Browsing Category
Ubuzima
Mu kwezi kumwe gusa kwa Mutarama, abantu bagera kuri 34 bahitanywe n’ibiza
Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko ibiza byiganjemo ibyatewe n’imvura byabaye guhera mu ntangiro z’uyu mwaka wa 2021 kugeza tariki ya 16 Gashyantare bimaze gutwara ubuzima bw’abantu 34.
Imibare itangwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Umuganga uvurira mu bitaro by’i Gitwe yasanzwe mu nzu yapfuye.
Umuganga usanzwe uvura amaso ku bitaro by'i Gitwe bamusanze mu nzu ye yitabye Imana, ntibamenya icyamwishe.
Amakuru y'urupfu rwa Bwana Micomyiza Sixbert yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ubwo abo bakoranaga ku bitaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Mfitumukiza wifuza guhindurirwa amazina.
Uwitwa MFITUMUKIZA JACQUES mwene HABYARIMANA Jean de Dieu na Damars AYINKAMIYE, utuye mu Karere ka Musanze mu Ntara y'Amajyaruguru, mu Murenge wa Cyumve, arifuza guhindurirwa amazina akitwa MFITUMUKIZA JACKSON akaba ari nayo yandikwa!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatangije igikorwa cyo gukingira Covid-19
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda yatangije igikorwa cyo gukingira no gutera inkingo za covid-19 hibandwa ku bakora muri serivisi z'ubuzima.
Gahunda yo gukingira Covid-19 mu Rwanda yatangiriye ku bafite ibyago byo kwandura kurusha!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC:Ebola yahitanye umuntu wa 2 muri uyu mwaka
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) na Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), batangaza ko umukecuru w’imyaka 60 yapfuye ku wa 10 Gashyantare 2021 mu gace ka Beni mu Burasirazuba bwa!-->…
Bwana Kaneza n’umuryango we bamaze ibyumweru 2 barara muri shitingi nyuma yo gusenyerwa…
Bwana KANEZA ukorera SACCO yo mu Karere ka Rusizi amaze hafi ibyumweru bibiri arara muri Shitingi we n'umuryango we nyuma y'aho ubuyobozi bw'Akarere bumusenyeye inzu.
Umukozi wa SACCO y’Umurenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi,!-->!-->!-->!-->!-->…
General Jacques Musemakweli wari umugenzuzi w’ingabo z’u Rwanda yitabye Imana.
Lieutenant General Jacques Musemakweli umwe mu basirikare bakuru mu ngabo z'u Rwanda yapfuye mu ijoro ryacyeye azize uburwayi butaratangazwa.
Umwe mu basirikare bakuru bo mu ngabo z'u Rwanda utifuje gutangazwa yabwiye BBC dukesha!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Tuyishime yarohamye mu mugezi ubwo yageragezaga kurohora umwana w’umuturanyi.
Umugabo witwa Tuyishime yarohamye mu mugezi witwa Karandura wo mu Karere ka Nyamasheke ubwo yageragezaga gutabara umwana w'umuturanyi wari ugiye kurohama.
Urupfu rwa Bwana Tuyishime Emmanuel rwabaye kuri uyu wa gatatu mu masaha yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Akarere katangiye igikorwa cyo gutera umuti mu mazu y’abantu mu rwego rwo guhashya…
Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza yatangije igikorwa cyo gutera imibu mu mazu mu rwego rwo kurandura malariya.
kuri uyu wa gatatu taliku ya 10 Gashyantare nibwo umuyobozi w'Akarere ka Nyanza, Bwana NTAZINDA Elasme yatangije igikorwa cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Ishuri ryisumbuye ry’Abadivantisiti ry’i Gakoni ryafunzwe nyuma yaho…
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yemeje ko yafunze by’agateganyo Ikigo cy’ishuri cya Gakoni Advrntist College giherereye mu Murenge wa Kiramuruzi wo mu Karere ka Gatsibo bitewe n’imyitwarire idahwitse abanyeshuri biga kuri iryo shuri!-->!-->!-->…
Musanze: Batewe ubwoba n’indwara bashobora guterwa n’uducurama tubasanga mu nzu.
Abaturage bo mu Mujyi wa Musanze ahitwa muri Susa, baravuga ko bahangayikishijwe n’uducurama duturuka mu buvumo buri hafi aho bukabatera mu ngo zabo.
Aba baturage bari gutaka umutekano muke batezwa n’utu ducurama twirirwa mu buvumo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Umugabo yiyahuye nyuma y’uko umugore we amuciye inyuma akabyarana n’undi mugabo.
Umugabo w’imyaka 42 wari utuye mu Murenge wa Jarama mu Karere ka Ngoma, yasanzwe mu mugozi iwe mu nzu yiyahuye, bigakekwa ko yabitewe n’uko umugore we aherutse kwahukana akagaruka atwite inda y’undi mugabo.
Byabaye ku mugoroba wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrika yepfo yahagaritse gutera urukingo rwa “AstraZeneca” kubera ubwoko bushya bwa…
Africa yepfo yahagaritse by'agateganyo gahunda yo gutanga urukingo rwa Oxford-AstraZeneca nyuma y'uko inyigo y'uko rukora ku bwoko bushya bw'iyi virus itanze ibisubizo "bica intege".
Abahanga muri siyansi bavuga ko ubwoko bushya bwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya n’u Burundi ntibiri ku rutonde rw’ibihugu bizahabwa inkingo za Covid-19.
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima ku isi OMS/WHO ryatangaje umugambi w'agateganyo w'uko ibihugu bizahabwa inkingo za Covid-19 muri uyu mwaka, mu karere k'ibiyaga bigari Tanzania n'u Burundi ntibiri muri uwo mugambi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda 7 barekuwe na Leta ya Uganda bavuze iyicwarubozo bakorewe.
Abanyarwanda barindwi, barimo umwana w’umuhungu w’umwaka umwe n’igice, baraye bageze mu Rwanda nyuma yo kurekurwa na Leta ya Uganda yari imaze igihe ibafungiwe muri gereza zitandukanye aho bakorewe iyicarubozo ryaviriyemo umwe ingaruka!-->!-->!-->…