, mu biganiro bigamije guhosha umwuka mubi uri hagati y’ibihugu byombi.
Ikinyamakuru The!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ibibazo bya Congo n’u Rwanda si ibya vuba, n’uwajya kubikemura byamusaba…
Mu kiganiro yagiranye n’ibinyamakuru Perezida wa AU yatangaje ko ibi bazo by’u Rwanda na DRC Atari ibya nonaha ahubwo ari ibya kera no kubikemura bisaba kwitonda.
Ibi Moussa Faki Mahamat yabitangaje ubwo yavuganaga na Radiyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Félix Tshisekedi ntiyemerewe kujya muri Kenya kuganira na M23.”
Umubare munini w’ibinyamakuru byasohotse kuri uyu wa Mbere i Kinshasa byibanze ku mahari avugwa ku cyiciro cya gatatu cy’ibiganiro bya Nairobi.
Congo Nouveau ni kimwe muri byo cyanditse umutwe w’inkuru ugira uti: “Félix Tshisekedi!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nanjye ubwanjye sinakwemeza ko u Rwanda rufasha M23” Perezida Evariste Ndayishimiye
Perezida Ndayishimiye Evariste w'u Burundi yavuze ko nk'akarere k'ibihugu bya EAC ndetse nawe ubwe kugeza ubu ibihamya bigaragaza ko u Rwanda rufasha umutwe wa M23 bidahari.
Perezida Evariste Ndayishimye uyobora igihugu cy'Uburundi!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Umugore wa perezida Ndayishimiye aravugwamo kwivanga mu kazi k’igihugu ndetse…
Umugore wa perezida w'igihugu cy'Uburundi madame Angeline Ndayishimiye arashinjwa na bamwe mu bakozi bakora muri perezidansi y'Uburundi kubabangamira akabaha amategeko rimwe na rimwe atajyanye n'inshingano zabo, batabikora akabatera!-->!-->!-->…
Depute Celestin yahakanye amakuru yavugaga ko yeguye kubera ubusinzi n’urukundo rukabije…
Bwana Habiyaremye wari intumwa ya rubanda ku itike y'ishyaka riri ku butegetsi nawe yanditse ibaruwa yo kwegura ku mwanya yari arimo, ariko yahakanye amakuru yavugaga ko yegujwe kubera ubusinzi n'urukundo rukabije afitiye inzoga.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Louise Mushikiwabo yongeye gutorerwa kuyobora umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa
Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo yongeye gutorerwa kuyobora umuryango w'ibihugu bikoresha ururimi rw'Igifaransa.
Abakuru b'ibihugu na za guverinoma b'ibihugu bikoresha ururimi rw'igifaransa bateraniye mu nama ya 18 mu gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Mushikiwabo ni we Mukandida Rukumbi Ku Buyobozi Bwa Francophonie
Inama ya 18 y'abakuru b'ibihugu bihuriye kuri rurimi rw'Igifaransa, Francophonie, izateranira muri Tuniziya mu mpera z'iki cyumweru. Izibanda ku bibazo by'ubukungu.
Inama izabera ku cyirwa cya Tuniziya cyitwa Djerba, mu nyanja ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Intumwa ya Congo yikuye mu ifoto y’Abayobozi bafunguye inama ya Francophonie
Ministeri ishinzwe itumanaho muri Congo Kinshasa yavuze ko Minisitiri w’Intebe w’icyo gihugu yikuye mu ifoto y’Abayobozi bafunguye inama y’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa (IOF), ku bwo “kwigaragambya”.
Ubutumwa bwa Minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Pelosi yeguye ku mwanya we mu nteko yari amazeho hafi imyaka 20
Nancy Pelosi wayoboye abademokrate mu nteko ishingamategeko ya Amerika hafi imyaka 20 yatangaje ko agiye kuva kuri uwo mwanya.
Pelosi w’imyaka 82 niwe mudemokrate ukomeye kurusha abandi mu mutwe w’abadepite akaba kandi umugore wa!-->!-->!-->!-->!-->…
FDLR yashyizeho undi muvugizi mu bya Gisirikare nyuma yuko Cure Ngoma agoswe na M23
Umutwe wa FDLR washyizeho umuvugizi mushya w’Igisirikare ugiye kungiriza, Cure Ngoma wari usanzwe avugira uyu mutwe mu birebana na rwa Politiki.
Uyu ni Majoro Rugaravu La fontaine . Majoro Rugaravu ni ofisiye ubarizwa mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Trump yeruye avuga ko agifite inyota yo kongera kuyobora USA mu mwaka wa 2024
Bwana Donald Trump wahoze ayobora Leta Zunze ubumwe za Amerika yeruye avuga ko aziyamamariza kongera kuyobora icyo gihugu cy'igihangange ku isi kandi ko afite icyizere cyo gutsimbura Joe Biden kuri uwo mwanya kuko asanga Biden!-->!-->!-->…