Browsing Category
Ubuzima
Gicumbi: Umugore arashinjwa kwica umugabo we afatanyije n’abana
Umugore wo mu Karere ka Gicumbi akurikiranyweho kwica umugabo we afatanyije n’abana be maze bakajugunya umurambo mu musarane.
Dosiye iregwamo umugore n’abana be babiri yashyikirijwe Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuzima bushaririye bw’urushako rubi Umunyamakuru Bright Turatsinze yanyuzemo
Umunyamakuru ukunzwe cyane Bright Turatsinze yavuye imuzi ubuzima bwe bushaririye yanyuzemo kubera urushako rubi yagize.
Biratangaje ko wabona umuntu ukurikirana ibiganiro kuri radio y'igihugu atazi izina Bright Turatsinze, uyu ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore yiyahuriye mu nzu y’umukunzi we nyuma y’uko yanze ko biyunga
Umusore w’imyaka 26 y’amavuko yiyahuriye mu nzu y’umukobwa bakundanaga ahitwa Dagoretti Corner i Nairobi.
Ikinyamakuru Umuryango.com dukesha iyi nkuru kivuga ko Uyu musore witwa Christopher Muiruri yasanzwe mu mugozi yiyahuriye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore wo muri Brazil yafatiwe ku ngufu mu busitani bwo kuri Tour Eiffel
Abagore babiri bo muri Brazil bavuze ko bahohotewe bishingiye ku gitsina n’abagizi ba nabi ku munara wa Eiffel mu Bufaransa.
Aba bakobwa bari mu biruhuko aho kuwa Gatandatu basuye akabari kamwe ko kuri uyu munara bahahurira!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Bwana Sindayigaya yakubiswe n’inkuba ubwo barimo kumwogosha
Umugabo witwa Sindayigaya Cyprien yaraye akubiswe n'inkuba arapfa ubwo yari arimo kwiyogoshesha muri salon.
Mu Karere ka Nyanza, umurenge wa Mukingo, mu kagali ka Ngwa, haravugwa inkuru y'umugabo witwa Cyprien Sindayigaya waraye!-->!-->!-->!-->!-->…
Akarere ka Nyanza kaje ku isonga mu turere dufite abana benshi bataye ishuri
Akarere ka Nyanza kayoboye utundi turere mu kugira umubare munini w'abana bataye ishuri.
Isesengura n’Abasenateri ryagaragaje ko uturere tugifite abana benshi batari bajya ku ishuri kugeza ubu, ku isonga hakaza uturere twa Nyanza,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uruhinja rukivuka rwavanywe munsi y’inzu yashenywe n’umutingito
Uruhinja rukivuka rwavanywe munsi y’ibisigazwa by’inzu yashenywe n’umutingito kuwa mbere mu majyaruguru ya Syria.
Nyina yagiye ku bise nyuma gato y’icyo cyago maze arabyara ariko ahita apfa, nk’uko umuvandimwe we abivuga.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwongereza: Abasaga ibihumbi 10 bazindukiye mu myigaragambyo basaba kongezwa umushahara
Abaforomo babarirwa mu bihumbi icumi n’abakora ku mbangukiragutabara mu Bwongereza, kuri uyu wa Mbere biyunze ku baganga mu myigaragambyo, mu gihe ibiganiro na Guverinoma ku kubagenera umushahara ukwiriye bikomeje kugorana.
Ni mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Padiri Phocas uherutse gushinja Kiliziya Uburyarya agiye gusezerana n’uwo yihebeye muri ADEPR
Nyuma yo kwandika urwandiko rwo gusezera ku muhamagaro yari yarasezeranye, padiri Phocas yamaze gushyira hanze impapuro z'ubukwe azakorera mu itorero rya ADEPR.
Mu mpera z'umwaka ushize mu kwezi k'ukuboza 2022 nibwo Indorerwamo.com!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Indege ya MONUSCO yarashweho umwe ahasiga ubuzima, undi arakomereka
Ingabo za Loni zishinzwe kubungabunga amahoro muri DRC zatangaje ko indege yabo yarashweho n'abantu bataramenyekana, umuntu umwe akahasiga ubuzima undi nawe akaba yakomeretse bikabije.
Babinyujije ku rukuta rwabo rwa Twitter,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwari umaze kwica abagera kuri 6 abaciye imitwe yavuze ko ari ibisazi yarozwe
Polisi y'u Rwanda yerekanye umugabo wiyemerera kuba yarishe abantu bagera kuri batandatu abaciye imitwe, ariko we akavuga ko ari ibirozi bamuroze byamutegekaga kubica.
Ku mugoroba wo kuri iki cyumeru taliki ya 5 GAshyantare 2022,!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yerekanye umugabo ukurikiranyweho kwica abantu abaciye imitwe
Polisi y'igihugu yatangaje ko yataye muri yombi Bwana Usto wihimbye Youssouf, uyu mugabo akurikiranyweho icyaha cyo kwica abantu abanje kubaca imitwe, uyu mugabo yafatanywe ama terefoni atatu y'abantu yishe.
Polisi y’u Rwanda kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Bashwaniye ku murenge bananiwe kumvikana ku micungire y’umutungo
Umusore n’umukobwa bo mu karere ka Karongi, batonganiye ku murenge bananiwe kumvikana ku buryo bazacunga umutungo wabo nyuma yo gusezerana.
Byabereye ku biro by’umurenge wa Bwishyura kuri uyu wa 3 Gashyantare 2023.
Ubwo ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umushoferi wagonze umunyamakuru Ntwali yagejejwe imbere y’ubutabera
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse isomwa ry’urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Bagirishya Moise Emmanuel, ukurikiranyweho icyaha cyo kugonga moto yari itwaye umunyamakuru Ntwali John Williams akitaba Imana.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa yamaganye ibihugu by’ibihangange binyunyuza umutungo wa Congo
Nyir'ubutungane papa Fransisko waraye utangiye urugendo rwe muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo, yamaganye ibihugu by'ibihangange binyunyuza umutungo kamere wa Congo, abisaba gukura akaboko kabo muri icyo gihugu
Umushumba!-->!-->!-->!-->!-->…