Browsing Category
Ubuzima
Burundi: Ubuyobozi bwakuyeho icyemezo cyo kwirukana umugore ushinjwa gutwara abagabo b’abandi
Ubuyobozi bw'intara ya Muyinga bwakuyeho icyemezo cyari cyafashwe n'umuyobozi wa komini cyo kwirukana ku butaka bw'aho ayobora umukobwa ushinjwa gutwara abagabo b'abandi.
Guverineri w'intara ya Muyinga mu gihugu cy'Uburundi!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Yiyahuye nyuma y’ikimwaro cyo gufatirwa mu cyuho yiba intama ya se umubyara.
Umugabo witwa Samuel Niyongombwa yaraye yiyahuje umugozi arapfa nyuma y'aho afatiwe mu cyuho yiba inama ya se umubyara.
Mu Karere ka Gicumbi, mu murenge wa Byumba, Akagari ka Kibari, Umudugudu wa Gakenke haravugwa amakuru y'umugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Katuti yemeye ko yishe umugore we amuziza kumukanda ubugabo
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 4 Mata 2023, Umugabo witwa Katuti Evans wo mu gihugu cya Kenya yemereye urukiko ko yiyiciye umugore we yishakiye amuziza ko ubwo barwanaga uwo mugore yamukanze udusabo tw'intanga (Ubugabo) kugeza aho yenda!-->!-->!-->…
USA: Mamba Hamissi, umurundi umaze kwandika izina rikomeye mu bijyanye no guteka
Mamba Hamissi ni Umurundi umaze kwandikisha ikaramu y'icyuma mu mitima ya benshi muri Leta Zunze ubumwe za Amerika kubera ubuhanga afite mu mwuga wo guteka.
Uko umugabane wa Afrika ugenda utera imbere ni nako imwe mu myumvire!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Bwana Kabwa n’umugore we baraye batwawe n’umugezi baburirwa irengero
Umugore witwa Ingabire Claudine hamwe n’umugabo we batwawe n’amazi y’umugezi witwa Kabwa, ugabanya imidugudu ya Musaga na Karambo mu Murenge wa Kinyababa mu Karere ka Burera, baburirwa irengero.
Imvura nyinshi yaguye muri ako Karere!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ubuyobozi bwemeye gashakira terefoni zigezweho abakuru b’imidugudu
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwijeje ko bugiye gushakira terefoni zigezweho abakuru b'imidugudu yose yo muri ako Karere mu rwego rwo kunoza akazi bakora.
Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza Bwana NTAZINDA Erasme yavuze ko ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Gen Muhoozi ategerejwe i Kigali mu birori byo kwizihiza isabukuru ye.
Umujyanama wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni akaba n’umuhungu we, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko muri Mata azerekeza i Kigali mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 49.
Abinyujije kuri Twitter, Gen Muhoozi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyarwanda yahamijwe icyaha cyo gutwika kiliziya akatirwa gufungwa imyaka ine
Urukiko rwo mu Bufaransa rwakatiye igifungo cy'imyaka ine Umunyarwanda wahamijwe icyaha cyo gutwika kiliziya i Nantes
Kuwa gatatu, Urukiko rwo mu Bufaransa rwakatiye Emmanuel Abayisenga gufungwa imyaka ine kubera gutwika no kwangiza!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa Francis yaraye ajyanywe mu bitaro, bituma hari zimwe muri gahunda ze zisubikwa
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis umaze kugeza ku myaka 86 y’amavuko, yaraye mu bitaro kubera ibibazo yasanganywe mu myanya y’ubuhumekero nk’uko byemejwe na Vatican.
Ibiro Ntaramakuru by’u Bufaransa (AFP)!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuryango w’abafite ubumuga bw’uruhu baranenga ibyavuye mu ibarura rusange…
Umuryango w'abafite ubumuga bw'uruhu mu Rwanda watangaje ko utemeranywa n'ibyavuye mu ibarura rusange ry'abaturage riherutse gushyirwa hanze aho ikigo cy'ibarurishamibare cyatangaje abo bantu bangana na zero.
Mu mpera z'ukwezi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ambasade ya Uganda i New York yatewe n’abagizi ba nabi
Ambasade ya Uganda i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika yatewe n’abagizi ba nabi, bamena ikirahuri cy’urugi rw’imbere, bakomeretsa umudipolomate ukomoka muri Sudani y’Epfo.
Ni ibintu bibayeho mu gihe Uganda irakariwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Abazungu bariye karungu bavuga ko Uganda niyiha gutora itegeko ryo kwica abatinganyi izahabwa…
Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi na leta zunze ubumwe za Amerika ngo byaba byiteguye guhana byihanukiriye Uganda, ndetse amakompanyi yaho akomeye ashobora kuva ku butaka bw’iki gihugu, nyuma y’uko inteko ishinga amategeko itoye umushinga!-->!-->!-->…
Musanze: Yibye umugenzi bari bicaranye mu modoka arayisimbuka afatwa n’abatutage
Umugenzi yasimbutse mu modoka ariruka, nyuma yo kwiba umugore bari bicaranye amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 189. Abaturage bakibimenya, bamwirutseho agerageje kubarwanya bamurusha imbaraga baramufata.
Uwo mugabo ukekwaho kwiba,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umwaka urihiritse Akarere karamwimye akazi yatsindiye ko kuyobora ishuri
Umwaka wose urarenze ashyizwe ku rutonde rw'abatsindiye umwanya wo kuyobora ikigo cy'ishuri ariko ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwanga kukamuha
Umugabo uvuga ko akora akazi k'uburezi mu Karere ka Nyanza, mu murenge wa Busasasmana!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umugabo yashenye inzu yabagamo, acukuramo imva ashaka kwihamba ari muzima
Umugabo wo muri Kenya witwa Francis Chebuche w’imyaka 22, aravugwaho kuba yarahoraga mu makimbirane n’umugore we, nyuma aza no kumwirukana, ahubwo atangira kwicukurira imva, nyuma ajya no kugura isanduku n’imyenda azambara yihamba ,!-->!-->!-->…