Browsing Category
Politike
“Ntidushishikajwe no gufata uduce, Intego ni ukurokora ubuzima bw’abantu” umutwe…
Umutwe w'inyeshyamba wa M23 uvuga ko udashyize imbere ibyo gufata uduce ahubwo ugamije kurokora abantu, nyuma yuko ku cyumweru wigaruriye agace ka Rubaya ko muri teritwari ya Masisi muri Kivu ya Ruguru.
Agace ka Rubaya, gakize ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yibukije abayobozi guhora bashyira imbere inyungu z’abo bayobora
Perezida Paul Kagame aributsa abayobozi mu nzego zose guhora bashyira imbere inyungu z'abo bayobora, kurusha izabo bwite.
Umukuru w'igihugu yabigarutseho ubwo yakiraga indahiro z'abayobozi bakuru muri polisi y'igihugu.
Abagejeje!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibidasanzwe ku rugendo rw’ubwihanduzacumu Perezida Joe Biden yakoreye muri Ukraine
Muburyo budasanzwe ndetse bamwe bafashe nk'ubwihanduzacumu, Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yakoze uruzinduko rudasanzwe mu gihugu cya Ukraine.
Rwari uruzinduko rw'ubwihanduzacumu rujya gusa nkaho nta rundi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yahakanye raporo ya Amnesty iyishinja ubwicanyi mu duce yafashe
Umutwe wa M23 urwanya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wamaganye raporo y’Umuryango Amnesty International iyishinja kwica abasivile no gufata abagore ku ngufu.
Mu mpera z’iki cyumweru nibwo Amnesty International!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntitwigeze turasa ku basirikare b’u Rwanda, twarashe ku mabandi” FARDC
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo witwa Ngwabidje Kasi, yasohoye itangazo rivuguruza ibyatangajwe n’igisirikare cy’u Rwanda, ko kuri uyu wa Gatatu abasirikare ba Congo barashe ku barinze umupaka bo mu Rwanda.
Nyuma y'aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine igiye guhugura abadiplomate b’ibihugu bya Africa
Ukraine yatangije amahugurwa y’abadiplomate bo mu bihugu bya Africa, nk’umuhate wo gukomeza umubano wayo n’uyu mugabane, nk’uko bivugwa na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wayo Dmytro Kuleba.
Ku rubuga rwayo, tariki 14 Gashyantare!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage banze kwibaruza mu bazitabira Amatora basaba Leta kubanza kwirukana M23
Mu gihe haburaga umunsi umwe gusa ngo hakorwe ibarura ry'abaturage bazitabira amatora muri DRC, bamwe mu baturage banze kwitabira icyo gikorwa basaba Leta yabo kubanza kwirukana no gushashya umutwe wa M23.
Umunsi umwe gusa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa FDLR yagaragaye ayoboye urugamba FARDC yarwanye na M23
Nyuma y’agahenge k’igihe gito, imirwano yongeye kubura hagati ya FARDC ifatanyije na FDLR, bagabye igitero gikomeye ku birindiro bya M23 biri ahitwa Kingi ni mu birometero 3 ujya mu mujyi wa Sake.
Rwandatribune dukesha iyi nkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abasirikare 7 ba Leta bashinjwa ubugwari ku rugabba bakatiwe urwo gupfa
Abasirikare barindwi b’ingabo za DR Congo bakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwateraniye muri centre ya Sake kuwa gatandatu rubahamije ibyaha birimo ‘ubugwari’ no ‘guca igikuba muri rubanda’.
Urwo rukiko rwa gisirikare rwa Goma!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba ofisiye batanu bari mu ngabo za FARDC bahisemo gusanga M23
Kuri uyu wa gatatu ubuyobozi bwa M23 bwagaragaje abasirikare batanu bari ku rwego rwa Ofisiye bahisemo gutandukana n'ingabo za Leta bahitama gusanga umutwe wa M23.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 8 Gashyantare 2023,!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame arashinja Perezida Tshisekedi kutubahiriza ibyo yumvikanye n’abandi
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abadipolomate bakorera mu Rwanda ko Abanyarwanda batazemera na rimwe ko amateka ya jenoside yisubiramo mu gihugu cyabo bityo ahamagarira amahanga kwirinda amwe mu makosa atuma ikibazo cyo mu!-->!-->!-->…
M23 irashinja Leta ya Congo kubangamira amahoro n’umutekano
Mu gihe kuri uyu wa kabiri imirwano hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba za M23 yongeye kubura mu duce twa Masisi, n’imyigaragambyo mu mujyi wa Goma igakomeza, izi nyeshyamba zirashinja leta gukomeza guteza impagarara aho gushaka!-->!-->!-->…
U Rwanda na M23 bongeye gushyirwa mu majwi muri raporo ya Human Right Watch (HRW)
Umuryango Human Right watch urashinja umutwe wa M23 ubwicanyi bw'abasivili no gushyira abana mu gisirikare ndetse no kuba uwi mutwe uterwa ingabo mu bitugu n'igisirikare cy'u Rwanda.
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Human!-->!-->!-->!-->!-->…
Goma: Abaturage bariye karungu basaba ingabo za EAC kujya mu mitsi na M23 bitaba ibyo bagataha
Mu murwa Mukuru w’Intara ya Kivu ya Ruguru mu Burasirazuba bwa Congo hazindukiye imyigaragambyo isaba ingabo za EARFC kujya ku mirongo y’urugamba n’inyeshyamba za M23 cyangwa bakava ku butaka bwa RD Congo.
Amashyirahamwe agize!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Hashyizweho ribuza abakobwa n’abagore kurenza saa moya z’ijoro bari mu muhanda
Umubyobozi bw Komini ya Bweru muri imwe mu ntara z'igihugu cy'Uburundi bwashyizeho itegeko ribuza abagore kurenza saa moya z'ijoro bakiri mu muhanda.
Umuyobozi wa Komini ya Bweru, mu Ntara ya Ruyigi mu gihugu cy'u Burundi Madame!-->!-->!-->!-->!-->…