Browsing Category
Ubuzima
Ambasade ya Uganda i New York yatewe n’abagizi ba nabi
Ambasade ya Uganda i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika yatewe n’abagizi ba nabi, bamena ikirahuri cy’urugi rw’imbere, bakomeretsa umudipolomate ukomoka muri Sudani y’Epfo.
Ni ibintu bibayeho mu gihe Uganda irakariwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Abazungu bariye karungu bavuga ko Uganda niyiha gutora itegeko ryo kwica abatinganyi izahabwa…
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi na leta zunze ubumwe za Amerika ngo byaba byiteguye guhana byihanukiriye Uganda, ndetse amakompanyi yaho akomeye ashobora kuva ku butaka bw’iki gihugu, nyuma y’uko inteko ishinga amategeko itoye umushinga!-->!-->!-->…
Musanze: Yibye umugenzi bari bicaranye mu modoka arayisimbuka afatwa n’abatutage
Umugenzi yasimbutse mu modoka ariruka, nyuma yo kwiba umugore bari bicaranye amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 189. Abaturage bakibimenya, bamwirutseho agerageje kubarwanya bamurusha imbaraga baramufata.
Uwo mugabo ukekwaho kwiba,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umwaka urihiritse Akarere karamwimye akazi yatsindiye ko kuyobora ishuri
Umwaka wose urarenze ashyizwe ku rutonde rw'abatsindiye umwanya wo kuyobora ikigo cy'ishuri ariko ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwanga kukamuha
Umugabo uvuga ko akora akazi k'uburezi mu Karere ka Nyanza, mu murenge wa Busasasmana!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umugabo yashenye inzu yabagamo, acukuramo imva ashaka kwihamba ari muzima
Umugabo wo muri Kenya witwa Francis Chebuche w’imyaka 22, aravugwaho kuba yarahoraga mu makimbirane n’umugore we, nyuma aza no kumwirukana, ahubwo atangira kwicukurira imva, nyuma ajya no kugura isanduku n’imyenda azambara yihamba ,!-->!-->!-->…
Abanyarwanda barenga 81% ntiboza amenyo uko bikwiye
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko kuba Abanyarwanda benshi badaha agaciro gahagije ubuzima bwo mu kanwa ari ikibazo giteje inkeke ku buzima rusange kuko indwara zitandura (NCDs) zifata mu kanwa zikabangamira ubuzima bwose bw’umuntu.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Umusore witeguraga kujya kwiga muri kaminuza yishwe n’inkuba
Imvura yaguye i Huye ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki 15 Werurwe 2023 yasize mu gahinda gakomeye umubyeyi w’uwitwa Jean de Dieu Habiyaremye, kuko yamukubitiye umuhungu w’imyaka 24 witeguraga kujya kwiga muri kaminuza.
Nk’uko!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umupolisi yarashe mugenzi we arapfa amuziza kumuca inyuma
Umupolisi wo muri repubulia iharanira demokarasi ya Congo yarashe mugenzi aramwica amuziza ko yamenye ko amaze igihe amuca inyuma ku mukobwa bakundana.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki ya 17 Werurwe 2023 umwe mu bapolisi!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’Umutekano mu Bwongereza yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Minisitiri ushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu mu Bwongereza, Suella Braverman uri mu Rwanda, yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, anasobanurirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Bombori bombori mu bakozi b’Akarere, bane mu bakomeye batawe muri yombi
Bamwe mu bakozi b'ibikomerezwa mu Karere ka Nyanza batawe muri yombi barakekwaho uburiganya mu gutanga isoko mu Karere.
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwataye muri yombi abagabo bane bafatwaga nk'ibikomerezwa mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Gakenke: Umwana w’imyaka 4 n’umugabo w’imyaka 51 bakubiswe n’inkuba barapfa
Imvura yari yiganjemo inkuba n'umuyaga mwinshi yaguye kuri uyu wa gatatu yahitanye abantu babiri barimo umwana w'imyaka ine y'amavuko.
Mu Karere ka Gakenke, haravugwa inkuru y'abantu bagera kuri babiri bakubiswe n'inkuba ku mugoroba!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Jessica yasimbutse urupfu nyuma yo kumira impeta yari muri gato yateguriwe n’umukunzi…
Ibyari ibyishimo n’umunezero byari bigiye kurangirira mu marira, ariko Imana ikinga ukuboko, ubwo umukobwa yamiraga impeta yari yahishwe mu byo kurya bye, kugira ngo umusore bakundana aze kuyimutunguza, amasuba kuzamubera umugore. Ibyo!-->!-->!-->…
Rutsiro: Umusore w’imyaka 18 akurikiranyweho gusambanya ufite uburwayi bwo mu mutwe
Umusore w’imyaka 18 wo mu karere ka Rutsiro yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana ufite uburwayi bwo mu mutwe w’imyaka 13.
Iki cyaha akurikiranyweho cyakozwe kuwa 25 Gicurasi 2022 ahita atoroka nyuma y’uko Ubuyobozi bumenye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Abana babiri bari bugamye munsi y’ikiraro batwawe n’umuvu barapfa
Abana babiri bigaga mu mashuri abanza bo mu Karere ka Kayonza, barimo ufite imyaka itandatu n’undi ufite imyaka umunani, baraye bishwe n’umuvu w’amazi yaturutse ku mvura nyinshi yaraye ihaguye ikabasanga bugamye munsi y’ikiraro gicamo!-->!-->!-->…
U Budage: Abantu 7 baraye barasiwe mu rusengero
Mu gihugu cy'Ubudage, abantu bataramenyekana baraye barashe abantu bagera kuri barindwi barapfa.
Mu mujyi wa Hambourg ho mu gihugu cy'Ubudagi abantu kugeza ubu bataramenyekana barashe abantu bagera kuri 7 bari mu rusengero!-->!-->!-->!-->!-->…