Browsing Category
Politike
Perezida Yoweri Kaguta Museveni yatorewe kuyobora Uganda ubwa 6,manda azarangiza ayoboye imyaka 40
Komisiyo ishinzwe gutegura amatora muri Uganda yemeje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yatsinze amatora yo ku wa 14 z’uku kwa mbere 2021, ku majwi 58.64 %..
komisiyo itangaza ko :
Perezida Museveni yagize amajwi 5.851.037, angana!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarusiya bashobora gukura ingabo zabo zari zarajyanywe mu butumwa bw’amahoro muri RCA.
Leta y'Uburusiya yamenyesheje umuryango w’abibumbye ko yaba igiye gukuramo ingabo, intwaro na kajugujugu zabwo zari zoherejwe muri Republika ya SantrAfrica.
Mu itangazo rwatangajwe n’ingabo z’uburusiya ryatangajwe nyuma y’ibitero!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Boby Wine akomeje kugabanya ikinyuranyo cy’amajwi hagati ye na Museveni.
Nubwo Museveni akomeje kuza imbere mu majwi, ariko Bana Boby Wine akomeje kugabanya ikinyuranyo cyabatandukanyaga, kuri ubu amaze kugira amajwi asaga 35% yose.
Nyuma y'aho komisiyo ishinzwe amatora mu gihugu cya Uganda itangarije!-->!-->!-->!-->!-->…
Mumatora habayemo impinduka Gutanga kandidatire hakoreshejwe impapuro ntibyemewe mu matora ya 2021…
Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC) itangaza ko mu matora y’inzego z’ibanze azaba muri uyu mwaka, kandidatire zanditse ku mpapuro zitemewe ahubwo zitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga hirindwa ikwirakwizwa rya Covid-19.
Ibyo birareba!-->!-->!-->…
USA: Abademokarate barashaka kweguza Donald Trump byihuse mbere y’uko atanga ubuyobozi.
Nancy Pelosi, umukuru w'umutwe w'abadepite mu nteko ishingamategeko ya Amerika akomeje gushyira igitutu kuri visi perezida Mike Pence ngo yeguze Donald Trump kubera uruhare rwe mu myigaragambyo yabaye ku nteko ishingamategeko.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Central Afrique : Komisiyo y’amatora yatangaje ko Faustin Archange Touadera ariwe watsinze…
Komisiyo y’amatora muri Centrafrique yatangaje ko Faustin Archange Touadera ariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yaherukaga kuba agize amajwi y’agateganyo 53.92%.
Tariki ya 27 Ukuboza 2020,nibwo Abanya Centrafrique babyukiye!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Hari itsinda ry’Abadepite biteguye kutazemeza intsinzi ya Biden witegura kurahira
Itsinda ry’abasenateri ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bavuga ko batazemeza intsinzi ya Joe Biden keretse hashinzwe ikipe izakora amaperereza ku bujura buvugwa mu matora aheruka.
Aba basenateri 11 bayobowe na Ted Cruz, basaba ko iki!-->!-->!-->…
Uganda: Bobi Wine arasubira kwiya mamaza nyu y’urupfu rw’uwamurindaga.
Robert Kyagulanyi azwi kw'izina rya Bobi Wine uhatanira intebe y'umukuru w'igihugu muri Uganda avuga ko uyu munsi asubira mu kwiyamamaza yari yahagaritse mu gihe cy'iminsi itatu inyuma y'aho uwamurindaga apfuye agonzwe, abanyamakuru!-->…
Centrafique: Ubwoba ni bwinshi nubwo bari gutora umukuru w’igihugu n’Abadepite…
Amatora muri Centrafqiue yatangiye, nyuma yo kwiyamamaza kw’abakandida kwabayemo ubushyamirane hagati y’ingabo za leta n’imitwe y’inyeshyamba
Ejo ku wa gatandatu, urukiko rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga rwanze ubusabe bw’abatavuga!-->!-->!-->…
NEC yasubitse igikorwa cyo kwakira kandidatire z’abahatanira umwanya wo kuyobora Uturere.
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yasubitse igikorwa cyo kwakira kandidatire z’abifuza kujya mu Nama Njyanama z’Uturere ari nabo batorwamo abayobozi batwo cyari giteganyijwe guhera ku wa 28 Ukuboza 2020 cyim urirwa mu ntangiriro!-->!-->!-->…
USA:Trump mbere yuko ava muri White house yatanze imbabazi kuri bamwe bari bafunze
Perezida wa Amerika Donald Trump yababariye uwahoze ashinzwe ibikorwa bye byo kwiyamamaza Paul Manafort, uwari umujyanama we Roger Stone ndetse na bamwana we (se w'umugabo w'umukobwa we).
Manafort yafunzwe mu 2018 nyuma y'iperereza!-->!-->!-->…
Uganda: Lt Gen Proscovia Nalweyiso Umujyanama wa Museveni ngo arifuza kurasa Bobi Wine.
Umujyanama mukuru mu bya gisirikare wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen Proscovia Nalweyiso yagiriye inama umukandida Perezida w’ishyaka NUP, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine gushyira ubusore hasi kugira ngo yirinde!-->!-->!-->…
Kera kabaye Sudan yakuwe ku rutonde rw’ibihugu bishyigikira iterabwoba
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakuye igihugu cya Sudani ku rutonde rw'ibihugu bishigikiye iterabwoba nyuma y'imisi Sudan itegereje iki cyemezo.
Mu kwezi kwa cumi, prezida wa Amerika Donald Trump yari yavuze ko Sudani izava kuri urwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Icyoba cy’ubwandu bushya bwa Covid-19 gitumye Leta isubika inama y’umushyikirano.
Icyoba kinshi cy'ubwiyongere bw'imibare y'abandura covid-19 gitumye leta y'u Rwanda ifata icyemezo cyo gusubika inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari iteganyijwe kuri uyu wa gatatu wa 16 Ukuboza 2020 yasubitswe nyuma y’uko mu gihugu!-->!-->!-->…
RDC: Intumwa idasanzwe ya LONI yasabye impande zombi zishyamiranye ko zakumvikana
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 09 Ukuboza, Leila Zerrougui, uhagarariye umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Félix Tshisekedi.
Imvano y’ibiganiro!-->!-->!-->!-->!-->…