Browsing Category
Politike
Burundi: Kiliziya Gaturika ifite impungenge kubera ibikorwa by’urugomo biri kubanziriza…
Kiliziya Gaturika mu Burundi itewe impungenge n'ibikorwa by'urugomo biri gukorwa mu Burundi mbere y'amatora.
Mu gihe hasigaye iminsi umunani gusa ngo amatora y'uzasimbura Prezida NKURUNZIZA Pierre umaze imyaka 15 ayobora icyo gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yu ko hasohostse amakuru avuga ko Perezida Kim Jong Un yapfuye yagaragaye mu ruhame.
Kim Jong-un, Perezida wa Koreya ya ruguru, yagaragaye mu ruhame bwa mbere nyuma y’iminsi 20 yari ishize, nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru bya leta y’icyo gihugu.
Ibiro ntaramakuru KCNA bitangaza ko uwo mutegetsi mukuru wa Koreya ya!-->!-->!-->…
Ni muntu ki mushiki wa Perezida Kim Jong Un ushobora kuba yamusimbura ?
Ibitangaza makuru binyuranye ku isi biravuga ko ubuzima bwa Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong-un, bushobora kuba budahagaze neza hari n’ibyamubitse. Abasesenguzi bavuga ko ntakabuza azasimburwa na Kim Yo-jong mushikiwe akaba na bucura!-->…
Arazira iki Guillaume Soro washakaga kwiyamamariza kuyobora Côte d’Ivoire ?
Guillaume Soro washakaga kwiyamamariza kuba perezida yakatiwe gufungwa imyaka 20
Urukiko rwo muri Côte d’Ivoire rwakatiye Guillaume Soro wifuzaga kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu, igifungo cy’imyaka 20 nyuma yo guhamwa!-->!-->!-->…
Burundi: Ibyaranze umunsi wa mbere wo kwiyamamaza.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Mata 2020, abakandida 6 muri 7 bazahatana mu matora ya perezida w’u Burundi ateganyijwe kuwa 20 Gicurasi uyu mwaka batangiye kwiyamamariza mu bice bitandukanye by’igihugu cy’u Burundi.
Abarwanashyaka!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho inama ya COMMONWEALTH yagombaga kubera i Kigali yabitswe kubera Covid-19
Inama ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinonma bigize Umuryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza izwi nka ‘CHOGM’ (Commonwealth Heads of Government Meeting) yagombaga kubera i Kigali kuva ku itariki ya 22 Kamena kugeza ku itariki ya 27!-->!-->!-->…
Burundi: CNDD FDD yigaruriye abayoboke 4260 bo mu yandi mashyaka mu ntara ya Ngozi
Kuri uyu wa 18 Mata 2020,Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi,CNDD FDD ryerekanye ingufu zidasanzwe mu ntara ya Ngozi aho ryarahije abarwanashyaka bashya 4260 biyomoye ku mashyaka bari basanzwemo.
Ubwinshi bw’abarwanashyaka bashya ba!-->!-->!-->…
Guverinoma imaze kwemeza ko gahunda ya #Gumamurugo# igomba gukomeza kugeza kuri 30 z’uku…
Mu gihe abanyarwanda bari bategeranije amatsiko icyo Leta iri butangaze kuri gahunda ya #gumamurugo#, guverinoma imaze gutangaza ko iyo gahunda yongewe kugeza mu mpera z'uku kwezi.
Inama idasanzwe y'aba minisitri imaze guterana mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Abarundi batuye mu mahanga ntibemerewe gutora
Ministeri y'ububanyi n'amahanga mu gihugu cy'U Burundi yatangaje ko kubera ikibazo cya coronavirus, Abarundi batuye mu mahanga ntibazatora prezida
Komisiyo y'igihugu ishinzwe gutegura amatora mu gihugu cy'Uburundi CENI, yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho Amerika yamaze guhagarika inkunga yahaga OMS/WHO
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimaze kwemeza ko zahagaritse inkunga zageneraga ishami ry'umuryango w'abibumbye wita ku buzima OMS/WHO mu gihe kiri hagati y'iminsi 60 n'iminsi 90
Nyuma yo guterana amagambo hagati ya prezida wa Leta!-->!-->!-->!-->!-->…
BURUNDI: Umutwe w’Imbonerakure wagabye igitero ku baturage bo mu kayanza zikomeretsa benshi…
Abaturage bo muri komine Butaganzwa mu ntara ya Kayanza ku mutumba wa Mufumya bavuga ko batewe n’igitero kinini cy’Imbonerakure zigakubita abantu benshi zikanabomora ibiro by’ishyaka CNL kuri uwo mutumba.
inyubako yishyaka yasenywe!-->!-->!-->…
Ambasaderi Nduhungirehe Olivier yavanywe ku mirimo yarashinzwe.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavanye ku mirimo Ambasaderi Olivier Nduhungirehe wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane ushinzwe Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba, kubera imikorere!-->…
Umuryango w’Ubumwe bwa Africa wavuze aho uhagaze ku magambo TRUMP yavuze kuri OMS/WHO
Prezida wa komisiyo y'Ubumwe bwa Afrika yavuze ko ashyigikiye ibiri gukorwa n'ishami ry'Umuryango w'Abibumbye wita ku buzima wari wanenzwe na Prezida wa Amerika Donald Trump
Nyuma y'aho ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, Prezida!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida IDRIS DEBY wa Tchad yayoboye Igitero cya gisirikare cyahitanye Abasirikare ba Boko Haram 72
Prezida w'igihugu cya Tchad yatangariwe cyane n'abantu nyuma yo kuyobora igitero cya gisirikare cyahitanye abarwanyi b'umutwe wa Boko haram bagera kuri 72
Prezida wa Tchad IDRIS DEBY ITNO kuri uyu wa 2 z'uku kwezi mu ibanga rikomeye!-->!-->!-->!-->!-->…
GASABO: Abaturage barashinja bamwe mu basirikare kubahohotera no gufata abagore ku ngufu.
Abaturage bo mu gace ka Bannyahe baravuga ko hari bamwe mu basirikare babahohotera ndetse bagafata abagore ku ngufu
Abaturage batuye mu gace kanzwi nka Bannyahe gaherereye mu Karere ka Gasabo babwiye umunyamakuru w'ijwi rya Amerika!-->!-->!-->!-->!-->…