Browsing Category
Ubuzima
Kenya: Polisi irashakisha umutwe w’umunyeshuri wishwe
Polisi yo mu Mujyi wa Nairobi muri Kenya, irashakisha umutwe w’umukobwa wigaga muri Kaminuza ya Jomo Kenyatta, wishwe nyuma yo gutwarwa n’umuntu bivugwa ko bari baramenyaniye kuri Interineti. Umurambo waje kuboneka ariko umutwe wo!-->!-->!-->…
Liberia: Perezida warahiriraga kuyobora igihugu yananiwe kurangiza ijambo rye
Perezida mushya wa Liberia Joseph Boakai yananiwe kurangiza ijambo rye nyuma yo kurahira maze avanwa kuri ‘podium’ mu muhango wo kurahira.
Boakai w’imyaka 79, yari amaze iminota isaga 30 avuga ijambo rye ubwo byabonekaga neza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisante yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa kuri Covid-19
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda yasabye abaturarwanda kudaha agaciro ibihuha bikomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko icyorezo cya Covid-19 cyagarutse, bivuye ku bwiyongere bw’ibicurane bimaze iminsi bigaragara hirya no hino!-->!-->!-->…
Musanze: Polisi yataye muri yombi umugabo ukekwaho kwisenyera inzu
Umugabo w’imyaka 27 y’amavuko yafunzwe nyuma yo gukekwaho gusenya inzu yabanagamo n’umugore we n’abana, agamije guhima uwo bashakanye.
Ni umugabo wo mu Kagari ka Buramira, Umurenge wa Kimonyi Akarere ka Musanze, nyuma yo kugirana!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abaturage baravuga ko banyuzwe n’itegeko rishya risaba ba Meya kujya basura Abaturage
Hari abaturage bo mu Karere ka Nyanza bavuga ko banejejwe n'itegeko rya MINALOC riherutse gusaba ba Meya n'abandi bayobozi kujya basura abaturage bakumva bakanakemura ibibazo bafite.
Nyuma y'aho mu ntangiriro za kino cyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Miliyoni hafi enye nizo zatikiriye mu iturika rya gaz
Mu Murenge wa Gisozi habereye impanuka yatewe na Gaz yangiriyemo ibintu bifite agaciro ka Miliyoni hafi Enye z'amafaranga y'u Rwanda .
Ku wa gatatu tariki ya 17 Mutarama 2024, mu Kagari ka Musezero Umudugudu w’Amajyambere, habaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umwarimu yarumye umugore we igice cy’ugutwi agikuraho
Shema Olivier w’imyaka 34 wigisha ku Rwunge rw’Amashuri rwa Ntura mu Karere ka Rusizi yarumye umugore we ugutwi ubwo bakimbiranaga amushinja kumuca inyuma, igice kimwe cyako agikuraho.
Uwo mugore we yarumye ugutwi ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Yafashe umugore we ari gusambanira n’umukozi mu kiraro cy’inkoko abatwikiramo
Umugabo wo mu gihugu cya Zambia aravugwaho kugerageza kwica umugore we nyuma yo kumufatira mu cyuho asambana n'umukozi wabo.
Umugabo witwa Chimuka wo mu gihugu cya Zambia mu gace ka Mkushi aravugwaho kugerageza kwica atwitse umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Barishimira ko imvugo ishyira umuturage ku isonga ariyo ubuyobozi bushyizemo ingufu.
Abatuye mu Karere ka Bugesera barishimira ko imvugo ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ivuga ko umuturage ari we ugomba kuza ku isonga mu bikorwa byose by'igihugu abayobozi b'Akarere ka Bugesera bayumvise neza kugeza ubwo amanywa!-->!-->!-->…
Umuhanda Huye-Nyamagabe wangiritse, abagenzi babuzwa kuwukoresha
Umuhanda Huye-Nyamagabe ubu nturi nyabagendwa kuko wacikiye hagati y’Agasantere ka Karambi n’ikiraro cya Mwogo.
Umwe mu batuye i Huye ukorera mu Karere ka Nyamagabe wahanyuze uyu muhanda wamaze gucika, mbere gato y’uko Polisi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abimukira 5 bishwe n’ubukonje bwo mu nyanja bataragera iyo bajya
U Bufaransa bwatangaje ko abimukira batanu bageragezaga kwinjira mu Bwongereza mu buryo butemewe, banyuze mu nzira y’amazi yitwa English Channel, bishwe n’ubukonje bwinshi.
Inzego zishinzwe ingendo zo mu mazi mu Bufaransa zatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Muzehe Rugwabiza wari warabuze, yasanzwe mu ishyamba yarapfuye
Umusaza w'imyaka 66 yari yaraburiwe irengero mu minsi ishize, baraye bamusanze mu gashyamba atakirimo umwuka.
Umusaza witwa Rugwabiza wo mu Karere ka Gicumbi, mu Murenge wa Kaniga, akagali ka Nyarwambu, ho mu mudugudu wa Kinogo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abagana centre de Sante ya Nyamata baratabaza Leta na Minisante
Ikigo nderabuzima cya Nyamata giherereye mu Mudugudu wa Nyamata1, Akagari ka Nyamata ville Umurenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera abajya kuhivuriza barasaba inzego bireba zirimo izo hejuru muri Minisiteri y'ubuzima kubafasha ku bona!-->!-->!-->…
Wenceslas Twagirayezu wari waroherejwe na Danemark yagizwe umwere ku byaha bya Genocide
Bwana Twagirayezu wari waroherejwe n'igihugu cya Danemark kubera ibyaha bya Genocide yakekwagaho yagizwe umwere n'inkiko zo mu Rwanda.
None kuwa kane taliki ya 11 Mutarama 2024 i Nyanza mu ntara y'amajyepfo ku rugereko rw'urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Diregiteri w’ikigo akurikiranyweho gusambanya umugabo mugenzi we ku gahato
Diregiteri w'ikigo cy'amashuri yatawe muri yombi kubera gukekwaho gukoresha ku gahato imibonano mpuzabitsina umwe mu barimu be w'umugabo.
Umuyobozi w’Ikigo cy’Amashuri abanza giherereye mu Karere ka Ruhango yatawe muri yombi,!-->!-->!-->!-->!-->…