Browsing Category
Ubuzima
Gisagara: Pasitori w’itorero Assamblee de Dieu yatawe muri yombi, arakekwaho gusambanya…
Umupasitori wo mu itorero rya Assemblee de Dieu mu Karere ka Gisagara yatawe muri yombi, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w'umukobwa.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha, kuri uyu wa 30 Nyakanga 2021 rwataye muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…
MINEDUC yakuyeho urujijo ku itangira ry’igihembwe cya 3 ku byiciro by’amashuri…
Ministeri y'uburezi mu Rwanda yakuyeho urujijo itangaza igihe amashuri y'inshuke n'amashuri y'icyiciro cya mbere cy'abanza ishyiraho igihe ibyo byiciro bizatangirira igihembwe cya gatatu mu gihe ibindi byiciro bimaze igihe bishoje!-->!-->!-->…
Impuguke mu buvuzi zagiriye inama abakize covid-19 kwitwararika no kutirara.
Impuguke mu buvuzi, zakangurira abarwaye icyorezo cya COVID19 bakagikira ko bagomba kwitwararika bakubahiriza inama bagirwa na muganga, kuko hari ibisigisigi by’indwara iki cyorezo kibasigira mu myanya y’ubuhumekero .
Mbarushimana!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Gitifu w’akagali wabaswe n’ingeso y’ubusinzi yanditse asezera ku mirimo…
Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Akagali ka Karambi, mu Murenge wa Muhazi yandikiye ubuyobozi bw'Akarere ka Rwamagana asezera ku nshingano ze kubera ingeso y'ubusinzi yamunaniye.
Amakuru y'iyegura y'uyu munyamabanga nshingwabikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Polisi yafashe urubyiruko rw’abanyamahanga bari mu birori barenze ku mabwiriza yo kurwanya…
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27 Nyakanga ahagana saa moya abapolisi bakorera mu Karere ka Nyanza bafashe abasore n’inkumi 9 biga mu ishuri ry’amategeko riherereye mu Karere ka Nyanza (ILPD). Aba bose bakaba!-->!-->!-->…
Icyoba cy’ubwiyongere bwa Covid-19 butumye indi mirenge 50 ishyirwa muri gahunda ya Guma mu…
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje Imirenge hirya no hino mu gihugu twashyizwe muri Gahunda ya Guma mu Rugo bitewe n’ubwiyongere bwa COVID-19.
Itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Umugabo yiteye icyuma mu nda ku bw’umujinya wo gufuhira umugore we.
Umugabo ufite imyaka 36 utuye mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana, yiteye icyuma mu nda nyuma y’umujinya w’uko akeka ko umugore we asambanywa n’abandi.
Uyu mugabo yiteye icyuma ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Rwanda habonetse virusi esheshatu za Covid-19 yihinduranyije zirimo n’itazwi.
Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko mu Rwanda hamaze kugera ubwoko butandatu bwa virusi itera Covid-19, burimo iyihinduranya izwi nka ‘Delta’ ndetse n’indi kugeza ubu hataramenyekana izina ryayo.
Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre Gatabazi yasobanuye uburyo ibiryo bigenewe abatishoboye bitangwa.
Nyuma y'aho Lata yongeyeho iminsi itanu ku icumi ya guma mu rugo, ministre yavuze ko abatishoboye bazakomeza guhabwa ibibatunga ndetse anasobanura uburyo iyo nkunga y'ibiribwa itangwa.
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru ubwo abaturage!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Abantu 12 bafashwe banywera inzoga muri butike yahinduwe akabari
Ku mugoroba wa tariki ya 20 Nyakanga ahagana saa mbiri nibwo abapolisi bari mu bikorwa byo kugenzura iyubahirizwa ry’amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19 bafashe bariya bantu 12. Bafatiwe muri butike yahinduwe akabari!-->!-->!-->…
Ruhango:Umunyeshuri yabyariye mu kizamini bamusangisha ikizami mu bitaro.
Hari umunyeshuri wabyaye ku munsi wa mbere w'ibizamini byatangiye none biba ngombwa ko bamusangisha ikizami mu bitaro aho yari yagiye kubyarira.
Inkuru ikomeje kuvugwa cyane nka kimwe mu bidasanzwe mu gihe ibizamini bisoza ikiciro!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi Bwana Munyandera wibaga amabuye…
Polisi ikorera mu Karere ka Ngororero kuri uyu wa Mbere tariki ya 19 Nyakanga yafashe Munyandera Jean Bosco w’imyaka 48 umwe mu bari bamaze iminsi bajya mu kirombe cya rwiyemezamirimo bagacukuramo amabuye y’agaciro mu buryo butemewe!-->!-->!-->…
Musanze: Umwangavu w’imyaka 12 waherukaga gukora ikizami cya Leta bamusanze amanitse ku giti yapfuye
Umwana w'umukobwa ufite imyaka 12 y'amavuko bamusanze ku giti yapfuye, birakekwa ko yaba yiyahuye.
Umwana w’umukobwa witwa Iratuzi Solange w’imyaka 12 wo mu Mudugudu wa Nyiramuyenzi, Akagari ka Buramira mu Murenge wa Kimonyi, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Polisi yarokoye abantu 7 bari barohomye mu kiyaga cya Kivu
Mu ijoro ryo kuri uyu mbere tariki ya 19 Nyakanga ahagana saa saba abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda bashinzwe umutekano wo mu mazi barohoye abantu 7 bari bavuye mu Murenge wa Boneza mu Karere ka Rutsiro bagiye mu!-->!-->!-->…
Kenya:Umupolisikazi wahigwaga kubera icyaha cyo kwica abagabo babiri nawe yirashe arapfa.
Umupolisikazi wo muri Kenya wari umaze igihe ashakishwa aregwa kurasa akica abagabo babiri bamusanze yapfuye mu rugo rw'ababyeyi be.
George Natembeya, umutegetsi wo mu ntara ya Elgeyo Marakwet yavuze ko Caroline Kangogo yari!-->!-->!-->!-->!-->…