Browsing Category
Ubuzima
Tanzaniya: Leta yavuze ko izakoresha ibyatsi mu gukingira Covid-19 aho gukoresha urukingo…
Amakuru avuga ko Tanzania yavuze ko idafite gahunda yo gutumiza inkingo za Covid-19, ko ahubwo yizeye ubushakashatsi "ku byatsi" byo muri icyo gihugu.
Mu kiganiro n'ikinyamakuru The East African, Gerald Chami, umuvugizi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron bamusanzemo COVID-19
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ibipimo byagaragaje ko afite ubwandu bwa Virus ya COVID-19, nk’uko ibiro bye byabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 17 Ukuboza 2020. Emmanuel Macron yahise afata icyemezo cyo kwishyira mu kato mu!-->!-->!-->…
HEC yahagaritse amasomo ya nimugoroba muri za kaminuza.
Inama nkuru y’igihugu ishinzwe amashuri makuru na kaminuza (HEC) yasohoye itangazo rihagarika amasomo ya nimugoroba mu mashuri makuru yose yo mu Rwanda mu rwego rwo kubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19, bikaba byatangiye!-->!-->!-->…
Kayonza: Umugore yiyahuje ikinini k’imbeba nyuma y’amakimbirane yagiranye…
Umugore wari ufite imyaka 22 atuye mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Gahini yaraye yiyahuje ikinini bakunze gutegesha imbesha nyuma yo kugirana amakimbirane n’umugabo we akajya kwirarira ku mugore we mukuru.
bi byabaye mu ijoro!-->!-->!-->!-->!-->…
Nsabimana yiyahuje umugozi nyuma yo gutongana n’umugore bapfa amafranga y’ikimina
Nsabimana Alex w’imyaka 36 wari usanzwe atuye mu mudugudu wa Rwisoko mu Kagari ka Gako mu Murenge wa Kagano, yasanzwe mu mugozi bikekwa ko yiyahuye nyuma y’aho tariki ya 13 Ukuboza yari yashwanye n’umugore we bapfa amafaranga!-->!-->!-->…
U Rwanda ruzakenera miliyari 100 kugira ngo abaturage bose bahabwe urukingo rwa Covid-19
U Rwanda ruzakenera akayabo k'amafranga agera kuri miliyari 100 kugira ngo abaturarwanda basaga miliyoni 12 bahabwe urukingo rwa Covid-19.
Hamaze iminsi hibazwa igihe urukingo rw'icyorezo cya Covid-19 ruzabonekera, mu ntangiriro!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yanze kwishyura ibitaro avuga ko umugore we yabyaye umwana mubi!
Hirya no hino usanga abagabo bashyira amakosa ku bagore babo yerekeranye n'urubyaro rwabo akenshi usanga bapfa igitsina yabyaye. ariko noneho ni agahoma munwa! umugabo wo mu gihugu cya Nigeria yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga ubwo!-->…
Huye: Bwana Venuste bamutegeye amacupa 6 y’urwarwa aramuhitana
Umugabo w’imyaka 45 y’amavuko wo mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye yahawe intego yo kunywa amacupa atandatu y’urwagwa birangira rumuhitanye nk’uko bivugwa na bamwe mu baturage bari bahari.
Amakuru dukesha IGIHE aravuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Bamwe mu baturage barinubira abayobozi babashyira mu byiciro by’ubudehe ku ngufu
Bamwe mu baturage baravuga ko hari abayobozi bo mu nzego z'ibanze bari gushyira abaturage mu byiciro by'Ubudehe ku ngufu.
Hashize iminsi Ministeri y'ubutegetsi bw'igihugu iri mu gikorwa cyo gushyira abaturage mu byiciro bishya!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Christophe arashinja ubuyobozi kurangarana ihohoterwa yakorewe n’abanyerondo
Umuturage wo mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza, arashinja abanyerondo kumuhohotera aho bamukubise inkoni y’icyuma ya “fer à béton” ahinduka intere, yajijijwe ko yatashye iwe amasaha ya Gera mu Rugo yarenze igihe kugera mu rugo!-->!-->!-->…
Nyagatare: Abantu 46 bafashwe bari gusenga barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19
Mu gicuku ku Cyumweru tariki ya 06 Ukuboza ahagana saa saba n’igice, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’irondo ry’umwuga rikorera mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Matimba, Akagari ka Rwentanga, bafashe abantu 46 basengera mu nzu!-->!-->!-->…
Ubwongereza: Ku myaka ye 90, Margaret Keenan niwe uhawe urukingo rwa covid-19 bwa mbere
Umukecuru w'imyaka 90 yabaye umuntu wa mbere uhawe urukingo rwa Covid-19, mu gikorwa cy'ikingira kirimo gutangizwa mu Bwongereza.
Nyuma y'aho igihugu cy'Ubwongereza kibaye icya mbere ku isi mu gutera rubanda rwayo inkingo z'icyorezo!-->!-->!-->!-->!-->…
I Kigali abanduye Covid-19 ni 50 muri 62 bashya banduye imibare yongeye kuzamuka
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 07 Ukuboza 2020 habonetse abanduye Covid-19 bashya 62 barimo aba Kigali: 50, Musanze: 7, Rubavu: 3, Ngororero: 1, Rusizi: 1.
Abamaze kwandura iki cyorezo bose kuva cyagera mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese ni iyihe mpamvu iri gutuma abandura Covid-19 biyongera i Musanze?
Itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ryo ku Cyumweru tariki ya 06 Ukuboza 2020 rigaragaza ko mu barwayi bashya 45 babonetse, 21 ari abo mu Karere ka Musanze ushobora kwibaza impamvu irikuzamura abarwayi bashya i Musanze? kuko barwayi bashya!-->…
Ministre w’intebe yasabye ababyeyi kugira uruhare muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri ku…
Ministre w'intebe Bwana Edouard yasabye ababyeyi kugira uruhare rutaziguye muri gahunda yo kugaburira abana ku mashuri basanzwe bigaho.
Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, ubwo yagezaga ku bagize Inteko!-->!-->!-->!-->!-->…